Twabyinanye turaganira bimbera byiza, Umuhanzi Alexis Dusabe yasuye abana ba Incredible Kids Academy

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Alexis Dusabe,  yatangaje ko yagiranye ibihe byiza n’abana bo muri ‘Incredible Kids Academy’, mu Karere ka Rubavu, ubwo yabasuraga muri gahunda y’ibikorwa bitandukanye arimo gukora muri iyi minsi bijyanye no kwizihiza imyaka 25 amaze akorera Imana. Uyu muhanzi Indirimbo ya mbere yitwa ‘Mfite Umukunzi’ yayisohoye mu 2000 […]

Continue Reading

Musenyeri Sinayobye yagaragaje ‘utugoroba tw’abana’ nk’umuti urambye ku bibazo byugarije umuryango

Musenyeri wa Diyosezi Gatolika ya Cyangungu, Sinayobye Edouard, yavuze ko bahisemo kurandura amakimbirane yo mu ngo bahereye mu bana bato kuko basanze ari yo nzira nziza yatuma aranduka burundu. Yabivuze ku wa 6 Nzeri 2024, ubwo hatangizwaga ihuriro ry’imiryango ryatumiwemo abashakanye (imiryango 500), bivuze ko ryitabiriwe n’abagera ku 1000. Ni ihuriro ryabaye mu gihe mu […]

Continue Reading

Madagascar: Kiliziya Gatolika yamaganye igihano cyo gukona abasambanya abana

Mu itangazo ryasohowe n’inama nkuru y’Abasenyeri bo muri Kiliziya Gatolika bo muri Madagascar ku wa Kabiri tariki 14 Gicurasi 2024, bamaganye itegeko ryemera ibyo guhanisha abasambanya abana, igihano cyo kubakona bikozwe n’abaganga (castration chirurgicale). Kiliziya Gatolika yamaganye iri tegeko, nyamara rishyigikiwe na Perezida wa Madagascar Andry Rajoelina, aho avuga ko ari rimwe mu mategeko y’ingenzi […]

Continue Reading

Guverineri Kayitesi yashimye uruhare rwa Kiliziya Gatolika mu Burezi bw’u Rwanda

Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Alice Kayitesi Alice, yasabye amadini n’amatorero ndetse n’inzego z’abikorera, gukomeza gufasha Leta mu burezi bw’umwana w’Umunyarwanda, by’umwihariko ashima uruhare Kiliziya Gatolika ifite mu Burezi bw’u Rwanda. Ibi yabigarutseho ku wa 19 Mata 2024, ubwo yasuraga ikigo cy’ishuri ribanza rya Mutagatifu Andereya kigenga kiri mu Karere ka Muhanga, akanataha ibyumba by’amashuri 8 n’ubwiherero […]

Continue Reading

Inkuru ishushanyije ifasha abana kurushaho gusobanukirwa Pasika

Pasika ya Nyagasani ni umunsi nyobokamana ukomeye wibutsa Abakristu izuka rya Yezu. Abakristu Gatolika n’ab’amatorero atandukanye ku Isi barawizihiza. Iyi nkuru y’amafoto twabateguriye ifasha buri wese kumva igisobanuro cy’uwo munsi by’umwihariko abana. Habakurama Cedric/Ijamboryumwana.rw

Continue Reading

Miliyoni Frw 300 zagendaga ku mafishi y’ikingira zigiye kurokorwa n’ikoranabuhanga

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) kiratangaza ko agera kuri miliyoni Frw 300 yakoreshwaga buri mwaka mu gukora amafishi y’ikingira, leta igiye kujya iyakoresha ibindi bikorwa kuko bagiye kwimakaza ikoranabuhanga muri iyo gahunda. Ubusanzwe iyo umubyeyi akimara kubyara, umwana ahabwa urukingo rwa mbere, agahita akorerwa ifishi iriho ingengabihe y’uko azakomeza kumukingiza. Kuri ubu uburyo bwo gukora […]

Continue Reading

Icyo Bibiliya ivuga ku kurera neza

Abantu benshi batekereza kurera neza nko guha umwana ibyo abo mu rungano rwe bafite. Ni ukuvuga nko kumujyana mu ishuli ryiza, kumubonera imyambaro myiza, n’ibindi abana bakenera bitewe n’ikigero bagezemo n’aho ibihe bigeze. Abandi nabo bagatekereza ko ari ugutoza umwana imico myiza ituma aba umuntu ushimwa mu bandi, maze akazigeza kuri byinshi biruta n’ ibyo […]

Continue Reading