Nyagatare-abana-bigira-mu-marerero-akorera-mu-ngo-zabaturage-bahawe-amata

Abana barenga ibihumbi 30 bari mu marerero y’inzu zagiye zitangwa n’abaturage zigahindurwa ingo mbonezamikurire hirya no hino mu karere ka Nyagatare, ku wa 30 Ugushyingo batangiye guhabwa amata muri gahunda y’inkongoro y’umwana, hagamijwe kurwanya imirire mibi n’igwingira. Umukozi w’Akarere ka Nyagatare ushinzwe gahunda mbonezamikurire y’abana bato, Gatete Katabogama Mike avuga ko buri mwaka amata atangwa […]

Continue Reading

Pologne-igiye-gufatanya-nu-rwanda-mu-iterambere-ryuburezi

Itsinda ry’Abashoramari n’abayobozi batandukanye bo muri Pologne ryasuye u Rwanda, ryasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’inzego zitandukanye harimo n’ayerekeye amashuri makuru na Kaminuza. Kaminuza enye zo muri Pologne nizo zasinyanye amasezerano na Kaminuza y’u Rwanda, ishuri rikuru ry’ubumenyingiro (RP) na Ines Ruhengeri. Minisitri w’Uburezi, Dr. Uwamariya Valentine yavuze ko ubwo bufatanye buzazamura ireme ry’uburezi mu Rwanda bikanateza […]

Continue Reading

Kayonza-hari-ishuri-ryimyuga-ryabuze-abaryigamo-kuburyo-icyumba-kirimo-abanyeshuri-benshi-ari-batanu

Mu rwunge rw’amashuri rwa Juru ruherereye mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza hagaragaramo ubuke bw’abanyeshuri biga mu Ishami ry’imyuga n’ubumenyingiro ribarizwamo abanyeshuri 17 gusa. Mu cyumba cy’ishuri kimwe hari aho usangamo abanyeshuri babiri cyangwa batatu, ahari benshi bakaba batanu. Ibibazo iri shuri rifite bishingiye ku nzitizi ebyeri. Iya mbere ni umuriro ufite ingufu […]

Continue Reading

Abana-bagaragarije-abasenateri-ko-aribo-bafite-amakuru-yukuri-ku-bibazo-bibugarije

Abana bagaragarije Abasenateri ko aribo ubwabo bashobora gutanga amakuru y’ukuri ku bibazo bibugarije, ubwo batangaga amakuru ku kibazo cy’abana bataye ishuri, aho abayobozi mu nzego z’ibanze bari bamaze kubahakanira ko nta mwana n’umwe ufite icyo kibazo muri ako gace, nyuma bakaza gusanga harimo n’aba Mudugudu. Nyuma yo gukorera ingendo mu bice bitandukanye by’igihugu harebwa imiterere […]

Continue Reading

Hamenyekanye-igihe-amanota-yibizamini-bisoza-amashuri-yisumbuye-azasohokera.

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibizamini bya Leta n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), cyatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye umwaka wa 2021/2022, azatangazwa ku wa Kane tariki 15 Ukuboza 2022. Ubutumwa bwashyizwe ahagaragara bugira buti “NESA iramenyasha abanyeshuri, ababyeyi, abarezi ndetse n’abafatanyabikorwa mu burezi, ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye umwaka wa 2021/2022, azatangazwa […]

Continue Reading

Mineduc-yatangaje-amanota-yibizamini-bisoza-amashuri-yisumbuye-2021-2022

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta ku basoze amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2021-2022. Abize mu mashuri y’ubumenyi rusange batsinze ku kigereranyo cya 94.6%, mu ya Tekiniki batsinda kuri 97.8% naho mu y’Inderabarezi (TTC) ni 99.9%. Mu mashuri y’ubumenyi rusange abakobwa barushije basaza babo kuko hatsinze abangana na 50.6%, mu mashuri ya […]

Continue Reading

Ngororero-umuhanda-ugana-ku-ishuri-ryabafite-ubumuga-ugiye-gukorwa

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwavuze ko mu mezi atatu, umuhanda ugana ku ishuri rya APAX Muramba ryita ku bantu bafite ubumuga, uzaba ari nyabagendwa mu rwego rwo korohereza abafite ubumuga n’abandi bawukoresha. Ishuri ryitwa APAX Muramba riherereye mu Murenge wa Matyazo mu Karere ka Ngororero, ni rimwe mu yita ku bana bafite ubumuga. Cyakora rigaragaza […]

Continue Reading

Hatangajwe-ingengabihe-nshya-amashuri-azakurikiza-guhera-muri-mutarama-2023

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ingengabihe ivuguruye amashuri ya leta, afashwa na leta ku bw’amasezerano n’ayigenga akurikiza integanyayigisho ya leta, azajya akurikiza guhera muri Mutarama 2023. Iyi ngengabihe igaragaza ko amasomo azajya atangira 8h30, akarangira 17h00. Ikiruhuko gito cya mugitondo (Break) kizajya gitangira saa 10h45 kirangire saa 11h00 naho Ikiruhuko kini gifatirwamo amafunguro cyo kizajya gitangira saa […]

Continue Reading