Huye-ibyo-banyuzemo-bituma-batifuza-gusubira-mu-buzima-bwo-mu-muhanda.
Abenshi mu rubyiruko rw’abahungu bakuwe mu muhanda mu Karere ka Huye, ubu bakaba barererwa mu miryango, bavuga ko ubuzima bwo mu muhanda bwari amaburakindi, kandi ko biyemeje kwiga kugira ngo bazagire icyo bimarira. Ibi babivuze nyuma yo guhurizwa mu kigo Intiganda cyari cyarabakiriye mbere yo gusubizwa mu miryango, bakibutswa indangagaciro zikwiye kubaranga, ku buryo batashye […]
Continue Reading