Rubavu: Ibihumyo bigiye kuba indyo yo mu mashuri
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatangaje ko bugiye gutangirira mu bigo by’amashuri abanza 47 kugaburira abana ibihumyo, kuri ubu bifatwa nk’imboga zikungahaye ku ntungamubiri bikazafasha kurwanya igwingira n’imirire mibi mu bana. Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Ishimwe Pacifique yabwiye IGIHE ko basanze mu mashuri amwe n’amwe bakeneye kuvugurura imirire kugira ngo abana […]
Continue Reading