Urukiko rw’Ikirenga rwatangiye gutegura amabwiriza agamije kunoza ubutabera buhabwa abana
Nyuma yo kubona ko mu butabera buhabwa abana mu Rwanda hakirimo ibitaranozwa, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, yatangiye gutegura amabwiriza agamije gufasha abari mu runana rw’ubutabera kunoza ubuhabwa abana. Ni amabwiriza agamije gukemura ibibazo byakunze kugaragazwa, abana bagahabwa ubutabera bugamije kubagorora aho kuba ubwo kubafunga gusa. Raporo y’Urwego rw’Ubucamanza yerekana ko mu manza nshinjabyaha zinjiye […]
Continue Reading