DRC: Abana Bo Muri Kivu Ya Ruguru Bari Gukingirwa Imbasa

Visi Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru aherutse gutangiza ibikorwa byo gukingira abana imbasa biganjemo abatuye Beni umwe mu mijyi minini y’iyi Ntara. Abana bafite hagati y’imyaka zeru n’amezi 59 nibo bahabwa urwo rukingo. Prisca Kamala Luanda usanzwe ari Umujyanama mu by’ubuzima n’uburezi muri iriya Ntara avuga ko abana bahabwa ruriya rukingo babanje kubarurwa mu bice […]

Continue Reading

Rutsiro: Abana bagwingiye bagabanyutseho 14% mu myaka itanu ishize

Ubuyobobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko binyuze muri gahunda zitandukanye zo kwita ku mikurire y’umwana, babashije kugabanya abana bari munsi y’imyaka ibiri bagwingiye ku kigero cya 14% mu myaka itanu ishize. Izo gahunda zirimo kondora abana binyuze mu iziko ry’umudugudu hagamijwe kwita no gukurikirana umwana ufite imirire mibi no kwita ku ngo mbonezamikurire. Raporo yakozwe […]

Continue Reading

Kuri Gare Ya Kacyiru Hashyizwe Icyumba Abagore Bonkerezamo

Mu rwego rwo guteza imbere uburenganzira bw’umwana n’umubyeyi kuri Gari ya Kacyiru hashyizwe icyumba cy’umubyeyi cyiswe “Mama’s Corner”, cyo guha ababyeyi uburyo bwo konsa. Ni uburyo bwo kubafasha kwiyonkereza abana mu gihe bategereje imodoka. Kucyubaka byakozwe k’ubufatanye bw’Umujyi wa Kigali n’ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA), hagamijwe kubungabunga ubuzima bw’umwana n’umubyeyi. Kizajya cyonkerezwamo, […]

Continue Reading

Amazi Yatwaye Uruhinja

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 18, Kanama, 2025 muri ruhurura itandukanya Akarere ka Nyarugenge n’aka Kicukiro ku ruhande rw’Akagari ka Rugarama mu Murenge wa Nyarugenge abaturage bahatoye uruhinja rwapfuye ruzize amazi yarutembanye. Aho barusanze bahita ku Kiraro cy’Abashinwa, ababibonye babwiye Ukwelitimes ko amazi yatwaye uwo mwana Ijamboryumwana ritaramenya umwirondoro we ari ay’imvura […]

Continue Reading

Abana B’u Rwanda Bakomeje Kuzahazwa N’Inzoka Zo Mu Nda

Ni henshi mu Rwanda abana barwara indwara ziterwa no kunywa amazi yanduye cyangwa bakayivurugutamo bayasanze mu bishanga kwidumbaguza, kuvoma cyangwa kuhira imyaka iwabo bahateye. Imwe mu ndwara zibazahaza ni iyitwa bilharzia iterwa n’ibikoko bitagaragarira amaso biba mu mazi yanduye bita parasites. Ibimenyetso byayo akenshi biba ari umuriro, ibicurane, guhitwa no gucika intege, umwana akanegekara. Nk’uko […]

Continue Reading

Nyamasheke: Umwana w’imyaka 13 yiyahuye atinya inkoni za Se

Umwana w’imyaka 13 wigaga mu mwaka wa 4 w’amashuri abanza ku Ishuri Ribanza rya Cyangabo riherereye mu Murenge wa Kirimbi, Akarere ka Nyamasheke, yasanzwe yapfuye yimanitse bikekwa ko yihahuye atinya inkoni za Se.  Uwo mwana yasanzwe amanitse muri supaneti yapfuye, bjgakekwa ko yaba yatinye ko se aza kumukubita kuko yari yarwanye n’undi mwana ku ishuri, […]

Continue Reading

Burera: Umwana w’imyaka 4 yatabarije Nyirakuru wishwe n’umukobwa we

Umwana w’imyaka 4 ni we watabaje abaturanyi ubwo nyina Uwimana Claudine w’imyaka 23 wo mu Kagali ka Nyamabuye, mu Murenge wa Kagogo, yicaga Nyirakuru, Mutuyimana Christine w’imyaka 53, amuteye icyuma mu mutima.  Inkuru ya IsangoStar ivuga ko abaturanyi bashinja inzego z’ibanze kurangara no kudakumira icyaha kitaraba. Byabaye nyuma y’amakimbirane yari akunze kuba hagati y’uyu mukobwa […]

Continue Reading

Abagabo barasabwa gufasha abagore konsa neza babarinda umunaniro n’umuhangayiko

Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), yasabye abagabo kurushaho kuba hafi abagore bonsa bakabafasha; kubona indyo ibakwiriye ndetse bakabarinda umunaniro n’umuhangayiko arinako baharanira ko abagize umuryango bose bagira ituze n’umutekano. Ni ubutumwa Umunyamabanga Uhoraho muri MIGEPROF, Mireille Batamuliza, yagarutseho kuri uyu wa 7 Kanama 2025 ubwo hatangizwaga ukwezi kwahariwe ubukangurambaga ku Konsa neza bw’uyu mwaka, bwatangirijwe mu […]

Continue Reading

Ibintu 4 umwana uhabwa umwanya wo gukina akurana bikamugirira akamaro kugeza ashaje

Umwalimu muri Kaminuza akaba n’Umuhanga mu by’Imitekerereze, Kubwimana Onesphore agaragaza ko umwana uhabwa umwanya wo kwidagadura agira amahirwe yo gukurana ubushobozi bwo; kwikemura ibibazo, kugenzura amarangamutima ye, kumenya ko instinzi itegurwa, gukorana n’abandi neza no kuzuzanya kandi akagira umubiri ufite ubuzima bwiza. Mu kiganiro cyihariye yahaye IJAMBORYUMWANA, Kubwimana yavuze ko hari ababyeyi bumva ko kugaburira […]

Continue Reading

Akamaro Konsa Bigirira Nyababyeyi

Dr. Eddy Ndayambaje uyobora ibitaro bya Nyagatare yemeza  ko konsa bituma nyababyeyi isubirana vuba. Hejuru yabyo, hiyongeraho ko n’umwana wonse amezi atandatu nta kindi ahawe, agira umubiri ukomeye utazapfa kurwaragurika nakura. Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wo konsa wabereye mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Matimba niho yabivugiye. Ndayambaje avuga ko ubuzima bw’umwana butangirira mu […]

Continue Reading