Akaga abana bahuye na ko muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Rugamba Supiriyani yigeze kuririmba ati: ‘Impinja ntizigapfe’. Hari mu myaka itageze kuri 15 mbere y’uko Jenoside yakorewe Abatutsi itangira igahitana abana, abasore n’inkumi, abagabo n’abagore n’abakecuru n’abasaza. Kubera ko yari Jenoside mu nyito nyayo y’iri jambo, abana nabo barishwe, icyifuzo cya Rugamba (na we yaramuhitanye) kiburizwamo gityo! Mu mwaka wa 2019, uwahoze ayobora AVEGA, Valérie […]
Continue Reading