Ba ‘influencers’ bahuguwe ku kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (Migeprof) yahuguye urubyiruko n’abakurikirwa n’abantu benshi ku mbuga nkoranyamabaga ‘influencers’ ku kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, gusambanya abana n’icuruzwa ry’abantu. Ni kimwe mu bikorwa biri muri gahunda y’iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina, cyateguwe na MIGEPROF, Ikigo gishinzwe iyubahirizwa ry’ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye (GMO), Umujyi wa Kigali n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye […]
Continue Reading