Buri kwezi basabwa nibura ibihumbi Frw 250, ababyeyi barwaje autisme bararemerewe

Ababyeyi bafite abana bafite ubumuga bwa “Autisme’’ basabye Leta ubufasha mu bijyanye no kwiga ndetse n’ubuvuzi kuko bihenze cyane, ku buryo bamwe bibaremerera. Ibi babitangaje kuri uyu wa Kabiri taliki ya 02 Mata ubwo bizihizaga Umunsi Mpuzamahanga wahariye ubukangurambaga kuri ubu bumuga. Umubyeyi witwa Twagirimana Alphonse, utuye mu Akarere ka Kicukiro ufite umwana wavukanye ubumuga […]

Continue Reading

Miliyoni Frw 300 zagendaga ku mafishi y’ikingira zigiye kurokorwa n’ikoranabuhanga

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) kiratangaza ko agera kuri miliyoni Frw 300 yakoreshwaga buri mwaka mu gukora amafishi y’ikingira, leta igiye kujya iyakoresha ibindi bikorwa kuko bagiye kwimakaza ikoranabuhanga muri iyo gahunda. Ubusanzwe iyo umubyeyi akimara kubyara, umwana ahabwa urukingo rwa mbere, agahita akorerwa ifishi iriho ingengabihe y’uko azakomeza kumukingiza. Kuri ubu uburyo bwo gukora […]

Continue Reading

Kutagira amazi meza ku Kirwa cya Bugarura bibangamiye imibereho y’abana

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rutsiro, batuye ku Kirwa cya Bugarura bavuga ko kutagira amazi meza bibangamira imibereho myiza y’abana, aho mu gihe Leta yaba ntacyo ikoze bishobora gutuma abana batangira kwibasirwa n’indwara zikomoka ku mwanda. Abaturage bo mu Murenge wa Boneza baganiriye n’Umunyamakuru w’Ijamboryumwana bavuze ko kutagira amazi meza bigira ingaruka ku […]

Continue Reading

Guverineri Rubingisa yasobanuye uko amata yabaye intandaro y’ibibazo by’abana bajyanywe kwa muganga i Nyagatare

Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Pudence Rubingisa, yasobanuye ko amata adatetse ariyo yatumye abana 769 biga mu bigo bine byo mu Karere ka Nyagatare bajyanwa kwa muganga ndetse kuri ubu abana 8 bakaba bakiri mu bitaro. Kuva kuwa Gatanu nijoro abanyeshuri b’ibigo bine byo mu Karere ka Nyagatare batangiye kujyanwa kwa muganga nyuma yo kugira ikibazo cyo […]

Continue Reading

Kamonyi: Inkuba yakubise umwana wakuraga ibijumba ahita apfa

Umwana w’umukobwa w’imyaka 15 wigaga mu mwaka wa Kabiri w’amashuri yisumbuye wakuraga ibijumba mu Kagali ka Kidahwe mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi, yakubiswe n’inkuba, ahita apfa. Inkuba ikimara gukubita, umubyeyi w’uyu mwana yirutse ajya kureba aho uwo mukobwa ari, agezeyo asanga umwana we yashizemo umwuka. Umurambo wahise ujyanwa mu rugo aho yabanaga […]

Continue Reading

U Rwanda rwashyizeho uburyo bwo gupima abana igituntu hadakoreshejwe igikororwa

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abana bagiye kujya bapimwa igituntu, hifashishijwe ikizamini cy’umusarane mu rwego rwo kongera umubare w’abagerwaho n’ubuvuzi bw’iyo ndwara hakiri kare. Mu 2014, Isi yihaye intego yo kurandura igituntu bitarenze 2035. Kugira ngo ibi bigerweho hafashwe ingamba zirimo no gupima abantu bose bakekwaho iyi ndwara nibura kugera ku kigero cya 90%, […]

Continue Reading

Kirehe-abangavu-batewe-inda-batuye-akarere-ikibazo-cyabaganga-batagira-ibanga

Abangavu batewe inda bo mu Mirenge itandukanye igize Akarere ka Kirehe batuye ubuyobozi bw’ako Karere ikibazo cy’abaganga batagira ibanga, bikaba ari bimwe mu bituma batitabira kwipimisha uko bikwiye igihe batwite cyangwa ngo bajye gusaba serivisi z’ubuzima bw’imyororokere bisanzuye. Ni kimwe mu bibazo byagaragajwe nk’ibibangamiye abangavu mu rwego ry’ubuzima. Hari mu biganiro byabereye mu Karere ka […]

Continue Reading

Ngororero-grenade-yaturikanye-abana-babiri-umwe-ahita-ahasiga-ubuzima

Mu Murenge wa Ngororero mu Karere ka Ngororero, Igisasu cyo mu bwoko bwa ‘Grenade’ cyishe umwana w’imyaka 10 y’amavuko, gikomeretsa bikomeye uwo bari kumwe. Ibyo byabaye kuri uyu wa Kane taliki ya 15 Ukuboza 2022 mu Mudugudu wa Kabeza, mu Kagari ka Gaseke, mu Murenge wa Ngororero. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ngororero,  Mugisha Daniel yavuze […]

Continue Reading

Musenyeri-rukamba-yasabye-abize-gutanga-umusanzu-mu-guhangana-nigwingira.

Musenyeri wa Diyoseze Gatolika ya Butare, Rukamba Philippe, yasabye abize gutanga umusanzu wabo mu kurandura imirire mibi n’igwingira ry’abana mu Rwanda kuko ari ikibazo gikomeye kandi gikeneye ubufatanye mu kugikemura. Yabigarutseho ubwo yayoboraga umuhango wo gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri 430 basoje amasomo yabo muri Kaminuza Gatolika y’u Rwanda (CUR) ku wa 17 Ukuboza 2022 mu […]

Continue Reading

Ubuyobozi-bwahembye-uwabyaye-4-nyuma-yimyaka-15-ategereje-urubyaro

Uwiragiye Marie Chantal wo mu murenge wa Rilima mu Karere ka Bugesera uherutse kubyarira abana bane mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal, yasuwe n’ubuyobozi bw’ako Karere bumwizeza gukomeza kumuba hafi. Uwiragiye yabyaye aba bana mu ijoro ryo kuri Noheli ku wa 25 Ukuboza 2022, nyuma y’ imyaka 15 ategereje urubyaro. Ku wa Gatatu tariki ya 28 […]

Continue Reading