MINEDUC Yatangaje Ingengabihe Y’Amashuri Mu Mwaka 2025/2026

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko tariki 08, Nzeri, 2025 ari bwo abiga amashuri abanza n’ayisumbuye bazatangira kwiga. Ni umwaka w’amashuri wa 2025/2026, watangajwe n’ubuyobozi bwa Minisiteri kuri uyu wa Mbere, tariki ya 25 Nzeri. Igihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri wa 2025/26 kizatangira ku itariki yavuzwe haruguru kikazarangira ku 19, Ukuboza, 2025. Icyo gihe  abanyeshuri bazaruhuka ibyumweru […]

Continue Reading

Abana 80 Mu Marushanwa Ya Golf

Abana bafite imyaka iri hagati y’ine na 16, bakinnye mu byiciro bine bitandukanye, berekana ubuhanga n’ubwitange binyura abababyaye, abarimu n’abakunzi ba siporo. Ntibyari amarushanwa gusa ahubwo byari n’ishusho y’ahazaza h’ikipe y’igihugu, aho u Rwanda rugaragaza impano ziteguye guhatana ku rwego rw’Afurika. Ikiciro cya 18-hole cyari icy’ingenzi muri ayo marushanwa cyasize Mukabwa Murenjekha yegukanye intsinzi ku […]

Continue Reading

Amashuri yisumbuye yemerewe kongera 7,000 Frw ku mafaranga y’ishuri

Minsiteri y’Uburezi (MINEDUC) yemereye amashuri yisumbuye kongera ibihumbi birindwi (Frw 7,000) ku mafaranga y’ishuri (Minerval) yagenwe ariko bigakorwa bimaze kwemezwa n’inama rusange y’ababyeyi. Arenze kuri ayo azajya abanza kwemezwa n’Inama rusange y’ababyeyi, Akarere ishuri riherereyemo, bihabwe umugisha na Minisiteri. Mu gihe habura iminsi mike ngo umwaka w’amashuri 2025-2026 utangire, MINEDUC yasohoye itangazo ryibutsa amabwiriza agenga […]

Continue Reading

Ishuri rya Maranyundo ryasohoye itangazo rihabanye n’amabwiriza ya NESA

Ishuri ryakira abakorwa rya Maranyundo Girls School riherereye mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba ryatangaje ko nta munyeshuri rizemerera kuryigamo adafite amanota ari hejuru ya 95% ku bazajya mu mwaka wa Mbere w’amashuri yisumbuye na 85% ku bazajya mu wa Kane. Ku wa 19 Kanama 2025 nibwo Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta […]

Continue Reading

Kwigisha Abana Umuco Nyarwanda Ntibigira Uko Bisa!

Mu rwego rwo kubafasha gukoresha neza ibiruhuko, abana bafite hagati y’imyaka itandatu na 13 bamaze igihe bigishwa ibyaranze amateka yab Sekuruza no kwiga ibigize umuco w’Abanyarwanda. Basuye ingoro ndangamurage zitandukanye, babwirwa ibiranga indangagaciro z’Abanyarwanda birimo imbyino, imikino n’imirimo gakondo n’ibindi. Abahanga mu mateka y’u Rwanda nibo bahugura abo bana bakaba baratoranyijwe n’ubuyobozi bw’Inteko y’igihugu y’umuco […]

Continue Reading

NESA yakojeje agati mu ntozi

Abantu b’ingeri zinyuranye bakoresha urubuga nkoranyambaga rwa X biniguye mu gutanga ibitekerezo ku itangazo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi mu mashuri, NESA cyashyize ahagaragara gisobanura impamvu gifatira ku manota make ku bakobwa mu gutoranya abazajya kwiga mu bigo bicumbikira abanyeshuri. Ni nyuma y’ubutumwa nabwo butavuzweho rumwe, NESA yari yatangaje ku wa 20 Kanama 2025 igaragaza […]

Continue Reading

Kuri Gare Ya Kacyiru Hashyizwe Icyumba Abagore Bonkerezamo

Mu rwego rwo guteza imbere uburenganzira bw’umwana n’umubyeyi kuri Gari ya Kacyiru hashyizwe icyumba cy’umubyeyi cyiswe “Mama’s Corner”, cyo guha ababyeyi uburyo bwo konsa. Ni uburyo bwo kubafasha kwiyonkereza abana mu gihe bategereje imodoka. Kucyubaka byakozwe k’ubufatanye bw’Umujyi wa Kigali n’ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA), hagamijwe kubungabunga ubuzima bw’umwana n’umubyeyi. Kizajya cyonkerezwamo, […]

Continue Reading

Nyaruguru: Yabaye Iya Nyuma Mu Gutsindisha Abana Mu Mashuri Abanza

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje ko Kirehe, Kicukiro na Ngoma ari two twabonetsemo ibigo byinshi byatsindishije cyane mu bizamini by’ amashuri abanza mu mwaka w’amashuri wa 2024/2025. Abakobwa nibo batsinze ku kigero cyo hejuru mu mashuri abanza no mu cyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye. Nyaruguru yabaye iya nyuma mu gutsindisha abanyushuri benshi. Abanyeshuri […]

Continue Reading

Ireme Ry’Uburezi Si Ikintu Ugeraho Mu Gitondo- Umuyobozi Muri REB

Umuyobozi Mukuru wungirije w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe uburezi bw’ibanze (REB) Dr. Flora Mutezigaju avuga ko ireme ry’uburezi rigizwe n’ibintu byinshi kandi bitandukanye, ko kurigeraho atari ibintu bigerwaho mu gitondo. Yabivuze ubwo yaganiraga  n’abanyamakuru ku cyateza imbere ireme rw’uburezi bw’u Rwanda, agaragaza ko rigizwe n’inkingi enye z’ifatizo kandi kugira ngo rigerweho nta kintu na kimwe muri ibyo […]

Continue Reading

MINEDUC yatangaje igihe amanota y’ibizamini bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange azatangarizwa

Minisiteri y’Uburezi, MINEDUC, yatangaje ko amanota y’ibizamini bisoza amashuri abanza n’ay’icyiciro rusange azatangazwa ku wa 19 Kanama 2025 Saa Cyenda z’amanywa. Mu itangazo yashyize ku mbuga nkoranyambaga zayo, MINEDUC yanavuze ko umwaka w’amashuri wa 2025/2026 uzatangira ku wa 08 Nzeri 2025. Abanyeshuri basaga ibihumbi 220 ni bo bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza, hirya no hino […]

Continue Reading