Gisagara: Abategura amafunguro y’abanyeshuri biyemeje kurushaho kwimakaza isuku

Abategura amafunguro y’abanyeshuri mu Kigo cy’Amashuri cya G.S Dahwe, giherereye mu Murenge wa Ndora, Akarere ka Gisagara, biyemeje kongera imbaraga mu kwimakaza isuku, kugira ngo batange umusanzu mu rugamba rwo kurwanya imirire mibi n’igwingira mu bana b’abanyeshuri. Babivuze nyuma y’ibiganiro byo kurwanya imirire mibi n’igwingira bitabiriye bari kumwe n’abanyeshuri bagize Club y’Isuku n’Isukura n’imirire myiza […]

Continue Reading

Burera: Abanyeshuri basabwa kuzindukira kuvomera Ikigo mbere yo kwiga

Ikigo cy’ishuri cya Nemba ya Mbere cyo mu Karere ka Burera, gisaba abana kuzinduka Mugitondo bakabanza kujya mu Kabande kuvoma amazi yo gutekesha ibyo bari bufungure saa sita, bakabona kujya mu masomo. Abarimu barasaba ko icyo kibazo cyashakirwa ikindi gisubizo kuko kiri kugira ingaruka ku myigire. Abigisha muri icyo Kigo babwiye Ijamboryumwama ko iyo abana […]

Continue Reading

Abakobwa nibo bahohoterwa kurusha abahungu-Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bwa Kaminuza ya Washington, bwakorewe mu bihugu 204 ndetse n’ubwakonze n’Ishami rya Loni ryita ku Buzima, OMS, guhera mu 1990 kugera 2023, bugaragaza ko abana b’abakobwa 18.9% aribo bakorerwa ihohotera rishingiye ku gitsina mbere y’uko buzuza imyaka y’ubukure, mu gihe abana abahungu ari 14,8%. Ibi bigaragaza ko umukobwa umwe muri batanu n’umuhungu umwe muri […]

Continue Reading

Depite Uwababyeyi Jeannette yakebuye ababyeyi bacutsa abana imburagihe

Depite Uwababyeyi Jeannette, uri mu bagize komisiyo y’imibereho y’abaturage mu Nteko Ishingamategeko, yibukije ababyeyi konsa neza igihe cyagenwe, bakirinda gucutsa abana imburagiye, kuko amashereka ariyo arimo intungamubiri zose umwana akenera. Ni ubutumwa yagarutseho ubwo yasuraga ababyeyi bo mu Kagari ka Bugaragara mu Murenge wa Rwimiyaga, Akarere ka Nyagatare bafite abana bari mu mirire mibi. Hari […]

Continue Reading

Guverineri Ntibitura yashimye uruhare rw’umushinga SAIP mu kurwanya igwingira

Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba, Ntibitura Jean Bosco, yavuze ko kuba umubare w’abana bagwingiye waragabanutse mu Ntara yose ari ibyo kwishimira, akavuga ko byagizwemo uruhare na benshi barimo n’umushinga SAIP. Leta mu myaka 15 ishize yashyizeho ingamba zo kugabanya cyangwa kurandura ibitera igwingira, muri zo hakabamo n’umushinga ugamije kongera umusaruro w’ubuhinzi, kuwushakira amasoko no kwihaza mu biribwa, […]

Continue Reading

Abana 18 Bari Barashimutiwe Muri DRC Babonetse Muri Uganda

Abana 18 b’ahitwa Muhagi muri Ituri bafatiwe muri Uganda bikozwe na Polisi y’iki gihugu nyuma y’amakuru y’uko bari barashimuswe n’abagore kandi abo nabo barafashwe. Tariki 07, Gicurasi, 2025 nibwo bafashwe binyuze k’ubufatanye bwa Polisi ya DRC n’iya Uganda. Abo muri Sosiyete sivile bo mu gace abo bana babagamo banenga inzego z’umutekano zihakorera kuko nta buryo […]

Continue Reading

Rubavu: Ku biceri 300 frw abona aho asiga umwana akajya mu bucuruzi atuje

Bamwe mu bagore bakora ubucuruzi bucirirItse bwambukiranya umupaka mu Karere ka Rubavu bavuga ko urugo mbonezamikurire (ECD) rwa Petite Barriere rwaborohereje mu bucuruzi kuko babona aho basiga abana hadahenze kandi bizeye umutekano wabo, na bo bagakora bakiteza imbere. Niyonsenga Elizabeth, utuye mu Murenge wa Gisenyi, Akagari ka Mbugangari urerera muri uru rugo mbonezamikurire, yavuze ko […]

Continue Reading

Nyanza: Abarokotse Jenoside bagaragaje amahitamo yatuma itazongera kubaho ukundi

Mu gikorwa cyo Kwibuka abana n’abagore bazize Jenoside yakorewe Abatutsi biciwe ku Ibambiro mu Karere ka Nyanza, abaharokokeye basabye abagize Umuryango Nyarwanda, guha abana uburere buzira ingengabitekerezo ya Jenoside no guharanira kubaka umuryango wuje ituze, nk’imwe mu nzira zatuma Jenoside itazongera kubaho. Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi abicanyi basabye abagore n’abana guhungira ku rusengero […]

Continue Reading

Hari abakoresha bafata nabi abakozi nabo bakihimurira ku bana, Sendika y’abakozi bo mu rugo twaganiriye (Video)

Sendika ishinzwe uburenganzira bw’abakozi bo mu Rugo yatangaje ko iri gushyira imbaraga mu kwigisha abakozi gufata neza abana mu Ngo bakoramo no kwirinda kubahohotera babatura umujinya igihe hari ibyo batumvikanyeho n’abakoresha babo. Mu bihe bitandukanye ku mbugankoranyambaga hagiye hasakara amashusho y’abakozi bo mu Rugo bahohotera abana, ndetse hari n’abishe abo mu Ngo bakoragamo nk’uko Imanza […]

Continue Reading

Ubuhindi: Abana 100 Barwaye Nyuma Yo Kurya Ibiryo Byakuwemo Inzoka Yapfuye

Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu mu Buhindi iri guperereza ngo imenye amakuru yose ku cyateye abana barenga 100 kurwara nyuma yo kurya ifunguro rya saa sita ku ishuri rikaza kubonekamo inzoka yapfuye. Bivugwa ko uwatetse ayo mafunguro yirengagije nkana ko yasanzemo inzoka agaburira abana ibiryo byahumanyijwe n’icyo gikururanda. Muri rusange abana 500 nibo bagaburiwe ibyo biryo […]

Continue Reading