Ruhango: Abana 9 bahembewe igikorwa cyo gukunda igihugu bakoze basigasira ibindera ry’Igihugu

Polisi y’Igihugu n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bavuga ko ibyo abana bagaragaje ubwo bafataga ibendera ry’igihugo ngo ritagwa babifata nk’ibikorwa cyo gutanga ubuzima bwabo kubera gukunda Igihugu. Ibi byagarutsweho na Polisi yigihugu, ubwo habagaho kwitabira umuhango wo guhemba abo abana icyenda, biga ku kigo cyamashuri cya Cyobe mu Murenge wa Mbuye, kubera igikorwa cyo gukunda Igihugu […]

Continue Reading

Gusura abiga bacumbikirwa byahagaritswe, ababyeyi n’amashuri bahabwa umurongo ngenderwaho

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yasabye amashuri kugenzura ko nta mwana winjira mu Kigo afite ibimenyetso bya Marburg, ababyeyi basabwa kutohereza ku ishuri umwana wabigaragaje naho abanyeshuri basabwa kubahiriza amabwiriza yo kwirinda nk’abandi baturarwanda. Ni amabwiriza iyi Minisiteri yashyizeho igendeye kuyashyizweho na Minisiteri y’Ubuzima agomba gukurikizwa mu gihugu hose. Aya mabwiriza akebura abanyeshuri ku Mico imwe n’imwe […]

Continue Reading

Abangavu barenga ibihumbi 10 babyaye bataruzuza imyaka 18 mu mezi atandatu ya mbere ya 2024

Umugenzuzi Mukuru w’Urwego rushinzwe kugenzura Iyubahirizwa ry’Ihame ry’Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagore n’Abagabo mu Iterambere ry’Igihugu (GMO) Ndine Umutoni Gatsinzi, yatangaje ko mu mezi atandatu ya mbere ya 2024 abangavu barenga ibihumbi 10 babyaye batararenza imyaka 18, harimo n’abari munsi y’imyaka 14 bagera kuri 55. Yabigarutseho kuri uyu wa 30 Nzeri 2024 mu nama rusange ya 23 […]

Continue Reading

Karongi: Umugabo wakekwagaho kwica umwana yibyariye yakatiwe gufungwa burundu

Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwahamije Baraturwango Nathan icyaha cy’ubwicanyi, n’icyo gukubita no gukomeretsa ku bushake, rumukatira igihano cy’igifungo cya burundu. Iki cyaha cyabereye mu Mudugudu wa Kivomo, Akagali ka Gitarama, Umurenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi, ku wa 29 Kamena 2024. Kuri uwo munsi, uwo mugabo yafashe umuhoro atema mu mutwe umwana we bimuviramo […]

Continue Reading

Intara y’Amajyaruguru mu ihurizo ryo kugabanya igwingira ry’abana kandi ikungahaye ku biribwa

Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru buvuga ko bwashyize imbaraga mu gukumira no kurwanya igwingira n’ imirire mibi y’’abana muri iyi ntara, hitabajwe ubufatanye bw’ inzego zitandukanye. Nubwo ari intara ikungahaye ku musaruro w’ubuhinzi igafatwa nk’ikigega cy’igihugu, iri mu za mbere zifite abana benshi bagwingiye. Guverineri w’iyo ntara, Mugabowagahunde Maurice, yavuze ko hakiri ihurizo rikomeye ryo kwigisha abaturage […]

Continue Reading

Nyamasheke: Polisi yatangaje imibare y’abaguye n’abakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yari itwaye abanyeshuri

Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangaje ko abanyeshuri babiri aribo bamaze gupfa bazize impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri bo ku ishuri ryigenga rya St Mathews naho 32 bakomeretse bakomeje kwitabwaho. Ni impanuka yabereye mu Mudugudu wa Kamabuye, Akagari ka Ntendezi, Umurenge wa Ruharambuga ku wa 19 Nzeli 2024. Nyuma yuko hagiye hatangazwa […]

Continue Reading

Nyamasheke: Imodoka itwara abanyeshuri yakoze impanuka ikomeye

Mu murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke, habereye impanuka ikomeye y’imodoka itwara abanyeshuri 10 muri bo bitaba Imana. Iyo modoka yangiritse bikomeye yavaga ku ishuri rya St. Matthews icyuye abanyeshuri iza guta umuhanda nkuko amafoto arimo gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga abigaragaza. Amakuru aravuga ko abanyeshuri babiri bahise bitaba Imana, abandi bakomeretse bahita bajyanwa ku […]

Continue Reading

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zamuritse ibyumba zavugururiye ishuri ribanza rya Nacololo

Ingabo z’u Rwanda ziri mu bikorwa byo kugarura umutekano zibarizwa muri Batayo ya 3 ikorera mu Karere ka Ancuabe, Intara ya Cabo Delgado, muri Mozambique bashyikirije ubuyobozi ibyumba bitanu zavugururiye ishuri ribanza rya Nacololo. Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 4 Nzeri 2024, Ingabo z’u Rwanda zatanze kandi ibikoresho bitandukanye by’ishuri birimo intebe […]

Continue Reading

Ni uburenganzira bw’umwana kugira uruhare mu bimukorerwa – NCDA

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA) kiratangaza ko bumwe mu burenganzira bw’umwana harimo no kugira uruhare mu bimukorerwa. Umuyobozi Mukuru wa NCDA Ingabire Assumpta, yabigarutseho mu gihe kuri uyu wa Mbere tariki 02 Nzeri 2024 mu Karere ka Huye muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye mu Ntara y’Amajyepfo, hateraniye Inama Nkuru y’Igihugu […]

Continue Reading

ECD yagaragajwe nk’inkingi ikomeye ku cyerekezo cy’ubukungu bushingiye ku bumenyi

Kuva mu 2011 imyaka igera kuri 13 irashize u Rwanda rushyizeho Politiki y’igihugu y’imbonezamikurire y’abana bato (ECD Policy). Isesengura ryakozwe nyuma y’imyaka itanu ishyizweho, ryerekanye ko ari Politiki nziza iganisha ku cyerekezo cy’igihugu cyo kwimakaza ubukungu bushingiye ku bumenyi. Byemejwe hashingiwe ko umwana wagiye mu irerero akura neza mu bwenge kandi atagwingiye, yagera n’igihe cyo […]

Continue Reading