Huye: Umugore yavuze impamvu yajugunye umwana we w’amezi atatu mu Kanyaru

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugore w’imyaka 25 ukekwaho kwica umwana we w’amezi atatu amutaye mu mugezi w’Akanyaru.  Icyaha akurikiranyweho cyakozwe ku itariki ya 13 Nyakanga 2025, mu kagari ka Katarara, umurenge wa Ntyazo, Akarere ka Nyanza. Umurambo w’uyu mwana wabonetse ku wa 15 Nyakanga 2025 uri kureremba hejuru y’amazi ku nkombe z’umugezi w’Akanyaru. […]

Continue Reading

Yatanze amadolari ngo umuganga agaragaze ko ntaho ahuriye n’umwana we

Nyuma yo kubwirwa n’umugore ko umwana yabyaye ari uwe, umugabo wo mu Bwongereza yarabigaramye ndetse asaba ko hapimwa ADN. Yahaye umuganga ruswa ngo azane ibimenyetso byo kwerekana mu rukiko by’uko ntaho bahuriye kandi koko urukiko rurabyemeza kuko nta kindi rwari bushingireho. Uwo mugabo yari yasabwe kujya atanga indezo ya$125,800 yo kwita kuri uwo mwana. Amaze […]

Continue Reading

Umugore Uvugwaho Uburwayi Bwo Mu Mutwe Yihekuye

Umugore utuye mu Mudugudu wa Mutagata, mu Murenge wa Masoro muri Rulindo yishe abana be batatu nk’uko abaturanyi be babibwiye itangazamakuru. BTN yatangaje ko umukuru muri abo bana afite imyaka irindwi, undi ine mu gihe umuto afite umwaka n’igice. Umwe mu baturage b’aho byabereye avuga ko bari bamaze iminsi babona ko uwo mugore atameze neza […]

Continue Reading

Muhanga: Ushinjwa gusambanya umwana yahawe igifungo cy’iminsi 30

Urukiko rw’ibanze rwa Nyamabuye ku rubanza rw’ifunga n’ifungurwa by’agateganyo rwanzuye ko umunyamategeko ukekwaho gusambanya umwana afungwa iminsi 30 y’agateganyo mbere yo kumuburanisha mu mizi. Iki cyemezo cyafatiwe mu cyumba cy’Iburanisha cy’uru rukiko saa kumi z’umugoroba zo kuri uyu wa Kabiri Tariki 15, Nyakanga, 2025. Abacamanza bavuga ko hari impamvu zikomeye zituma umwunganizi mu mategeko ukekwaho […]

Continue Reading

Rubavu: Abana basigaye ari imfubyi nyuma y’uko Nyina yishe Se

Abana babiri basigaye badafite kivurira nyuma y’uko Nyina yishe Se amukubise ishoka. Se na Nyina bari bamaranye imyaka irindwi babana. Amakimbirane ashingiye k’ugucana inyuma niyo avugwa kuba intandaro y’ubwo bwicanyi bwasize abo bana mu kangaratete. Intandaro y’ubu bwicanyi  nk’uko bigaragara ku rubuga rw’Ubushinjacyaha, ngo yaturutse ku gufuha nyuma y’uko umugore yamenye ko umugabo afite undi […]

Continue Reading

Gasabo: Yageze Iwe Asanga Umukozi Aramusambanyiriza Umwana

Muri Mata, 2025 umubyeyi wo Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo yatunguwe kandi ababazwa no gusanga umukozi we wo mu rugo ‘w’umukobwa’ ari kumusambanyiriza umwana ‘umuhungu’ w’imyaka 14. Uwo mukobwa afite imyaka 20, bikaba bivugwa ko bitari ubwa mbere asambanyije uwo mwana. Ikinyamakuru Bwiza kivuga ko amakuru ava mu bushinjacyaha bwa Repubulika avuga ko […]

Continue Reading

Muhanga: Umunyamategeko w’imyaka 74 aravugwaho gusambanya umwana

Mu muhezo, Urukiko rw’ibanze rwa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga ruherutse kuburanisha urubanza ubushinjacyaha buregamo umwavoka ubura igihe gito ngo agire imyaka 75 gusambanya umwangavu w’imyaka 16 akamutera inda. Ryari iburanisha ku ifungwa cyangwa ifungurwa ry’agateganyo, abari baje gukurikirana uru rubanza bakaba barasohowe mu rubanza kuko byemejwe ko rubera mu muhezo. Umunyamakuru wa UMUSEKE wari […]

Continue Reading

Musanze: Yasanze umugabo we asambanya umwana wabo

Mu Murenge wa Kimonyi mu Karere ka Musanze havugwa inkuru y’umugabo w’imyaka 40 uvugwaho gusambanya umwana we w’umukobwa w’imyaka 14. Uwo mwana yavuze ko Se yari asanzwe amusambanya, akabibwira Nyina ariko ntabyemere kugeza ubwo yamumusanze hejuru. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 18, Kamena, 2025 nibwo iyo nkuru yabaye kimomo nyuma y’uko umugore […]

Continue Reading

Umugore yagurishije umwana we £3,100

Muri Afurika y’Epfo haravugwa umugore uherutse kujyanwa mu rukiko ngo yiregure ku byaha by’uko yakoranye n’umupfumu akamugurishaho umwana we w’umukobwa ku giciro cya £3,100 ni ukuvuga Miliyoni Frw 6. Mu rukiko uwo mugore witwa Kuneuwe Shalaba yari ari kumwe na ‘shaman'( umupfumu) witwa Sebokoana Khounyana bashinjwa uruhare  rutaziguye muri ibyo byose. Abantu bavuga ko abo […]

Continue Reading

Umuyobozi ushinjwa guhohotera abana yasabiwe gufungwa

Ubushinjacyaha ku rwego rw’Ibanze rwa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga rwasabiye Umuyobozi w’amasomo wungirije witwa Mitsindo Gaëtan ushinjwa guhohotera abanyeshuri b’abakobwa gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Iki gihano cyasabwe kuri uyu wa 27, Gicurasi, 2025 mu iburanisha ryabereye ku rukiko rwanditswe haruguru. Mu gusobanura impamvu zikomeye bushingiraho bumusabira gufungwa iyo minsi, ubushinjacyaha buvuga ko bushingiye ku […]

Continue Reading