Argentina: Abana Baratozwa Kwita ku Bidukijije Bahereye Mu Ugutera Ibiti

Abana 85 bo muri Argentina ahitwa Tucumán bamaze iminsi bigishwa akamaro ko kwita ku bidukijije, none bari kubyerekena binyuze mu ugutera ibiti. Abo bana biswe ‘Icyizere cy’iremwa’ baje biyongera kuri bakuru babo bagera ku 140 bababanjirije mu gutera ibiti hirya no hino muri kariya gace. Ni umuhati watangiye gushyirwaho mu mwaka wa 2024, bakaba barabwiwe […]

Continue Reading

Nyagatare: Ababyeyi Bibukijwe Kudaheza Abana Bafite Ubumuga Mu Burezi

I Gatunda, ku kigo cy’amashuri abanza cya Nyarurema mu Karere ka Nyagatare, habereye ubukangurambaga bwo kurwanya imbogamizi zikibangamira abana bafite ubumuga ntibige. Ubwo bukangurambaga bukorwa kandi ku bufatanye na UNICEF ndetse na Federasiyo y’igihugu ishinzwe imikino y’abantu bafite ubumuga. Intego ni ugushyigikira uburezi budaheza binyuze mu mikino. Umuryango w’Ababikira b’Abadominikani ni umwe mu miryango ifasha […]

Continue Reading

Gisagara: Gahunda bise ‘Tubaheke’ yasubije mu ishuri abasaga 260 mu Cyumweru kimwe

Ubufatanye bw’inzego z’ibanze n’abarimo Inshuti z’Umuryango, abagize itsinda ry’ijwi ry’umuturage mu bimukorerwa n’Inama y’igihugu y’abagore mu Murenge wa Ndora mu Karere ka Gisagara, bumaze gufasha gusubiza mu ishuri abanyeshuri barenga 260 mu Cyumweru Kimwe. Mu Cyumweru gishize nibwo hasakaye inkuru yavugaga ko Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Kayitesi Alice yatangaje ko mu mwaka w’Amashuri wa 2024/25 abanyeshuri 53.861 […]

Continue Reading

Nyabihu: RYCLUPO yatanze inkunga y’ibikoresho ku banyeshuri batishoboye

Umuryango Rwanda Youth Clubs For Peace Organization (RYCLUP), wafashije abana b’abanyeshuri bo mu miryango itishoboye biga mu Ishuri ribanza rya Kijote riherereye mu Murenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu, ubaha ibikoresho by’ishuri birimo imyambaro, ibikapu, inkweto, imipira yo gukina, amakayi n’amakaramu. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa mbere taliki 15 Nzeri 2025. Abanyeshuri bahawe […]

Continue Reading

Abana B’Abashoferi B’i Kigali Bashyiriweho Irerero

Abana b’abashoferi bo muri RITCO bakorera muri Nyarugenge bashyiriweho irerero, rikazabafasha kubona uburere n’ibindi byabafasha mu gihe ababyeyi babo hari ibyo bahugiyemo. Iri rerero riri mu Murenge wa Nyarugenge mu Karere ka Nyarugenge rikazita cyane cyane ku bana b’abashoferi n’abakozi ba kompanyi itwara abagenzi ya RITCO, rikaba riherereye ku cyicaro cyayo kiri kuri Camp Kigali. […]

Continue Reading

Abana Basiganywe N’Amaguru Mu Rwego Rwo Guhumeka Umwuka Mwiza

Mu cyanya cya Nyandungu kiri mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo kuri uyu wa Gatandatu habereye isiganwa ku maguro ryakozwe n’abana mu rwego kubakundisha siporo ari nako bamenyeshwa ko guhumekera ahantu hari ibiti n’ibyatsi bifasha ubuzima muri rusange. Ni abana bo mu bigo by’amashuri abanza bya Kigali Parents na Groupe Scolaire Remera Catholique […]

Continue Reading

Kumenyereza Abana Smartphone Ni Ukubahemukira Cyane

Hari ubushakashatsi buherutse kwemeza ko guha abana bafite imyaka 13 no munsi yayo telefoni zikoresha ikoranabuhanga bita smartphones ari ukubashyira mu kaga ko kuzadindiza imikurire y’ubwonko n’imitekerereze yabo. Abana 100,000 bo hirya no hino ku isi nibo bakoreweho ubwo bushakashatsi hagamijwe kureba uko imitekerereze yabo n’imyitwarire byagizweho ingaruka no gukoresha telefoni z’ikoranabuhanga bakiri bato. Abahanga […]

Continue Reading

Amajyepfo: Iyo umwana asibye kabiri bahamagaza umubyeyi

Ibigo by’amashuri yo mu Ntara y’Amajyepfo, byafashe gahunda yo kujya bihamagaza umubyeyi mu gihe umwana asibye inshuro ebyiri zikurikiranya nta mamvu izwi, mu rwego rwo gukumira ko abana bata ishuri. Imibare itangwa n’Intara y’Amajyepfo yerekana ko mu mwaka w’Amashuri ushize, abanyeshuri barenga 53.861 bavuye mu ishuri, ndetse kuri ubu abarenga 15.000 bamaze kurisubizwamo. Ubuyobozi bw’Iyo […]

Continue Reading

Batandatu bagororerwaga i Gitagata batsinze ibizamini bya Leta, babonye ubishyurira ishuri

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco (NRS) cyatangaje ko abana batandatu bagororerwaga i Gitagata batsinze neza ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza babonye ubishyurira amashuri yisumbuye. Abo bana bitwaye neza mu bizamini bya Leta bari mu barenga 400 bagororerwaga muri icyo kigo, aho bafashwa kongera kwisanga mu buzima busanzwe harimo no gusubizwa mu ishuri. Umuhuzabikorwa w’Ikigo cya […]

Continue Reading

Ibitabo Ineza Foundation yabahaye bibafasha gutsinda amarushanwa y’ibiganiro-mpaka

Ishuri ryisumbuye rya Stella Matutina riherereye mu Karere ka Rulindo ryashimiye Umuryango uteza imbere umuco wo gusoma no kwandika mu Rwanda, by’umwihariko mu mashuri no mu bakiri bato, Ineza Foundation, rigaragaza ko ibitabo wabahaye byabaye umusemburo w’iterambere ry’umuco wo gusoma mu banyeshuri baryigamo ndetse bikaba bibafasha gutsinda amarushanwa y’ibiganiro mpaka bitabira. Umwalimu uhagarariye abandi muri […]

Continue Reading