Dasso yiyise umubyeyi w’umunyeshuri akajya amusabira uruhushya agiye kumusambanya none yamuteye inda aramutererana

Mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Nyarubaka, hari Dasso wiyitaga umubyeyi w’umunyeshuri w’umukobwa wigaga ku Ishuri ry’Indangabarezi ryo mu Ruhango, akajya amusabira uruhushya rwa buri kwezi agiye kumusambanya, Ishuri rikamumuha kugeza ubwo amuteye inda Ikigo kikamwirukana none yabuze ubutabera. Yiga mu wa Gatatu w’amashuri yisumbuye muri G.S Kagarama mu Murenge wa Nyarubaka mu Karere […]

Continue Reading

Kayonza:Bategereje ibisubizo ku rugo mbonezamikurire y’abana bato rwatwaye miliyoni 88

Abatuye mu Kagari ka Kageyo, Umurenge wa Mwiri mu Karere ka Kayonza bagaragaza ko bategereje ibisubizo byinshi mu Rugo Mbonezamikurire y’Abana Bato (ECD) barimo kubakirwa, aho biteze ko ruzabafasha mu mikurire y’abana babo mu bwenge no mu mpagarike. Abo baturage bashimira Leta y’u Rwanda yashyizeho gahunda ya ECDs zigira uruhare runini mu guhangana n’igwingira, kwimakaza […]

Continue Reading

NCDA yibukije ko uburere buboneye butangira umwana agisamwa abagabo basabwa kubigiramo uruhare

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana, NCDA cyibukije ababyeyi ko uburere buboneye butangira guhabwa umwana agisamwa, gisaba ko hakwimakazwa ubufatanye bw’umugore n’umugabo kugeza umwana abaye umuntu mukuru. Ni ubutumwa umuyobozi wa NCDA, Ingabire Assumpta yagarutseho mu birori byo kwizihiza umunsi w’umwana w’Umunyafurika wizihirijwe mu Karere ka Rusizi kuri uyu wa Gatandatu taliki 14 Kamena […]

Continue Reading

Abangavu Bakina Mu Ikipe Y’Igihugu Batangiye Umwiherero Wo Guhangana Na NigeriaIkipe y’igihugu y’u Rwanda y’abangavu y’umupira w’amaguru yatangiye umwiherero wa mbere muri itatu izakora mbere yo kuzakina na bagenzi babo bo muri Nigeria.Abo bakobwa bafite munsi y’imyaka 20 y’amavuko.Mu minsi itatu ishize, ni bwo umutoza mukuru w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru [She-Amavubi], Cassa Mbungo […]

Continue Reading

MINEDUC yatangaje igihe amanota y’ibizamini bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange azatangarizwa

Minisiteri y’Uburezi, MINEDUC, yatangaje ko amanota y’ibizamini bisoza amashuri abanza n’ay’icyiciro rusange azatangazwa ku wa 19 Kanama 2025 Saa Cyenda z’amanywa. Mu itangazo yashyize ku mbuga nkoranyambaga zayo, MINEDUC yanavuze ko umwaka w’amashuri wa 2025/2026 uzatangira ku wa 08 Nzeri 2025. Abanyeshuri basaga ibihumbi 220 ni bo bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza, hirya no hino […]

Continue Reading

Abagore n’abakobwa basabwe kudatenguha Igihugu n’ubuyobozi bwabagiriye icyizere- MIGEPROF Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), Uwimana Consolée, yasabye abagore n’ abakobwa bagize Inama y’Igihugu y’Abagore guharanira kuba urugero rwiza no kudatenguha Igihugu n’ubuyobozi bwabagiriye icyizere. Ibi yabitangarije ubwo abagize inama y’Igihugu y’Abagore bahuriye mu nama rusange isanzwe y’Igihugu y’abagore yabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya […]

Continue Reading

Rutsiro: Ingo zirenga ibihumbi 11 zahawe amashanyarazi mu mezi 9

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko mu mezi 9 ashize bumaze gucanira ingo ibihumbi 11 yo mu Mdugudu itagiraga umuriro w’amashanyarazi. Guverinoma y’u Rwanda yihaye intego yo kuba yamaze kugeza amashanyarazi ku baturage 100% bitarenze 2024, gusa iyo ntego ntabwo yagezweho bitewe n’impamvu zirimo icyorezo cya covid-19, hakiyongeraho no ku ba benshi mu baturage batari […]

Continue Reading

Umwana ni uw’umuryango! Wite ku mwana wese nk’uwawe!

Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko ni ubutumwa bwa Madamu Jeannette Kagame bugaruka ku ruhare rw’ababyeyi mu kwita ku bana.Mu minsi ishize twasangiye ubutumwa bwihariye ku bashakanye, none ndagarutse ngo tuganire no ku mugisha udasanzwe w’abashakanye, wo kwitwa ‘Ababyeyi’.Umwana ni ‘umugisha’! Nagira ngo munkundire tujyane mu rugendo rwe rwa mbere kugira ngo twumve ukuntu ntakiruta umwana! […]

Continue Reading