Imaramatsiko ku bana binjirana n’abakinnyi mu Kibuga muri football

Mu Mupira w’amaguru hari umuco wihariye ugaragara ku Kibuga, iyo umukino ugiye gutangira, aho buri mukinnyi aba ari kumwe n’umwana basohoka mu rwambariro binjira mu Kibuga. Mu rurimi rw’abanyamupira uyu mwana yitwa ‘Player Escort’. agomba kuba afatanye n’umukinnyi mu kiganza igihe binjira mu Kibuga n’igihe baririmba indirimbo yubahiriza igihugu. Akenshi abana bose uko ari 11 […]

Continue Reading

MIGEPROF yasabwe gukemura ibibazo biri muri gahunda yo kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana bato

Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), yasabwe gukemura ibibazo bigaragara muri gahunda yo kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana bato bitarenze amezi 12. Inteko rusange umutwe w’Abadepite yateranye kuri uyu wa Kane tariki 13 Ugushyingo 2025, igezwaho raporo ya Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage ubwo yagenzuraga ikibazo cy’imirire mibi n’igwingira mu bana bato. Komisiyo yateguye igikorwa cyo gusesengura […]

Continue Reading

Umutekano w’abana urenze indyo yuzuye-Umuyobozi wa UNICEF mu Rwanda

Lieke van de Wiel uyobora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF, ishami ry’u Rwanda yabwiye abana bari baje kwizihiza umunsi mpuzamahanga wabahariwe ko kurya neza no kwiga bigendana no kuba batekanye. Hari mu gikorwa cyabereye ku i Rebero mu Karere ka Kicukiro ahahuriye abana bahagarariye abandi bari baje kumva inama za Polisi zo kwirinda […]

Continue Reading

Ababyeyi barasabwa guhindura imyumvire bakumva ko umwana w’umukobwa ari kimwe n’umuhungu

Hari bamwe mu babyeyi bagifite imyumvire idaha umwana w’umukobwa agaciro kimwe na ku muhungu kugeza ubwo ashobora gukumirwa kuba yajya mu mikino, ngo ikwiye kuranduka ihereye ku babyeyi, kuko umwana w’umukobwa na we ashoboye.Ubu ni bumwe mu butumwa bwatangiwe mu marushanwa y’umupira w’amaguru y’abangavu yabakanguriraga gukina.Mu Murenge wa Kigabiro habereye umukino wo guhatanira igikombe ku […]

Continue Reading

Rwamagana: Abarimu barasaba ubufatanye bw’ababyeyi kugira ngo abana bige neza

Abarimu bo mu Karere ka Rwamagana barashima Leta ko yabasubije agaciro, mwarimu akaba ari umuntu wubashywe na sosiyete bityo barasaba ababyeyi kuboherereza abana kugira ngo buzuze inshingano zabo dore Leta nayo yujuje izayo.Ibi byatangajwe ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wa mwarimu, mu Karere ka Rwamagana wizihirijwe ku rwego rw’akarere mu Murenge wa Kigabiro, aha niho hagaragarijwe […]

Continue Reading

Rusizi: Urubyiruko rwasabye kwite ku byo rwifuza mu igenamigambi

NST2 Uwingabire Frederic, Ati: “Duturuka mu Mirenge itandukanye, n’Uturere dutandukanye ugasanga bayugeneye budget itandukanye. Usanga ibikorwa bikorwa byibanda mu bice by’imijyo kandi no mu cyaro hari urubyiruko.” ============== Nyabyenda Emile Ati: “Twe turabaza abahagarariye abana, abafite ubumuga, abagore. Izo komite zose ziba zihagarariwe. Ibitekerezo biba ari bimwe, bamwe bati dukeneye umuhanda uva aha n’aha, dukeneye […]

Continue Reading

Siute

Mu kiganiri Intara y’amajyaruguru iherutse kugirana n’Abanyamakuru ubwo bareberaga hamwe ibibazo biri muri iyi ntara n’uburyo byabonerwa ibisubizo umuyobozi w’Akarere ka Burera Mukamana Soline yabwiye ijamboryumwana ko iki kibazo batari bakizi ariko ko bagiye kubihagurukira abazafatwa bakoresha abana bakabihanirwa dore ko biriya ari bimwe mubigize imirimo ivunanye ikoreshwa abana. Ati:”Ikibazo cy’abana bakoreshwa ubwo bucuruzi bavuga […]

Continue Reading

Abana Babiri babonekewe! Amashirakinyoma ku mabonekerwa ya Bikiramariya yabereye i Musanze

Mugitondo cyo kuri uyu wa 17 Mutarama 2026 nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho avuga ko Umubyeyi Bikiramariya yabonekeye abana babiri bo mu rwungwe rw’amashuri rwa Rwinzovu. Ni ishuri riherereye mu Mudugudu wa Rwinzovu, Akagali Murago ho mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze. Inkuru mpamo ivuga ko amabonekerwa nyirizina yatangiye ku Mugoroba wo […]

Continue Reading

Minisitiri Nsengimana yibukije abanyeshuri ko “Fresheri” zitangirira mu Rugo

Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yibukije abanyeshuri ko isuku itazajya ireberwa ku ishuri gusa ahubwo ari ukuyimakaza mu buryo buhoraho bahereye iwabo mu Ngo. Yabigarutseho ubwo yatangizaga ku mugaragaro ubukangurambaga bwiswe #FresheriKuIshuri muri Kigali bwatangirijwe mu rwunge rw’amashuri rwa Karembure. Ni ubukangurambaga bwo kwimakaza isuku mu mashuri bwatangijwe mu Gihugu hose ku wa Mbere taliki ya […]

Continue Reading