Nkombo: Abana barasaba kwigishwa Ikinyarwanda hakiri kare

Nkombo ni umurenge wo mu karere ka Rusizi ugizwe n’ikirwa cyo mu kiyaga cya Kivu. Abatuye uyu Murenge bafite Ururimi rw’Amahavu bahuriyeho, ari narwo baganiramo. Ibi bituma abana baho batinda kumenya Ikinyarwanda kuko kuri iki Kirwa gikoreshwa gake bakarwiga ari uko bageze ku ishuri. Aho niho bahera basaba ababyeyi babo kujya babigisha Ikinyarwanda bakiri bato. […]

Continue Reading

Nyamasheke: Polisi yatangaje imibare y’abaguye n’abakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yari itwaye abanyeshuri

Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangaje ko abanyeshuri babiri aribo bamaze gupfa bazize impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri bo ku ishuri ryigenga rya St Mathews naho 32 bakomeretse bakomeje kwitabwaho. Ni impanuka yabereye mu Mudugudu wa Kamabuye, Akagari ka Ntendezi, Umurenge wa Ruharambuga ku wa 19 Nzeli 2024. Nyuma yuko hagiye hatangazwa […]

Continue Reading

Nyanza: Umwana yaguye mu cyuzi arapfa

Mu karere ka Nyanza mu Murenge wa Ntyazo mu kagari ka Cyotamakara mu Mudugudu wa Bayi haravugwa inkuru y’umwana wajyanye n’abandi koga mu cyuzi akarohana agapfa. Ikinyamakuru Umuseke cyanditse ko uwo umwana witwa Twagirayezu Dieudonné w’imyaka 15 yaguye mu cyuzi cyacukuwe n’umuturage wo muri kariya gace, ubwo we na mugenzi we bajyanaga koga. Umunyamabanga Nshingwabikorwa […]

Continue Reading

Butaro: Hatashywe icyumba kizajya cyakira abana bakeneye ubuvuzi bwo kubagwa

Mu bitaro bya Butaro biherereye mu Karere ka Burera, hatashywe icyumba kigenewe by’umwihariko ubuvuzi bwo kubaga abana bafite indwara zitandukanye zirimo na kanseri. Abahivuriza barishimira ko bibaruhuye ingendo kuko batazongera koherezwa i Kigali. Ni icyumba kigizwe n’ibikoresho byagenewe kubaga abana, undi mwihariko ni ibishushanyo by’abana bitatse iki cyumba ku buryo abana bahabwa ubuvuzi butabatera ubwoba […]

Continue Reading

NCDA yibukije ababyeyi ko konka ari cyo kintu cy’ibanze umwana akenera mu buzima bwe

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA) cyibukijwe ababyeyi ko konsa abana babo neza ari cyo kintu cy’ibanze kandi cy’ingenzi bagomba kubaha, kuko kibagirira akamaro mu buzima bwabo bwose. NCDA yagarutse kuri ubu butumwa mu bukangurambaga bwo konsa neza buzamara ukwezi, bwatangijwe ku mugarararo kuri uyu wa 7 Kanama 2024 mu karere ka Nyabihu […]

Continue Reading

Nyanza: Umwana yahanutse ku modoka bimuviramo gupfa

Mu karere ka Nyanza umwana uri mu kigero cy’imyaka 15 yuriye imodoka yo mu bwoko bwa Fuso igenda, nyuma aza guhanuka agwa hasi bimuviramo urupfu, amakuru avuga ko umushoferi w’iyo modoka ari gukurikiranwa. Byabereye mu mudugudu wa Rukari, mu kagari ka Rwesero mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza gusa amakuru avuga ko nyakwigendera […]

Continue Reading

Gicumbi: Barishimira ko igwingira ryagabanyutse mu bana bari munsi y’imyaka itanu

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi burishimira ko igwingira ryagabanyutse ku buryo bufatika mu bana bari munsi y’imyaka itanu, aho ryavuye kuri 42% mu 2019 ubu rikaba rigeze kuri 19.2%. Ni umusaruro w’imbaraga zashyizwe mu bijyanye n’Ingo Mbonezamirire y’abana bato, gushishikariza ababyeyi kugira isuku mu gutegura amafunguro, gutegura imfashabere, n’uruhare rw’abajyanama b’ubuzima mu guurikirana abana bari bafite […]

Continue Reading

Abasaga 200 ba mbere mu buforomo n’ububyaza bari mu batangiye ibizamini bya Leta bisoza ayisumbuye

Icyiciro cya mbere cy’abanyeshuri 203 barimo kurangiza amashuri yisumbuye mu ishami ry’ubuforomo bari mu batangiye ibizamini bya Leta kuri uyu wa 23 Nyakanga 2024. Mu kwezi gushize nibwo bari bakoze ibizamini ngiro. Barimo ab’igitsina gore 89 n’ab’igitsina gabo 114 baturuka mu bigo by’amashuri birindwi byigisha porogaramu z’ubuganga (Associate Nursing Program:ANP). Ubwo yatangirizaga ibizamini bya Leta […]

Continue Reading

Ubuzima bw’Ababyeyi bibarutse bitabiriye amatora

Umubyeyi wo mu Karere ka Gatsibo n’undi wo mu Karere ka Nyabihu bafashwe n’ibise ubwo bari bitabiriye amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite, nyuma bafashwa kugera kwa Muganga babyara neza. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 15 Nyakanga 2024, Abanyarwanda batuye imbere mu gihugu baramukiye mu gikorwa cyo kwihitaramo uwo bashaka ko azabayobora […]

Continue Reading

Icyerekezo cy’u Rwanda ku kugabanya impfu z’ababyeyi bapfa babyara

Ibikorwa byo gusuzumisha inda byavuye ku nshuro enye bigera ku nshuro 8, mu rwego rwo kurushaho kubungabunga ubuzima bw’umubyeyi n’umwana. Si ugusuzumisha inda gusa kuko kugeza ubu ababyeyi bitabira kubyarira kwa muganga ahanini babifashijwemo no kwegerezwa serivisi z’ubuvuzi mu bigo nderabuzima. Imibare igaragaza ko izo gahunda zikomatanyije zagiye zitanga umusaruro, aho Impfu z’ababyeyi bapfa babyara […]

Continue Reading