Umuntu utaramemyekana wo mu Karere ka Gicumbi mu ntara y’anajayaruguru arigushakishwa n’inzego z’umutekano, nyuma yogutwikira umwana na nyina munzu akoresheje Peterori. Byabaye murukerera rwo kuri uyu wa gatanu tariki ya 10 ukwakira 2025, mu Murenge wa Mutete ho mu Karere ka Gicumbi. Amakuru avuga ko umuntu utaramenyekana yaje agakomangira umubyeyi witwa Buntu Christella uyu mubyeyi […]

Continue Reading

Twishimiye uyu mwanya wo kubagezaho ubutumwa bugamije kwibukiranya ibyiza byo kubaka umuryango mwiza. UMURYANGO niwo shingiro y’imbaga y’abanyarwanda nk’uko Itegeko Nshinga ribivuga, ni igicumbi cy’umuco n’uburere, ni intangiriro y’ubuzima, niho ha mbere hatorezwa indangagaciro na kirazira, abana bakavamo abantu nyabantu, abanyarwanda babereye u Rwanda. Kandi Igihugu cyacu gifite intego yo kugira Umunyarwanda ushoboye, ufite ubumenyi, […]

Continue Reading

Bugesera: Umubyeyi n’umwana bishwe no kurya inkoko yipfushije

Umubyeyi n’umwana bo mu muryango w’abantu batandatu bo mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera, bitabye Imana, bikaba bikekwa ko bazize kurya inkoko yipfushije. Abaturanyi b’uwo muryango, bavuze ko iyo nkoko bayiriye ku wa Gatatu, uyu muturanyi utifuje ko amazina ye ajya mu itangazamakuru yagize ati:“Ntabwo turamenya neza icyabishe, ariko turakeka ko bishobora kuba […]

Continue Reading

Rubavu: Abiganjemo abagore n’abana akiriwe mu rwabanyeye navuye muri RDC Umwana ahabwa 113$ barenga 270 babaga muri RDC

U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 277 bari barafashwe bugwate n’Umutwe w’iterabwoba wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda ukorera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Abatashye kuri iyi nshuro nabo biganjemo abagore n’abana. Batashye banyuze ku mupaka munini wa La Corniche, uhuza u Rwanda na RDC. Igikorwa cyo gucyura Abanyarwanda cyashingiye ku myanzuro yafatiwe mu nama […]

Continue Reading

Icyo Urubyiruko rwa Afurika rusaba za Guverinoma: “Amagambo ntahagije, dukeneye impinduka nyayo ”Addis Ababa, Etiyopiya – Ku wa 29 Ukwakira 2025: Abangavu n’ingimbi bo hirya no hino muri Afurika batangaje ubutumwa bukomeye bugenewe za guverinoma n’abafata ibyemezo:“Tuvuga ijwi rimwe kuko dushaka kubaho muri Afurika aho buri musore n’umwangavu afite umutekano, ubuzima bwiza, ashyirwa mu bikorwa, […]

Continue Reading

Uganda: Abana bagombaga guhabwa ibinini by’inzoka bahawe iby’igicuri

Abanyeshuri barenga 100 bo ku ishuri ribanza rya Kajumbajumba ryo mu Karere ka Ntungamo muri Uganda, bajyanywe kwa muganga nyuma y’amakosa yakozwe n’abaganga, bahabwa imiti ivura igicuri, aho guhabwa ivura inzoka. Nk’uko byemejwe n’inzego z’ubuzima mu Karere ka Ntungamo, abana bahawe ibinini bya phenobarbitone, bisanzwe bikoreshwa mu kuvura indwara y’igicuri no gufasha abarwayi kubona ibitotsi, […]

Continue Reading

Igisobanuro cy’abana binjirana n’abakinnyi mu kibuga mbere y’umukino w’umupira w’amaguru

Buri mukino w’umupira w’amaguru utangira, hari umuco wihariye ugaragara ku kibuga: abana binjirana n’abakinnyi, bafata ukuboko kwabo maze bakajya mu kibuga hamwe. Uyu muco, uzwi nka Player Escort, ni uburyo bwo kugaragaza ubusabane, icyubahiro, no guteza imbere inzozi z’abana. Abana bajyana abakinnyi mu kibuga baba bafite hagati y’imyaka 6 na 18. Bahagarara iruhande rw’umukinnyi mu […]

Continue Reading