Kayonza: Ababyeyi bategereje ibisubizo kuri ECD iri kubakwa i Kageyo
Abatuye mu Kagari ka Kageyo, Umurenge wa Mwiri mu Karere ka Kayonza bagaragaza ko bategereje ibisubizo byinshi ku Rugo Mbonezamikurire y’Abana Bato (ECD) barimo kubakirwa, aho biteze ko ruzabafasha mu mikurire myiza y’abana babo. Abo baturage bashimira Leta y’u Rwanda yashyizeho gahunda y’Imbonezamikurire y’abana bato kuko igira uruhare runini mu guhangana n’igwingira, kwimakaza uburezi buboneye […]
Continue Reading