DRC: Abana Bo Muri Kivu Ya Ruguru Bari Gukingirwa Imbasa
Visi Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru aherutse gutangiza ibikorwa byo gukingira abana imbasa biganjemo abatuye Beni umwe mu mijyi minini y’iyi Ntara. Abana bafite hagati y’imyaka zeru n’amezi 59 nibo bahabwa urwo rukingo. Prisca Kamala Luanda usanzwe ari Umujyanama mu by’ubuzima n’uburezi muri iriya Ntara avuga ko abana bahabwa ruriya rukingo babanje kubarurwa mu bice […]
Continue Reading