Umuntu utaramemyekana wo mu Karere ka Gicumbi mu ntara y’anajayaruguru arigushakishwa n’inzego z’umutekano, nyuma yogutwikira umwana na nyina munzu akoresheje Peterori. Byabaye murukerera rwo kuri uyu wa gatanu tariki ya 10 ukwakira 2025, mu Murenge wa Mutete ho mu Karere ka Gicumbi. Amakuru avuga ko umuntu utaramenyekana yaje agakomangira umubyeyi witwa Buntu Christella uyu mubyeyi […]
Continue ReadingCategory: Uncategorized
Twishimiye uyu mwanya wo kubagezaho ubutumwa bugamije kwibukiranya ibyiza byo kubaka umuryango mwiza. UMURYANGO niwo shingiro yâimbaga yâabanyarwanda nkâuko Itegeko Nshinga ribivuga, ni igicumbi cyâumuco nâuburere, ni intangiriro yâubuzima, niho ha mbere hatorezwa indangagaciro na kirazira, abana bakavamo abantu nyabantu, abanyarwanda babereye u Rwanda. Kandi Igihugu cyacu gifite intego yo kugira Umunyarwanda ushoboye, ufite ubumenyi, […]
Continue ReadingBugesera: Umubyeyi nâumwana bishwe no kurya inkoko yipfushije
Umubyeyi n’umwana bo mu muryango w’abantu batandatu bo mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera, bitabye Imana, bikaba bikekwa ko bazize kurya inkoko yipfushije. Abaturanyi b’uwo muryango, bavuze ko iyo nkoko bayiriye ku wa Gatatu, uyu muturanyi utifuje ko amazina ye ajya mu itangazamakuru yagize ati:âNtabwo turamenya neza icyabishe, ariko turakeka ko bishobora kuba […]
Continue ReadingRubavu: Abiganjemo abagore n’abana akiriwe mu rwabanyeye navuye muri RDC Umwana ahabwa 113$ barenga 270 babaga muri RDC
U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 277 bari barafashwe bugwate nâUmutwe wâiterabwoba wa FDLR urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda ukorera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Abatashye kuri iyi nshuro nabo biganjemo abagore nâabana. Batashye banyuze ku mupaka munini wa La Corniche, uhuza u Rwanda na RDC. Igikorwa cyo gucyura Abanyarwanda cyashingiye ku myanzuro yafatiwe mu nama […]
Continue ReadingIcyo Urubyiruko rwa Afurika rusaba za Guverinoma: âAmagambo ntahagije, dukeneye impinduka nyayo âAddis Ababa, Etiyopiya â Ku wa 29 Ukwakira 2025: Abangavu nâingimbi bo hirya no hino muri Afurika batangaje ubutumwa bukomeye bugenewe za guverinoma nâabafata ibyemezo:âTuvuga ijwi rimwe kuko dushaka kubaho muri Afurika aho buri musore nâumwangavu afite umutekano, ubuzima bwiza, ashyirwa mu bikorwa, […]
Continue ReadingUganda: Abana bagombaga guhabwa ibinini by’inzoka bahawe ibyâigicuri
Abanyeshuri barenga 100 bo ku ishuri ribanza rya Kajumbajumba ryo mu Karere ka Ntungamo muri Uganda, bajyanywe kwa muganga nyuma yâamakosa yakozwe nâabaganga, bahabwa imiti ivura igicuri, aho guhabwa ivura inzoka. Nkâuko byemejwe nâinzego zâubuzima mu Karere ka Ntungamo, abana bahawe ibinini bya phenobarbitone, bisanzwe bikoreshwa mu kuvura indwara yâigicuri no gufasha abarwayi kubona ibitotsi, […]
Continue ReadingMuri Gashyantare 2025, nibwo yifashishije abunganizi mu mategeko, maze atanga ikirego mu rukiko rwo mu Bwongereza arega ababyeyi be.
Continue ReadingIgisobanuro cy’abana binjirana n’abakinnyi mu kibuga mbere y’umukino w’umupira w’amaguru
Buri mukino wâumupira wâamaguru utangira, hari umuco wihariye ugaragara ku kibuga: abana binjirana nâabakinnyi, bafata ukuboko kwabo maze bakajya mu kibuga hamwe. Uyu muco, uzwi nka Player Escort, ni uburyo bwo kugaragaza ubusabane, icyubahiro, no guteza imbere inzozi zâabana. Abana bajyana abakinnyi mu kibuga baba bafite hagati yâimyaka 6 na 18. Bahagarara iruhande rwâumukinnyi mu […]
Continue Reading