Ngoma: Umwarimu yafatanywe ‘idishi’ y’ibiryo abishyiriye abana be iwe mu Rugo

Umwarimu wo Mukarere ka Ngoma, mu Murenge wa Mugesera yafashwe amaze kubika idishi [ isahani nini baruriramo iby’abana 10] y’umuceri uhiye mu Kabati ke ko ku ishuri, avuga ko yari awushyiriye abana be iwe mu rugo. Uyu mwarimu yemeye ko atari ubwa mbere yari abitwaye ndetse asaba imbabazi akomeje ko atazabyongera. Icyo kibazo cyagaragaye kuri […]

Continue Reading

Kicukiro: Abafundi bamenaguye imodoka itwara abanyeshuri abana batatu barakomereka

Mu Mudugudu wa Kinyana, Akagali ka Nunga, mu Murenge wa Gahanga ho mu Karere ka Kicukiro, habereye igikorwa cy’urugomo cyatunguye ndetse kibabaza abatari bake ubwo abafundi badukiraga imodoka irimo abanyeshuri bakayimenagura ibirahure abana batatu bagakomereka. Amakuru agera ku Ijamboryumwana.rw avuga ko byatewe no kutumvikana hagati y’umushoferi wari utwaye iyo modoka y’abanyeshuri biga muri Mary 1000s […]

Continue Reading

Rubavu: Ubushinjacyaha bwasobanuye uko umwana w’imyaka 16 yishe umugore wa 53

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bwasobanuye ko umwana w’umuhungu w’imyaka 16 ukekwaho kwica umugore w’imyaka 53 yakoresheje igiti (urwego) yari akuye mu gitoki cya nyakwigendera agiye kugikubita bagenzi be barwanaga. Mu minsi ishize twabagejejeho inkuru y’itabwa muri yombi ry’umwana wo mu Mudugudu wa Kabingo, Akagari ka Musabike, Umurenge wa Kanama, mu Karere ka Rubavu, akekwaho […]

Continue Reading

Igihe nyacyo cyo guha umwana smartphone n’ibyo akwiye kuba ayikoresha

Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana, yakebuye ababyeyi bashobora kwibwira ko kureresha abana telefoni ntacyo bitwaye, yerekana ikigero cy’imyaka umwana yemerewe guhabwa smartphone n’ibyo akwiye kuba areba. Bikubiye mu butumwa yanyujije kuri X bugira buti: ’’Ni ingenzi cyane ko ababyeyi bamenya igihe umwana yakabaye akoresha telefoni n’aho kuyikoresha bigarukira bitewe, n’ikigero cy’imyaka afite.” Yagaragaje ko umwana […]

Continue Reading

Muhanga: Umugabo yemeye ko yasambanyije umwana we w’imyaka 6

Umugabo w’imyaka 26 y’amavuko utuye mu Mudugudu wa Birembo, mu Kagari ka Mukinga, Umurenge wa Nyamiyaga, mu Karere ka Kamonyi arakekwaho gusambanya umwana we w’umukobwa w’imyaka 6.  Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga buri gukurikirana uyu Mugabo, bwavuze ko mu bihe bitandukanye yagiye asambanya umwana we yibyariye w’imyaka itandatu y’amavuko, nyuma y’uko nyina yahukanye akamumusigira.  Icyaha akurikiranyweho […]

Continue Reading

Barack Obama yatabarije abana bashobora kutabona icyo bashyira mu nda mu minsi mikuru

Barack Obama wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye abari ku butegetsi kudahagarika inkunga igenerwa ab’amikoro make kuko byatuma umwana umwe muri batanu abura ibyo kurya bifite intungamubiri ndestse Abanyamerika barenga miliyoni 47 muri rusange bagasoza umwaka ntacyo kurya bafite. Ukwezi kurashize Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri mu cyitwa “Government Shutdown”. Muri Politiki […]

Continue Reading

Nyakariro: Umurambo w’umugore n’uw’umwana w’umwaka umwe yasanzwe mu murima

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyakariro uherereye mu Karere ka Rwamagana bwatangaje ko hakiri urujijo ku murambo w’umugore uri mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 25 na 30 ndetse n’uw’umwana uri mu kigero cy’umwaka umwe, yasanzwe mu murima. Yabonywe n’umuturage wari uri guhinga mu Mudugudu wa Rusheshe mu Kagari ka Bihembe mu Murenge wa Nyakariro. Umunyamabanga Nshingwabikorwa […]

Continue Reading

Ibyaha byo gusambanya abana byasumbye kure ibyo gukubita no gukomeretsa mu byakirwa n’Urugereko rwa Musanze

Urugereko rw’urukiko rukuru rwa Musanze rwatangaje ko ibyaha byo gusambanya abana aribyo byiganje mu manza z’inshinjabyaha rwakiriye nyuma y’ibiyobyabwenge biza ku mwanya wa Mbere. Ibi byagaragarijwe mu biganiro Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla yagiranye n’abacamanza, abanditsi b’inkiko n’abandi bakozi bakorera muri urwo Rugereko, byari bigamije kurebera hamwe uko hatangwa ubutabera bunoze kandi bwihuse hagamijwe kugabanya […]

Continue Reading

Minisitiri Mukazayire yasuye abana batoranyijwe muri gahunda yiswe “Isonga”

Mu rwego rwo gukomeza guteza imbere gahunda ya “Isonga Program” igamije gukuza impano z’abanyeshuri mu mikino inyuranye, Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yasuye ibigo by’amashuri byo mu Burasirazuba no mu Majyaruguru, byatoranyijwe nk’indashyikirwa muri iyi gahunda. Nyuma y’uko hatoranyijwe ibigo by’indashyikirwa by’amashuri yisumbuye muri Porogaramu “Isonga”, Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yatangiye gukora uruzinduko rw’akazi […]

Continue Reading

Musanze: Hafunguwe Ikigo kirimo ‘ECD’ yakira abana bafite ubumuga

Mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Gacaca hafunguwe ku mugaragaro, Ikigo “Ubumwe Community Center” gifite umwihariko wo gutanga serivisi z’imbonezamikurire y’abana bato (ECD) ku bana bose, harimo n’abafite ubumuga ndetse kikazajya gitanga ubuvuzi bw’ubugororangingo aho bukenewe kuri abo bana. Ni Ikigo cyubatswe, ku nkunga y’umuryango ‘Hope and Homes For Children’ cyatangiranye abana bari hagati […]

Continue Reading