Abagore batwite bisuzumisha hakiri kare bageze kuri 58%

Umuyobozi w’Agashami Gashinzwe Porogaramu zo kwita ku buzima bw’ababyeyi n’abana mu mavuriro mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), Dr. Cyiza François Regis, yavuze ko nyuma yo gushyira imashini za ‘Échographie’ mu bigo nderabuzima byose, byongereye umubare w’abagore batwite bisuzumisha mu gihembwe cya mbere, aho bageze kuri 58%. ‘Échographie’ ni imashini yifashishwa mu kureba imikorere y’ingingo z’imbere […]

Continue Reading

#UCI: Isi yose n’iyonka bahanze amaso ibirori by’amagare i Kigali (AMAFOTO)

Shampiyona y’Isi y’Amagare yatangiye gukinirwa i Kigali. Ni amateka yanditswe n’u Rwanda mu ruhando mpuzamahanga, mu mutekano usesuye utuma buri wese akurikirana umukino. Hirya no hino Abaturarwanda bazi aho bazajya barebera uwo mukino ufite abafana batari bake mu Rwanda no mu mahanga. Urubyiruko, abana n’iyonka nabo ntibatanzwe cyane ko amashuri yatanze ikiruhuko muri iki gihe […]

Continue Reading

Nyabihu: RYCLUPO yatanze inkunga y’ibikoresho ku banyeshuri batishoboye

Umuryango Rwanda Youth Clubs For Peace Organization (RYCLUP), wafashije abana b’abanyeshuri bo mu miryango itishoboye biga mu Ishuri ribanza rya Kijote riherereye mu Murenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu, ubaha ibikoresho by’ishuri birimo imyambaro, ibikapu, inkweto, imipira yo gukina, amakayi n’amakaramu. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa mbere taliki 15 Nzeri 2025. Abanyeshuri bahawe […]

Continue Reading

Rutsiro: Drone ya RDF yakomerekeje abanyeshuri batatu

Igisirikare cy’u Rwanda ,RDF cyatangaje ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Nzeri 2025, indege nto itagira abapiloti, drone, yakoreye impanuka mu Murenge wa Kivumu mu karere ka Rutsiro ikomeretsa abanyeshuri batatu. Abana bakomeretse barimo uw’umuhungu w’imyaka Ine n’abakobwa babiri b’imyaka itanu bavaga kwiga ku ishuri ribanza rya Bunyoni (EP Bunyoni). Itangazo rya RDF […]

Continue Reading

Nyamasheke: Hari gushakishwa Umumotari wagonze umwana w’imyaka 4 agatoroka

Mu Karere ka Nyamasheke, Umurenge wa Gihombo mu Kagari ka Gitwa Umudugudu wa Gaseke haravugwa inkuru y’umwana wagonzwe na moto, umumotari akiruka ubu akaba agishakishwa. Ibi bikaba byabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Nzeri 2025, ku isaha ya saa 8:20 ubwo abana bajyaga ku ishuri nibwo moto ifite Pulake RI448Z, yagonze umwana w’imyaka […]

Continue Reading

M23 yerekanye abana barwaniraga RDC barimo uw’imyaka 15 wari ukuriye abarinda umukuru wa Brigade (Amafoto)

Ihuriro ry’imitwe irwanya akarengane gakorerwa Abanye-Congo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo AFC/M23, ryerekanye abana bato barwanaga ku ruhande rw’ingabo za Congo (FARDC) barimo n’uw’imyaka 15 wari ukuriye ingabo zirinda umukuru wa Brigade yabarizwagamo (Chef d’escorte du commandant de brigade). Umuvugizi wa M23 ku rwego rwa gisirikare, Lt. Col. Willy Ngoma, yagarutse ku ikoreshwa ry’abana […]

Continue Reading

UNICEF yasohoye raporo idasanzwe ku mirire y’abana

Raporo nshya y’Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana UNICEF yerekanye ko abana n’urubyiruko bugarijwe n’ibyo kurya by’inzaduka byatunganyirijwe mu nganda birimo kubatera kugira ibiro byinshi biganisha ku ndwara y’umubyibuho ukabije. Iyi Raporo ku mirire y’abana, (UNICEF’s 2025 Child nutrition report) ivuga ko Umwana umwe muri batanu ndetse n’ingimbi n’abangavu bagera kuri miliyoni 391 ku Isi […]

Continue Reading

Ibitabo Ineza Foundation yabahaye bibafasha gutsinda amarushanwa y’ibiganiro-mpaka

Ishuri ryisumbuye rya Stella Matutina riherereye mu Karere ka Rulindo ryashimiye Umuryango uteza imbere umuco wo gusoma no kwandika mu Rwanda, by’umwihariko mu mashuri no mu bakiri bato, Ineza Foundation, rigaragaza ko ibitabo wabahaye byabaye umusemburo w’iterambere ry’umuco wo gusoma mu banyeshuri baryigamo ndetse bikaba bibafasha gutsinda amarushanwa y’ibiganiro mpaka bitabira. Umwalimu uhagarariye abandi muri […]

Continue Reading

Ababyeyi 38% nibo bonyine batanga uburere budahutaza mu Rwanda-NCDA

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA) cyatangaje ko ababyeyi bafite abana bari munsi y’imyaka Itandatu bangana na 38% aribo bonyine batanga uburere buboneye budahutaza abana babo mu Rwanda. Ni ukuvuga ko bita ku bana babo uko bikwiye kuva umwana agisamwa akiri mu nda bigakomeza bityo na nyuma yo kuvuka. Umuyobozi mukuru wa NCDA, […]

Continue Reading

Itegeko ry’umuryango rishobora guca intege gatanya zitizwa umurindi n’irari ry’imitungo

Raporo y’Urwego rw’Ubucamanza yerekana ko mu mwaka wa 2024/2025 haburanishijwe imanza 2.674 z’abashakanye basaba gutandukana, zivuye ku manza 2.833 mu mwaka wari wabanje. Imibare igaragaza ko nibura muri iyi myaka ibiri ishize ibirego bya gatanya bitangiye kugabanyuka nubwo bikiri hejuru kandi igabanyuka biriho ritandukanye n’umuvuduko byazamutseho. Raporo y’Ibikorwa by’Ubucamanza yerekana ko mu 2016 hakiriwe ibirego […]

Continue Reading