Huye-ibyo-banyuzemo-bituma-batifuza-gusubira-mu-buzima-bwo-mu-muhanda.

Abenshi mu rubyiruko rw’abahungu bakuwe mu muhanda mu Karere ka Huye, ubu bakaba barererwa mu miryango, bavuga ko ubuzima bwo mu muhanda bwari amaburakindi, kandi ko biyemeje kwiga kugira ngo bazagire icyo bimarira. Ibi babivuze nyuma yo guhurizwa mu kigo Intiganda cyari cyarabakiriye mbere yo gusubizwa mu miryango, bakibutswa indangagaciro zikwiye kubaranga, ku buryo batashye […]

Continue Reading

Zambia-impanuka-yambilansi-yahitanye-umubyeyi-numwana-yaragiye-kwibaruka

Imodoka ya Ambilansi yari ijyanye umubyeyi ugiye kwa muganga kubyara, yagendaga yihuta nyuma igonga igiti, uwo mubyeyi n’umwana yari atwite ndetse n’umurwaza bose bahita bapfa. Bamwe mu baturage bari hafi y’aho impanuka yabereye, bamwe bavuze ko uyu musheferi yihutaga ariwe wateje izo mpfu zose, ariko hari n’abavugaga ko ibyo yakoraga yagiraga ngo arebe ko yarokora […]

Continue Reading

Kicukiro-imodoka-yari-itwaye-abana-yakoze-impanuka-ikomeye

Mugitondo cyo kuri uyu wa 9 Mutarama 2023, mu Karere ka Kicukiro ahazwi nko ku i Rebero habereye impanuka y’imodoka yari itwaye abana b’abanyeshuri biga muri Path to Success 25 barakomereka. Uretse abo bana hanakomeretse umushoferi wari ubatwaye n’umwalimu wari ubaherekeje muri iyo modoka ya coaster. Umuvugizi w’ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda […]

Continue Reading

Umwe-mu-bana-bakomerekeye-mu-mpanuka-yimodoka-ku-i-rebero-yitabye-imana

Umwana witwa Kenny Irakoze Mugabo uri muri 25 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yari ibajyanye ku ishuri mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere yitabye Imana. Uyu mwana yigaga mu mwaka wa gatanu kuri Path to Success, mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali. Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, SSP René […]

Continue Reading