Ibyago Imirire Mibi Igira Ku Bana

Iyo bavuga ko ‘umuntu ari ibyo yariye’ baba bavuga ukuri. Ibi birushaho kuba ukuri ku bana kuko iyo bagaburiwe neza batoha, bagakura neza, wabareba ukabona bateye ubwuzu. Ababuze ayo mahirwe bo ubona bababaje, barananutse, amagufa yaranamye. Iyo umwana ariye indyo ituzuye mu gihe kirekire, ubwonko bwe bukura nabi, bukagira ibyuho mu kwirema ku buryo ifoto […]

Continue Reading

Nyabihu: RYCLUPO yatanze inkunga y’ibikoresho ku banyeshuri batishoboye

Umuryango Rwanda Youth Clubs For Peace Organization (RYCLUP), wafashije abana b’abanyeshuri bo mu miryango itishoboye biga mu Ishuri ribanza rya Kijote riherereye mu Murenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu, ubaha ibikoresho by’ishuri birimo imyambaro, ibikapu, inkweto, imipira yo gukina, amakayi n’amakaramu. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa mbere taliki 15 Nzeri 2025. Abanyeshuri bahawe […]

Continue Reading

Rutsiro: Drone ya RDF yakomerekeje abanyeshuri batatu

Igisirikare cy’u Rwanda ,RDF cyatangaje ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Nzeri 2025, indege nto itagira abapiloti, drone, yakoreye impanuka mu Murenge wa Kivumu mu karere ka Rutsiro ikomeretsa abanyeshuri batatu. Abana bakomeretse barimo uw’umuhungu w’imyaka Ine n’abakobwa babiri b’imyaka itanu bavaga kwiga ku ishuri ribanza rya Bunyoni (EP Bunyoni). Itangazo rya RDF […]

Continue Reading

Nyamasheke: Hari gushakishwa Umumotari wagonze umwana w’imyaka 4 agatoroka

Mu Karere ka Nyamasheke, Umurenge wa Gihombo mu Kagari ka Gitwa Umudugudu wa Gaseke haravugwa inkuru y’umwana wagonzwe na moto, umumotari akiruka ubu akaba agishakishwa. Ibi bikaba byabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Nzeri 2025, ku isaha ya saa 8:20 ubwo abana bajyaga ku ishuri nibwo moto ifite Pulake RI448Z, yagonze umwana w’imyaka […]

Continue Reading

Abana Ba Mbere Bo Muri Gaza Bageze Mu Bwongereza Ngo Bavurwe

Minisitiri ushinzwe ubutwererane muri Guverinoma y’Ubwongereza witwa Yvette Copper yatangaje ko hari itsinda rya mbere ry’abana baturutse muri Gaza bamaze kugera mu gihugu cye baje kwivuza.Bahisebakirwa Bakiriwe n’abakozi bo mu kigo gishinzwe ubuzima, NHS: National Health Services, kandi bahawe n’ahantu ho kuba hababereye bazamara imyaka ibiri bitabwaho. The Guardian yanditse ko abo bana bari hagati […]

Continue Reading

Abana Basiganywe N’Amaguru Mu Rwego Rwo Guhumeka Umwuka Mwiza

Mu cyanya cya Nyandungu kiri mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo kuri uyu wa Gatandatu habereye isiganwa ku maguro ryakozwe n’abana mu rwego kubakundisha siporo ari nako bamenyeshwa ko guhumekera ahantu hari ibiti n’ibyatsi bifasha ubuzima muri rusange. Ni abana bo mu bigo by’amashuri abanza bya Kigali Parents na Groupe Scolaire Remera Catholique […]

Continue Reading

MIGEPROF yakebuye abatagenzura imico n’imyifatire y’abakozi bo mu Ngo zabo (Video)

Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) yasabye ababyeyi bafite abakozi babarerera abana, kujya babanza kumenya abo ari bo, kugira ngo bamenye niba bo bafite uburere mbere yo kubuha abana bagiye kurera. Minisitiri wa MIGEPROF, Uwimana ConsolĂ©e yabigarutseho ku wa 4 Nzeri 2025 mu biganiro nyunguranabitekerezo ku burere buboneye. Yabukije ko nubwo hari abandi bamarana igihe n’abana […]

Continue Reading

Kamonyi: Umukobwa w’imyaka 14 yateye icyuma umuhungu w’imyaka 16 arapfa

Umwana w’umuhungu w’imyaka 16 wo mu Karere ka Kamonyi, yapfiriye ku Kigo Nderabuzima cya Remera Rukoma, nyuma yo guterwa icyuma mu gatuza na mugenzi we w’umukobwa w’imyaka 14 ubwo barimo barwana. Byabaye mu masaha ya saa moya z’ijoro ku 31 Kanama 2025, mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Rukoma, Akagari ka Gishyeshye, mu Mudugudu wa […]

Continue Reading

Rusizi: CNF yihaye intego yo kurushaho kwegera imiryango ibanye mu makimbirane n’abitegura kubana

Abagore bitabiriye Inama y’inteko rusange y’inama y’igihugu y’abagore (CNF) mu Karere ka Rusizi bavuze ko bagiye kurushaho kwegera imiryango ibanye mu makimbirane no kuganiriza abasore n’inkumi mbere yo gushyingirwa, mu rwego rwo kwirinda amakimbirane ari mu miryango. Amakimbirane yo mu ngo agaragazwa nk’intandaro y’ibindi bibazo bibangamira imibereho y’abagize umuryango birimo igwingira, inda ziterwa abangavu n’ikibazo […]

Continue Reading

Abana batarengeje imyaka 17 bazindukiye mu matora

Abana bari hagati y’imyaka Itandatu na 17 y’amavuko bazindukiye mu matora ya Komite z’Ihuriro ry’Abana yatangiye mu Rwanda hose ku rwego rw’Utugali n’Imidugudu. Ayo matora ya Komite z’Ihuriro ry’Abana yatangiye kuri uyu wa 28 Kanama 2025 ku rwego rw’Umudugudu n’Akagari azakomereza ku rw’Umurenge n’Akarere asorezwe ku Ntara n’Umujyi wa Kigali. Ingengabihe y’amatora y’Ikigo cy’igihugu gihinzwe […]

Continue Reading