Abana b’i Rusizi bashimye intambwe yatewe mu kubahiriza uburenganzira bwabo

Abana bo mu karere ka Rusizi bashimira Guverinoma y’u Rwanda imbaraga ishyira mu kubahiriza uburenganzira bw’umwana, bakavuga ko n’ubwo ari bato bazakomeza gutanga umusanzu wabo mu kurwanya ibyonnyi bibangamira uburenganzira bw’umwana. Babigarutseho ku wa 22 Kamena 2024, ubwo mu karere ka Rusizi bizihizaga umunsi mukuru w’umwana w’Umunyafurika ubusanzwe wizihizwa tariki 16 Kamena. Ni ibirori byitabiriwe […]

Continue Reading

Nyaruguru: Abize ayisumbuye bafashwa n’Akarere bimwe amahirwe yo kujya muri Kaminuza

Abanyeshuri bize imyaka itatu isoza amashuri yisumbuye bishyurirwa n’Akarere kubera ubushobozi buke bw’imiryango yabo bari mu gihirahiro nyuma yo kujya gufata impamyabumenyi (diplome) zabo ku mashuri bizeho bakazibima kubera ko Akarere katishyuye umwaka wa nyuma, bikababuza amahirwe yo gusaba kwinjira muri Kaminuza y’u Rwanda. Mu rwego rwo guharanira ko buri mwana yiga, abakomoka mu miryango […]

Continue Reading

#Imyaka7: Hongewe amarerero abagore batwite bitabwaho byihariye, ahakubiswe umwotso mu kwita ku mikurire y’umwana

Imyaka irindwi ishize igaragaza impinduka zikomeye muri gahunda zo kwita ku mikurire y’umwana kuva asamwe kugeza agize imyaka itanu. Muri rusange impinduka z’ibyo u Rwanda rwagezeho muri iyo myaka, zigaragarira mu byiciro bine birimo; Ubukungu, Imibereho myiza y’abaturage, Imiyoborere myiza n’Ubutabera. Icyiciro cy’imibereho myiza kibarizwamo, uburezi, ubuzima, kurengera abatishoboye no kurwanya ubukene, nicyo dusangamo imbonezamikurire […]

Continue Reading

Ibyo ukwiye kumenya ku bukangurambaga bwo gutera inkunga gahunda yo kugaburira abana ku ishuri bwiswe ‘dusangire lunch’

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yatangije ubukangurambaga yise ‘Dusangire Lunch’, aho buri muntu ashobora gutera inkunga gahunda yo kugaburira abana ku ishuri mu bushobozi afite, akoresheje telefone igendanwa. Dusangire Lunch ihuriweho n’abafatanyabikorwa batatu barimo MINEDUC nk’urwego rugomba kugenzura ibikorwa byose bijyanye n’uburezi mu Rwanda, Koperative Umwalimu SACCO izaba irimo konti izajya ibikwaho izo nkunga ndetse na Mobile […]

Continue Reading

Impamvu amashuri arenga 600 atagaburiye abanyeshuri mu 2023

Raporo ya Minisiteri y’Uburezi igaragaza ko amashuri yo mu byiciro by’incuke, abanza n’ay’imyuga n’ubumenyingiro 618 atagaburiye abanyeshuri mu mwaka w’amashuri wa 2022/2023, ibyatumye abana bahawe amafunguro muri uwo mwaka baba 92.8% by’abanyeshuri bose. Ubusanzwe abanyeshuri biga bataha bafatira ifunguro rya saa sita ku ishuri mu gihe ababa mu kigo bo bahafata amafunguro yose y’umunsi. Iyi […]

Continue Reading

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zashyikirije abaturage ikigo cy’amashuri abanza zabubakiye

Inzego z’Umutekano z’u Rwanda ziri muri Mozambique, zashyikirije abaturage bo mu Karere ka Mocimboa Da Praia ikigo cy’amashuri abanza cya Escola Primaria de Ntotwe nyuma yo kongera kugisana no kubaka ibyari byarangijwe n’intambara. Iri shuri riherereye mu bilometero 25 uvuye ku Karere ka Mocimboa Da Praia ryari ryatwitse n’ibyihebe ubwo byagabaga ibitero muri ako gace […]

Continue Reading

Rusizi: Abarimu barishimira ko batagikora urugendo rurerure bajya ku kazi

Abarimu bo ku ishuri ribanza rya Ruhimbi ryo mu Murenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi, barishimira ko begerejwe amacumbi, arimo kubafasha kudakora urugendo rurerure cyangwa ngo bakererwa kugera ku kazi kubera kubura ibinyabiziga bibatwara nkuko byahoze.   Ni amacumbi agizwe n’inzu 4 z’ibyumba bitatu bitatu, zifite ubushobozi bwo kwakira imiryango ine. Yubatswe hagamijwe gufasha […]

Continue Reading

Mwihangane mubituvugire muti ‘turagukunda’, Ishimwe ry’Umuyobozi w’ishuri kuri Madamu Jeannette Kagame

Umuyobozi w’Ishuri Notre Dame du Bon Conseil Byumba riherereye mu Karere ka Gicumbi, Sr. Mukamanzi Philomène yagaragaje ibyishimo bikomeye ubwo umuryango Imbuto Foundation wahembaga abanyeshuri 18, bo muri iryo shuri, bahize abandi mu bizamini bya leta biheruka. Gahunda ya Imbuto Foundation yo guhemba abanyeshuri b’abakobwa batsinze neza mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, icyiciro […]

Continue Reading

U Rwanda rugiye kwitabira isuzuma mpuzamahanga ku bumenyi n’ubushobozi bw’abanyeshuri

Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), yatangaje ko u Rwanda rwiteguye kuzitabira gahunda Mpuzamahanga yo Gusuzuma Ubumenyi n’Ubushobozi by’Abanyeshuri (PISA) ya 2025. Ni gahunda NESA ivuga ko ari intambwe ikomeye mu kugereranya ibipimo ngenderwaho mu burezi ku rwego rw’igihugu n’ibyo ku rwego rw’Isi, bikazamura ireme ry’uburezi. Iyi gahunda ikorwa mu […]

Continue Reading

Abanyeshuri bata ishuri bagabanyutseho 2% mu 2023

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri bava mu mashuri mu byiciro bitandukanye bagabanyutse mu mwaka wa 2023 bagera kuri 6.8%, bavuye ku 8.5% mu mwaka w’amashuri wa 2021/2022. Imibare ya Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yashyizwe ahagaragara kuwa 23 Gicurasi 2024 igaragaza ko abana binjiye mu mashuri mu mwaka w’amashuri wa 2022/2023 ari 94.3% ugereranyije n’abagejeje igihe cyo […]

Continue Reading