Kiliziya yasohoye itangazo ku mabonekerwa aherutse kuvugwa ku bana biga muri G.S Rwinzovu

Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatolika, Paruwasi ya Busogo bwasabye Abakristu kwitwararika iby’amabonekerwa aherutse kuvugwa ku bana babiri biga muri G.S Rwinzovu, bagategereza ibizatangazwa nyuma y’ubushishozi bwa Kiliziya nk’Umubyeyi urereberera Abakristu bayo. Paruwasi Busogo, niyo ihereryemo iryo shuri ryavuzwemo amabonekerwa. Inkuru y’ayo mabonekerwa ivuga ko yatangiye ku mugoroba wo ku wa 16 Mutarama 2026, ubwo abana babiri […]

Continue Reading

Abana Babiri babonekewe! Amashirakinyoma ku mabonekerwa ya Bikiramariya yabereye i Musanze

Mugitondo cyo kuri uyu wa 17 Mutarama 2026 nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho avuga ko Umubyeyi Bikiramariya yabonekeye abana babiri bo mu rwungwe rw’amashuri rwa Rwinzovu. Ni ishuri riherereye mu Mudugudu wa Rwinzovu, Akagali Murago ho mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze. Inkuru mpamo ivuga ko amabonekerwa nyirizina yatangiye ku Mugoroba wo […]

Continue Reading

Ineza Foundation yifatanyije n’abana kwizihiza Noheli (AMAFOTO)

Umuryango uteza imbere umuco wo gusoma mu Banyarwanda by’umwihariko mu bakiri bato, Ineza Foundation wifatanyije n’abana b’ingeri zinyuranye kwizihiza umunsi mukuru wa Noheli. Abitabiriye ibyo birori byabereye ahari ibikorwa bya Ineza Foundation i Shyorongi mu Karere ka Rulindo, biganjemo abiga mu mashuri atandukanye hirya no hino mu gihugu bakunda kujya gusomera mu isomero ryaho mu […]

Continue Reading

Papa LĂ©on XIV yasabye ko abarimu n’abanyeshuri barenga 300 bashimuswe muri Nigeria barekurwa

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa LĂ©on XIV yasabye inzego z’ubuyobozi gushyira imbaraga mu byatuma abantu 315 biganjemo abanyeshuri bashimuswe n’imitwe yitwaje intwaro muri Nigeria barekurwa. Yabigarutseho mu gitambo cya Misa yaturiye ku mbuga ya Mutagatifu Petero i Vatican ku wa 23 Ugishyingo 2025. Yagize ati “Nababajwe cyane no kumva inkuru y’ishimutwa ry’abapadiri, abakirisitu […]

Continue Reading

Turasabwa guharanira ko umuryango uba ishingiro ry’Ubukristu nyabwo n’igicumbi cy’uburere bwiza-MINUBUMWE yasohoye ubutumwa bugenewe abemeramana

Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) yasohoye ubutumwa bugomba gusomerwa abemeramana mu madini n’amatorero basengeramo, hagamijwe kwibukiranya ibyiza byo kubaka umuryango mwiza. Ni ubutumwa iyi Minisiteri yateguye igaruka ku mirongo itandukanye yo muri Bibiliya no mu Itegeko Nshinga yose ivuga ku muryango no kurera neza, bugomba gutangwa mu ‘Kwezi kwahariwe Umuryango’. Bwibutsa ko umuryango ari […]

Continue Reading

Mwubakire ku ndagagaciro za Gikristu muzagira umwana ushoboye kandi ushobotse-Myr Visenti Harolimana

Nyiricyubahiro Musenyeri (Myr.) Visenti Harolimana, Umushumba wa Diyosezi ya Ruhengeri, yasabye abarerera mu ishuri ryitwa ‘Les Pionniers’ ryafunguwe ku mugarararo mu Karere ka Musanze, kubakira ku Ndangaciro z’umuco Nyarwanda n’iza Gikristu kugira ngo bagire abanyeshuri bashoboye kandi bashobotse. Ni ubutumwa yatanze ku wa Gatanu taliki 3 Ukwakira 2025, ubwo hafungurwaga ku mugaragaro iryo Shuri riherereye […]

Continue Reading

Uburezi ni umurage mwiza- Cardinal Kambanda ku barerera muri Ntare Louisenlund School

Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yasuye ishuri mpuzamahanga rya Ntare Louisenlund School, yibutsa ababyeyi barerera muri iri shuri ko umurage mwiza wo kuraga umwana ari uburezi bwiza. Ibi yabigarutseho mu ruzinduko yagiriye muri iri shuri ryubatswe mu Mudugudu wa Musagara, Akagari ka Kanazi, mu Murenge wa Nyamata, Akarere ka Bugesera, rwabaye […]

Continue Reading

Uwo Yareze Akeka Ko Azamubera Umutwaro Yamubereye Igisubizo

Mu Mudugudu wa Cyanya, AKagari ka Nkumba mu Murenge wa Kinoni, Akarere ka Burera, hari umwana wabereye igisubizo abamurera mu gihe abamubyaye bari baramutaye kuko yavukanye ubumuga. Ku myaka 17 y’amavuko, uyu mwana urererwa mu Kigo cy’abihayimana b’Ababikira cya Mutagatifu Vincent de Paul de Lendrede yavukanye ubumuga bw’ingingo z’umubiri kandi bukomeye. Umwe mu bamurereraga muri […]

Continue Reading

Twabyinanye turaganira bimbera byiza, Umuhanzi Alexis Dusabe yasuye abana ba Incredible Kids Academy

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Alexis Dusabe,  yatangaje ko yagiranye ibihe byiza n’abana bo muri ‘Incredible Kids Academy’, mu Karere ka Rubavu, ubwo yabasuraga muri gahunda y’ibikorwa bitandukanye arimo gukora muri iyi minsi bijyanye no kwizihiza imyaka 25 amaze akorera Imana. Uyu muhanzi Indirimbo ya mbere yitwa ‘Mfite Umukunzi’ yayisohoye mu 2000 […]

Continue Reading

Musenyeri Sinayobye yagaragaje ‘utugoroba tw’abana’ nk’umuti urambye ku bibazo byugarije umuryango

Musenyeri wa Diyosezi Gatolika ya Cyangungu, Sinayobye Edouard, yavuze ko bahisemo kurandura amakimbirane yo mu ngo bahereye mu bana bato kuko basanze ari yo nzira nziza yatuma aranduka burundu. Yabivuze ku wa 6 Nzeri 2024, ubwo hatangizwaga ihuriro ry’imiryango ryatumiwemo abashakanye (imiryango 500), bivuze ko ryitabiriwe n’abagera ku 1000. Ni ihuriro ryabaye mu gihe mu […]

Continue Reading