Uko ifunguro ryagize uruhare mu kugarura abana ku ishuri

Imibare ya Guverinoma ku bijyanye no kunoza ireme ry’uburezi yerekana ko, uko gahunda yo kugaburira abana ku mashuri igenda ihabwa imbaraga arinako abana bagana ishuri mu burezi bw’ibanze bagenda biyongera. Ingngo y’imari Leta y’u Rwanda ishyira muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri ku ishuri, yavuye kuri miliyari esheshatu z’amafaranga y’u Rwanda mu 2017/2018, igera kuri miliyari […]

Continue Reading

Minisitiri Dr. Ngirente yashyize umucyo ku mafaranga y’inyubako ibigo by’amashuri byishyuza ababyeyi

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yatangaje ko mu kunoza gahunda z’uburezi n’imyigire, Guverinoma yahisemo kujya yishyura ibyerekeye ibikorwa remezo byose bijyanye n’ikigo cy’amashuri ku buryo amafaranga umubyeyi yishyura aba agamije kugaburira umwana gusa. Yabigarutseho kuri uyu wa 18 Mata 2024, ubwo yaganiraga n’Inteko Ishinga amategeko imitwe yombi, avuga ko amafaranga y’ishuri yishyurwa mu Rwanda ari […]

Continue Reading

Ibuka yasabye abarimu gukoresha imvugo y’ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi

Ibuka ivuga ko ibyo umwana yumva byose bimugiraho ingaruka igasaba abarimu kutanyuranya imvugo kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu byo bigisha abana. Ibuka ivuga ko hari abarimu iyo bari mu ishuri bavuga ibyanditswe neza kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ariko bagera ahiherereye bakavuga ibitandukanye na byo. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Ibuka, Ahishakiye Naphtal, avuga ko abarimu […]

Continue Reading

Ababyeyi bafite abana bataye ishuri bahawe ubutumwa

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCD) cyasabye abagize umuryango Nyarwanda by’umwihariko ababyeyi, Inshuti z’Umuryango n’abayobozi mu nzego z’ibanze gutahiriza umugozi umwe baharanira ko buri mwana agana ishuri. Ingengabihe y’uyu mwaka w’amashuri yerekana ko igihembwe cya Gatatu kizatangira ku wa 15 Mata kikarangira ku wa 05 Nyakanga 2024 bingana n’Ibyumweru 12. Gusubira ku mashuri gutangira amasomo […]

Continue Reading

Amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi agiye kujya yigishwa guhera mu mashuri y’incuke

Ubuyobozi bw’Urwego rw’Uburezi bw’Ibanze, REB, bwatangaje ko guhera mu mwaka w’amashuri utaha, hazatangira gukoreshwa integanyanyigisho y’amateka nshya irimo amasomo kuri Jenoside yakorewe Abatutsi agenewe abana kuva mu mashuri y’incuke n’umwaka wa mbere w’amashuri abanza kuzamura. Mu mugambi mugari wo gutegura Jenoside, uburezi bwabaye imwe mu nzira zifashishijwe mu gukwirakwiza ingengabitekerezo y’urwango mu Banyarwanda. Nyuma ya […]

Continue Reading

Abanyeshuri bahagurukira i Kigali bibukijwe ko Stade izajya ifunga saa 15h00

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), cyashyize ahagaragara gahunda y’ingendo zo gusubira ku mashuri ku banyeshuri biga bacumbikirwa, cyibutsa abanyeshuri bahagurukira i Kigali n’abahanyura berekeza mu zindi Ntara kujya bazinduka kuko Stade ya Kigali yitiriwe Pele bahagurukiraho izajya ifunga saa 15h00. Itangazo rya NESA rivuga ko gusubira ku mashuri gutangira amasomo y’igihembwe cya Gatatu […]

Continue Reading

Kwibuka30: Uko gahunda yo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi iteganyijwe mu bigo by’amashuri

Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, yatangaje ko Ibigo by’amashuri bizateganya umunsi wihariye wo Kwibuka no guhabwa ikiganiro mu gihe abanyeshuri bazaba bavuye mu biruhuko. Ni imwe mu ngingo zigize inyoborabikorwa yo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi yashyizwe ahagaragara n’iyo Minisiteri. Uyu mwaka, insanganyamatsiko izakomeza kuba “Kwibuka twiyubaka”. Iby’ingenzi bikwiriye kuzirikanwa birimo […]

Continue Reading

Nigeria: Abanyeshuri bari bashimuswe barekuwe ari bazima

Abanyeshuri bo muri leta ya Kaduna muri Nigeria bagera ku 137 bari barashimuswe n’abantu bitwaje intwaro mu ntangiriro za Werurwe 2024, barekuwe ari bazima. Itangazo ryasohowe na Guverineri wa Leta ya Kaduna, Uba Sani, ryemeza ko bose ari bazima. Rigira riti “Ni umunsi w’ibyishimo. Abanyeshuri hafi 140 bari bashimuswe mu gitero kimwe mu bikomeye byo […]

Continue Reading

Rubavu-ubushabitsi-nyambukiranyamipaka-bwagaragajwe-nkimpamvu-ituma-abana-bata-ishuri.

Amashuri yo mu Karere ka Rubavu agaragaza ko mu mpamvu zituma abana bata ishuri harimo abana bajya gushaka amafaranga kubera amahirwe yo kuba begereye umupaka n’ababyeyi basigira abana barumuna babo bagiye mu bucuruzi. Byagaragarijwe istinda ry’Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu ubwo basuraga ishuri rya G.S Ryabizige ryo mu Karere ka Rubavu, muri […]

Continue Reading

Ngoma-abafite-ubumuga-barasaba-ko-ururimi-rwamarenga-rwakwigishwa-mu-mashuri

Abafite ubumuga bo mu Karere ka Ngoma baragaragaraza ikibazo cy’ubuke bw’insimburangingo n’inyunganirangingo nk’imbogamizi mu mibereho yabo naho abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bavuga ko mu buryo burambye hari ibibazo byakemurwa no kwigisha ururimi rw’amarenga mu mashuri. Babigarutseho kuri uyu wa 03 Ukuboza mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abantu bafite ubumuga wizihirijwe mu Murenge wa Sake […]

Continue Reading