Urukiko rwanzuye ko umwalimu ukekwaho gusambanya abana babiri afungwa by’agateganyo
Urukiko rw’ibanze rwa Ruhango rwanzuye ko umwalimu wari usanzwe yigisha mu ishuri rya Nyanza TSS ryahoze ryitwa ETO Gitarama, akurikiranwa afunzwe by’agateganyo ku byaha akurikiranyweho n’ubutabera birimo icyo gusambanya abana babiri umwe w’imyaka 15 n’uwa 17 y’amavuko. Ibyo byaha yabikoze mu ntangiro za Mata ubwo bivugwa ko yahuraga n’abo bana basanzwe bacuruza ibiraha, akababwira ko […]
Continue Reading