Gaza: Umuganga Wiciwe Abana Icyenda Mu Gitero Cya Israel Nawe Yapfuye

Dr Hamdi al-Najjar wari ufite ibitaro muri Gaza ahitwa Khan Younis akaba aherutse gupfusha abana icyenda bazize igisasu cya Israel nawe yapfuye azize ibikomere yavanye muri icyo gitero.Icyo gitero cyabaye Tariki 23, Gicurasi, 2025. Uyu mugabo wari ufite imyaka 40, yahuye n’ako kaga ubwo yari avuye kugeza umugore we nawe w’umuganga witwa Dr Alaa al-Najjar […]

Continue Reading

Imodoka Papa Francis yagendagamo igiye guhindurwa ivuriro ry’abana

Imwe mu modoka zatwaraga Papa Francis ari i Roma( bazita mu Cyongereza popemobiles) igiye guhindurwamo ahantu abana bo muri Gaza bazajya bavurirwa. Aya makuru yaraye atangajwe na Vatican News yemeza ko biri mu byo Papa Francis yasize asabye ko bizakorerwa abana bo muri Gaza kugira ngo babone ubuvuzi. Imodoka iri buhindurwe ibitaro ni iyo Papa […]

Continue Reading