Depite Uwababyeyi Jeannette yakebuye ababyeyi bacutsa abana imburagihe

Depite Uwababyeyi Jeannette, uri mu bagize komisiyo y’imibereho y’abaturage mu Nteko Ishingamategeko, yibukije ababyeyi konsa neza igihe cyagenwe, bakirinda gucutsa abana imburagiye, kuko amashereka ariyo arimo intungamubiri zose umwana akenera. Ni ubutumwa yagarutseho ubwo yasuraga ababyeyi bo mu Kagari ka Bugaragara mu Murenge wa Rwimiyaga, Akarere ka Nyagatare bafite abana bari mu mirire mibi. Hari […]

Continue Reading

Guverineri Ntibitura yashimye uruhare rw’umushinga SAIP mu kurwanya igwingira

Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba, Ntibitura Jean Bosco, yavuze ko kuba umubare w’abana bagwingiye waragabanutse mu Ntara yose ari ibyo kwishimira, akavuga ko byagizwemo uruhare na benshi barimo n’umushinga SAIP. Leta mu myaka 15 ishize yashyizeho ingamba zo kugabanya cyangwa kurandura ibitera igwingira, muri zo hakabamo n’umushinga ugamije kongera umusaruro w’ubuhinzi, kuwushakira amasoko no kwihaza mu biribwa, […]

Continue Reading

Hagaragajwe icyakorwa mu kurwanya ingegabitekerezo ya Jenoside ababyeyi babiba mu babakomokaho

Umuyobozi Mukuru wa Never Again Rwanda, Dr. Joseph Nkurunziza Ryarasa yagaragaje ko ababyeyi bagira uruhare rukomeye mu gutuma ingengabitekerezo idacika mu bakiri bato, cyakora anerekana ko hari icyakorwa cyazana impinduka. Yabigarutseho mu biganiro yagiranye n’Abadepite bagize Komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa muntu no kurwanya Jenoside byagarutse ku ishyirwa mu bikorwa rya Politiki y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge […]

Continue Reading

Dufite umukoro wo guha abana uburere bwiza-Depite Uwineza

Visi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, Uwineza Béline, asaba ababyeyi n’abarezi gutoza abana kugira ubumuntu ndetse bakanababwiza ukuri ku mateka y’Igihugu, kuko agoretswe batazamenya ububi bwa Jenoside yakorewe Abatutsi. Yabibasabye ubwo mu Ntara y’Iburasirazuba n’Akarere ka Rwamagana, hibukwaga abahoze ari abakozi ba Perefegitura na Superefegitura zahujwe zikaba Intara y’Iburasirazuba, n’ab’amakomine yahujwe akaba Akarere ka […]

Continue Reading

Nyamasheke: Umubyeyi w’abana babiri yasanzwe mu nzu yapfuye

Umubyeyi w’abana babiri witwa Mukamuvara Gaudance wari utuye Mudugudu wa Munini, Akagari ka Kibogora, Umurenge wa Kanjongo, Akarere ka Nyamasheke, yasanzwe mu nzu yabagamo yishwe n’abantu bataramenyekana. Urupfu rwa Mukamuvara rwamenyekanye ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 04 Gicurasi, 2025 ahagana saa moya z’umuhoroba. Uyu mubyeyi uvuka mu Mudugudu wa Mataba, akagari ka Nyakabingo, umurenge […]

Continue Reading

Nyamasheke: Umwana w’imyaka 8 yagwiriwe n’igiti arapfa

Umwana w’imyaka 8 wo mu Murenge wa Giheke, Akarere ka Rusizi, yakurikiye abandi gutashya inkwi mu ishyamba ryarimo risarurwa, igiti kiramugwira arapfa. Iryo shyamba rikaba riherereye mu Mudugudu wa Ruhinga II, mu Kagari ka Kagatamu, Umurenge wa Bushenge, mu Karere ka Nyamasheke, amakuru avuga ko abatemaga iryo shyamba nta cyangombwa cy’ubuyobozi cyabemereraga kuritema bari bafite. […]

Continue Reading

Umuryango Unity Club Intwararumuri washimangiye gukomeza kwigisha abakiri bato icyo gutwara urumuri bivuze

Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango Unity Club Intwararumuri washimangiye ko uzakomeza kwigisha abakiri bato; ubumwe n’ubudaheranwa bw’Abanyarwanda, kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside n’icyo gutwara urumuri bivuze.  Ni igikorwa cyabereye ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nyamata mu Karere ka Bugesera.  Murorunkwere Julienne watanze ubuhamya, yavuze ko Jenoside yakorewe […]

Continue Reading

Karongi: Inzu yiciwemo abana muri Jenoside yasabiwe kugirwa urwibutso

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu karere ka Karongi barasaba ko inzu y’Ibitaro Bikuru bya Kibuye yiciwemo abana 80 b’Abatutsi yaharirwa ibikobwa byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, uwari Burugumesitiri wa Komine Gitesi, yategetse ko abana bose biciwe ababyeyi bajyanwa mu bitaro Bikuru bya Kibuye avuga ko ari […]

Continue Reading

Kicukiro : Umwana w’amezi 5 yahiriye mu nzu arapfa

Kuri uyu  wa  Kabiri tariki ya 29 Mata 2025 Ahitwa mu Itunda mu Kagari ka Rubirizi, Umurenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro humvikanye inkuru mbi y’umwana w’amezi atanu wahiriye mu nzu nyuma y’uko mukuru we acanye umwambi uramucika ugwa kuri matola uwo mwana ari aryamyeho Umwana   witabye Imana  yitwa Bryan Hirwa. Mukuru we yabonye […]

Continue Reading

Nyamasheke: Ababyeyi basabwe kutadohoka kuri gahunda yo gupimisha abana

Umuyobozi w’Ishami ry’Ubuzima mu Karere ka Nyamasheke, Byiringiro Jean Paul, yasabye abafite abana bato kubahiriza gahunda yo kubapimisha kuri site zagenwe aho batuye mu Midugudu, mu rwego rwo gukurikirana imikurire yabo kugira ngo uwo bigaragaye ko ari gusubira inyuma yitabweho hakiri kare. Byiringiro yabigarutseho mu bukangurambaga bwo kurwanya imirire mibi n’igwingira bwateguwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe […]

Continue Reading