Padiri Katabogama Phocas ushinjwa gusambanya umwana yafunzwe iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarubuye rwategetse ko Padiri Katabogama Phocas wayoboraga Lycée de Rusumo mu Karere ka Kirehe ukurikiranyweho gusambanya umwana, akurikiranwa afunzwe iminsi 30 y’agateganyo mu gihe iperereza ku byo ashinjwa rigikomeje. Uwo mupadiri acyekwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 15 wigaga muri icyo kigo yayoboraga, yatawe muri yombi ku wa 9 Ukwakira 2024. Ubushinjacyaha […]

Continue Reading

Rusizi: Umusore w’imyaka 28 akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka itatu

Umusore w’imyaka 28 wo mu murenge wa Nyakarenzo mu karere ka Rusizi yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka itatu nyuma yo kumushukisha igiceri cy’amafaranga 100 Frw. Tariki 25 Ukwakira 2024 ni bwo umubyeyi w’uwo mwana yatashye avuye guhinga, umwana w’imyaka itatu yari yasize mu rugo amubwira ko uyu musore w’imyaka 28 yaje mu rugo […]

Continue Reading

Dosiye y’umuyobozi w’ishuri ukurikiranyweho gusambanya umwana yagejejwe mu Bushinjacyaha

Dosiye y’umupadiri wayoboraga Lycée de Rusumo ukurikiranyweho gusambanya umwana yagejejwe mu Bushinjacyaha ku wa 14 Ukwakira 2024 kugira ngo ikorweho iperereza mbere yo kuyiregera urukiko. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry yemeje aya makuru, agira ati “Nibyo koko dosiye ye yagejejwe mu Bushinjacyaha, arakekwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 15 wiga muri icyo […]

Continue Reading

Kirehe: Umupadiri arakekwaho gusambanya umukobwa w’imyaka 15

Mu Karere ka Kirehe haravugwa inkuru y’Umupadiri uyobora Ikigo cya Lycée de Rusumo watawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 15 wigaga muri icyo Kigo ayoboye. Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) Murangira B. Thierry, yemeje ko uwo mupadiri yatawe muri yombi taliki 9 Ukwakira 2024 nkuko yabyemereye Primo Media. Ati “Ayo makuru ni ukuri yafunzwe […]

Continue Reading

Karongi: Umugabo wakekwagaho kwica umwana yibyariye yakatiwe gufungwa burundu

Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwahamije Baraturwango Nathan icyaha cy’ubwicanyi, n’icyo gukubita no gukomeretsa ku bushake, rumukatira igihano cy’igifungo cya burundu. Iki cyaha cyabereye mu Mudugudu wa Kivomo, Akagali ka Gitarama, Umurenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi, ku wa 29 Kamena 2024. Kuri uwo munsi, uwo mugabo yafashe umuhoro atema mu mutwe umwana we bimuviramo […]

Continue Reading

RIB yakiriye ibirego by’abana barenga ibihumbi 14 basambanyijwe mu myaka itatu

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko mu myaka itatu ishize icyaha cyo gusambanya abana ari cyo cyaje ku isonga mu ihohoterwa ribakorerwa, rwibutsa abantu ko cyashyizwe mu byaha bidasaza kandi ko uwagikorewe adashobora kungwa n’uwagikoze. Ni imibare yo kuva mu 2021 kugeza mu 2024 hagati, aho mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2021/2022 abana 5,143 bakorewe […]

Continue Reading

Musanze: Umusore arakekwaho gusambanyiriza umwana mu bwiherero bwa Kiliziya

Umusore w’imyaka 36 wo mu Kagari ka Mpenge Umurenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, afungiye kuri Polisi Sitasiyo ya Muhoza, akekwaho gusambanyiriza umukobwa w’imyaka 15 mu bwiherero bwa Cathedral ya Ruhengeri. Abakirisitu bari baje muri Misa ya mbere kuri Cathedral ya Ruhengeri, bavuga ko mu ma saa kumi n’ebyiri z’igitondo cyo kuri iki cyumweru tariki […]

Continue Reading

Kamonyi: Umusore arakekwaho gusambanya umwana

Umusore w’imyaka 21 y’amavuko wo mu Karere ka Kamonyi, akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 15 wari ugiye kuvoma. Byabereye mu Mudugudu wa Remera Akagari ka Gitare Umurenge wa Nyarubaka mu Karere ka Kamonyi. Umuseke wanditse ko uwo musore yamusanze ku iriba agiye kuvoma batangira kurwana ariko amurusha intege kugeza ubwo amuciriyeho imyenda y’imbere aramusambanya. Abatanze […]

Continue Reading

Muhanga: Abarimu babiri barakekwa gusambanya Umunyeshuri

Abarimu babiri bo mu Ishuri ryisumbuye rya Nyakabanda riherereye mu Karere ka Muhanga, bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwe mu banyeshuri bigisha. Umwe muri abo barezi bigisha muri ES Nyakabanda mu Murenge wa Kibangu, yasabye mugenzi we kumutiza icyumba cy’inzu ye kugira ngo ahasambanyirize uwo munyeshuri w’umukobwa wiga mu cyiciro rusange nkuko Ikinyamakuru Umuseke cyabyanditse. Amakuru […]

Continue Reading

Urukiko rwanzuye ko umwalimu ukekwaho gusambanya abana babiri afungwa by’agateganyo

Urukiko rw’ibanze rwa Ruhango rwanzuye ko umwalimu wari usanzwe yigisha mu ishuri rya Nyanza TSS ryahoze ryitwa ETO Gitarama, akurikiranwa afunzwe by’agateganyo ku byaha akurikiranyweho n’ubutabera birimo icyo gusambanya abana babiri umwe w’imyaka 15 n’uwa 17 y’amavuko. Ibyo byaha yabikoze mu ntangiro za Mata ubwo bivugwa ko yahuraga n’abo bana basanzwe bacuruza ibiraha, akababwira ko […]

Continue Reading