Perezida Kagame yavuze ku nzara yatumye umubyeyi atekerera abana ‘imitanga’

Perezida Paul Kagame yavuze ku kibazo cy’inzara imaze iminsi ivugwa i Kayonza, yatumye umubyeyi atekera abana imbuto zitaribwa zitwa ‘Imitanga’ agamije kubatinza ngo basinzire, yabona byanze akagerageza kwiyagura, akaza gutabarwa n’umwe mu bana wari ugiye kumureba mu cyumba amubaza niba bitarashya. Mu Karere ka Kayonza mu Mirenge ya Kabare, Ndego, Rwinkwavu, Murama, Mwiri na Murundi […]

Continue Reading

Rusizi: Hari imishinga yasabiwe kongererwa ingengo y’Imari aho kuyigenera kwita ku nzererezi

Urubyiruko rwo mu Karere ka Rusizi rwasabye ubuyobozi bw’ako Karere ko ingengo y’imari nini [ku ibagenewe] yajya ishyirwa mu mishinga yo kwita ku bana n’urubyiruko, aho kugira ngo igenerwe Ikigo Ngororamuco kinyurwamo by’igihe gito cya Gashonga (transit center). Rugasanga igihe iyo mishinga yashyirwamo imbaraga abajya muri Transit Center bagabanyuka, bityo ingengo y’imari yabakoreshwagaho nayo ikagabanyuka […]

Continue Reading

#RDHS7: Uturere 11 turacyafite igwingira riri hejuru ya 30%

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko Uturere 11 tugifite igwingira riri hejuru ya 30% nubwo imibare rusange yerekana ko ryagabanyutseho 6% mu gihugu hose. Ni ibyatangarijwe mu bushakashatsi bwa Karindwi ku buzima n’imibereho mu Rwanda (#RDHS7) bwari butegerejwe n’abatari bake. Mu byo benshi bari bategerezanyije amatsiko harimo ikijyanye n’imirire mibi n’igwingira. Imibare rusange yerekana ko […]

Continue Reading

NISR: Abangavu batewe Inda biyongereyeho 3%

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko abangavu bari hagati y’imyaka 15 na 19 batewe Inda biyongereyeho 3% bava kuri 5% mu 2020 bagera ku 8% mu 2025. Ni ibikubiye mu bushakashatsi bwa Karindwi ku buzima n’imibereho mu Rwanda (#RDHS7) bwamuritswe kuri uyu wa 17 Ukuboza 2025. Imibare ya DHS iheruka yerekana ko mu 2020 abangavu […]

Continue Reading

Gicumbi: Igisasu cyishe abana batatu bo mu muryango umwe

Abana batatu b’abahungu barimo uw’imyaka 16 uwa 13 n’uw’imyaka Itanu y’amavuko bo mu Murenge wa Cyumba ho mu Karere ka Gicumbi baturikanywe n’igisasu bose bahita bapfa. Ibi byabaye Mugitondo cyo kuri uyu wa kabiri, tariki 16 Ugushyingo 2025 ahagana saa tatu, ubwo abo bana batatu b’abahungu bava inda imwe bajyaga gutashya mu ishyamba. Amakuru avuga […]

Continue Reading

Batangiye ari bato basoza bakerewe-ubuhamya bw’abadindijwe n’akato gahabwa abanduye VIH mu mashuri

Abana b’abanyeshuri bafite Virusi itera SIDA, bagaragaza ko bakomeje guhabwa akato kuburyo bibaviramo guta ishuri, naho abafite amikoro bakagenda bahindura Ibigo bigaho igihe bimenyekanye ko banduye, kugeza igihe barangirije. Ubushakashatsi bwakozwe n’Urugaga rw’Abafite Virusi itera SIDA mu Rwanda (RRP+) bugaragaza ko mu myaka ibiri ishize abarenga 28% mu bana bari mu mashuri abanza n’ayisumbuye banduye […]

Continue Reading

Gatsibo: Amayobera ku rupfu rw’umwana bikekwa ko yishwe na nyina

Mu Mudugudu wa Nyarubuye, mu Kagali ka Busetsa mu Murenge wa Kageyo ho mu Karere ka Gatsibo, hasanzwe umurambo w’umwana uri mu Kigero cy’umwana umwe n’igice bikekwa ko yishwe n’umubyeyi we bivugwa ko yari ndaya muri ako gace. Mu buhamya bwatanzwe n’umwe mu baturanyi b’aho uwo mubyeyi yari acumbitse, yavuze ko iruhande rw’umurambo w’umwana hari […]

Continue Reading

Abana bagize ‘Ghetto Kids’ bakomeje kwigarurira imitima ya benshi (Amafoto)

Kuva ku kubyina indirimbo ya Eddy Kenzo bikinira mu 2014, kubyina mu gutangiza imikino y’igikombe cy’Isi mu 2022, kujya i Paris no muri Britain’s Got Talent mu 2023 abana bo mu itsinda rya ‘Ghetto Kids’ ryo muri Uganda bakomeje kwigarurira imitima ya benshi. Kumara umwanya munini abantu bareba video zabo nibyo bibahesha gutungwa n’imbugankoranyambaga zirimo […]

Continue Reading

Sudan: Ingabo za leta zirashinjwa kurasa ku mashuri

Iperereza ku bitero byo mu kirere mu ntambara yo muri Sudani ryerekanye ko ingabo z’iki gihugu zirwanira mu kirere zarashe ibisasu byishe abasivile bagera ku 1,700 mu bice bituwemo n’abaturage, ku masoko, amashuri ndetse n’inkambi zicumbitsemo abakuwe mu byabo. Ikigo cyakoze ubushakashatsi kuri Sudani (Sudan Witness) kivuga ko cyakusanije amakuru ahagije ku bitero byo mu […]

Continue Reading

Rubavu: Abana basaga 50 bajyanwa kenshi muri ‘Transit Center’ bari kwitabwaho byihariye

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatangaje ko bwahaye umwihariko ikibazo cy’abana 51 bataye ishuri ndetse bagaruka kenshi mu kigo cy’inzererezi kinyurwamo by’igihe gito ‘Transit Center’, mbere yo gusubizwa mu buzima busanzwe, harimo n’umaze kujyanwamo ishuro zirindwi. Ibi ni bimwe mu byagarutsweho ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bw’iminsi 16 bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, kuwa kabiri, tariki 25 […]

Continue Reading