MINEDUC Yibukije Ababyeyi Gufatanya N’Abarimu Mu Burezi Bw’Abana
Ubwo yatangizaga umwaka w’amashuri wa 2025-2026, igikorwa cyabereye ku Kigo cy’Amashuri cya Groupe Scolaire Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yasabye abanyeshuri gukurikira amasomo yabo neza ngo bazabashe gutsinda amasomo, yibutsa n’ababyeyi kuzafatanya n’abarezi mu burere bw’ababo. Ababyeyi bajya bitwa ‘tereriyo’ iyo abana babo bamaze kugera ku ishuri, bakavugwaho kumva ko abana […]
Continue Reading