Ababyeyi bahoberanye n’abana abandi barabaterura! Ibyishimo by’irekurwa ry’imfungwa hagati ya Israel na Palestine

Ibyishimo byatashye mu bana bari bategereje ababyeyi n’imiryango itandukanye, ubwo Israel yarekuraga imfungwa za Palestine nyuma y’uko Hamas na yo irekuye abanya-Israel 20 mu bo yari yarashimuse. Mu masaha ya saa sita nibwo, imodoka ebyiri za ‘bus’ zitwaye imfungwa z’Abanye-Palestine barekuwe na Israel zageze i Ramallah muri West Bank aho abatari bake bari bategereje kureba […]

Continue Reading

Nta bato ntibishoboka-Umutoza w’Amavubi yahishuye ukuntu yasabye umukinyi w’imyaka 17 akabura

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Adel Amrouche, yavuze ko niba u Rwanda rushaka kugira aho rugera mu mupira w’amaguru rukwiye kubitegura ruhereye ku gutoza abana bato naho guhindura kenshi abatoza n’abayobozi muri Siporo ntagisubizo cyifuzwa kizavamo. Yabigarutseho nyuma y’uko Amavubi atsinzwe na Bénin igitego 1-0, agatakaza amahirwe yo kubona itike yo kwerekeza mu Gikombe […]

Continue Reading

Guteza imbere uburere bw’abana ni umusingi w’iterambere – Imbuto Foundation

Ubuyobozi bw’Umuryango Imbuto Foundation busanga guteza imbere uburere bw’abana bakiri bato ari umusingi ukomeye w’iterambere, kuko iyo umwana yitaweho hakiri kare, akurana urukundo n’ubupfura bimufasha mu buzima bwe bwose. Ubu ni bumwe mu butumwa bwatangiwe mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro kuri uyu wa Kane tariki 9 Ukwakira 2025, mu gikorwa cyo gutaha […]

Continue Reading

RFI yateguje kwihutisha ubutabera buhabwa abangavu batewe inda

Ikigo cy’u Rwanda cy’ibimenyetso bya gihanga bikoreshwa mu butabera, RFI cyateguje ko guhera muri Mutarama umwaka utaha kizatangira gupima uturemangingo ndangasano (ADN) ku mugore umaze ibyumweru 6-8 asamye bikazafasha kwihutisha ubutabera buhabwa abangavu baterwa inda. Ni icyemezo cyasamiwe hejuru n’abatari bake biganjemo abaharanira uburenganzira bw’umwana ndetse cyitezweho kuzahindura cyane ibijyanye n’ubutabera buhabwa abangavu baterwa inda. […]

Continue Reading

MINEDUC yashimye uruhare rwa Mwalimu mu kubaka igihugu isezeranya ibirori byo kwizihiza umunsi wabo

Kuri uyu munsi hizizwaho umunsi Mpuzamahanga wa Mwalimu, Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yashimye uruhare rwe mu burezi bw’abana b’u Rwanda, isezeranya ko mu minsi ya vuba bazamenyeshwa umunsi wo kuwizigiza. Ubutumwa MINEDUC yanyujije kuri X bumenyesha abarimu ko igihugu kizirikana uruhare rwabo mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda. Bugira buti: “Uyu munsi turizihiza umurava, urukundo n’uruhare […]

Continue Reading

RFI igiye gutangira gupima DNA z’abana bataravuka

Guhera mu ntangiriro z’umwaka wa 2026, Leta y’u Rwanda irateganya gutangiza  ibizamini bishya byo kumenya uturemangingo ndangasano (DNA) tw’umwana ukiri mu nda.  Ni  gahunda igiye gutangizwa mu rwego rwo gukomeza kurwanya ihohotera rishingishiye ku gitsina no kwihutisha ubutabera ku bahohotewe.  Ibyo bizamini bizajya bikorwa kuva inda imaze kugira ibyumweru bitandatu kugeza ku byumweru umunani, kandi hatabayeho kubagwa […]

Continue Reading

Iburengerazuba: Imiryango 91 yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko yasezeranye

Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) yatangaje ko ubukangurambaga bwakozwe mu ‘Cyumweru cyahariwe Umuryango’, burimo kuganiriza imiryango yabanaga mu makimbirane no kwigisha iyabanaga mu buryo butemewe n’amategeko, bisize imiryango 91 isezeranye imbere y’amategeko indi 325 ivuye mu makimbirane. Ni umusaruro wavuye mu bikorwa by’icyo Cyumweru cyahariwe umuryango cyari gifite insanganyamatsiko igira iti “Tugire umuryango ushoboye kandi […]

Continue Reading

Uburezi ni umurage mwiza- Cardinal Kambanda ku barerera muri Ntare Louisenlund School

Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yasuye ishuri mpuzamahanga rya Ntare Louisenlund School, yibutsa ababyeyi barerera muri iri shuri ko umurage mwiza wo kuraga umwana ari uburezi bwiza. Ibi yabigarutseho mu ruzinduko yagiriye muri iri shuri ryubatswe mu Mudugudu wa Musagara, Akagari ka Kanazi, mu Murenge wa Nyamata, Akarere ka Bugesera, rwabaye […]

Continue Reading

Ukuri ku nkuru y’umwana w’Umunyarwanda bivugwa ko yashimuswe akisanga muri Uganda

Ikigo cy‘Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA) cyatangaje ko inkuru y‘umwana wakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga bivugwa ko yashimuswe akisanga muri Uganda, atari ukuri kuko yajyanye n‘umuryango we wimukiyeyo ahubwo bagerayo bakaburana. Mu mpera z‘iki Cyumweru nibwo ku mbugankoranyambaga zitandukanye hakwirakwiye ubutumwa buherekejwe n‘ifoto y‘umwana uri mu kigero cy‘imyaka 10 ushakisha umuryango we. Ubwo butumwa […]

Continue Reading

Ni inshingano za buri wese kubaka no guharanira amahoro-RYCLUPO

Umuryango Rwanda Youth Clubs For Peace Organization (RYCLUPO) ugamije kwimakaza umuco w’amahoro mu bana n’urubyiruko wibukije abaturarwanda ko kubaka no guharanira amahoro ari inshingano z’abatuye Isi bose. Ni ubutumwa uyu muryango wagarutseho ku Cyumweru taliki ya 21 Nzeri 2025, ubwo hizihizwaga Umunsi mpuzamahanga w’Amahoro wizihirijwe mu Murenge wa Jenda wo mu Karere ka Nyabihu. Mu […]

Continue Reading