Kiliziya yasohoye itangazo ku mabonekerwa aherutse kuvugwa ku bana biga muri G.S Rwinzovu
Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatolika, Paruwasi ya Busogo bwasabye Abakristu kwitwararika iby’amabonekerwa aherutse kuvugwa ku bana babiri biga muri G.S Rwinzovu, bagategereza ibizatangazwa nyuma y’ubushishozi bwa Kiliziya nk’Umubyeyi urereberera Abakristu bayo. Paruwasi Busogo, niyo ihereryemo iryo shuri ryavuzwemo amabonekerwa. Inkuru y’ayo mabonekerwa ivuga ko yatangiye ku mugoroba wo ku wa 16 Mutarama 2026, ubwo abana babiri […]
Continue Reading