U Rwanda rwashyizeho uburyo bwo gupima abana igituntu hadakoreshejwe igikororwa
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abana bagiye kujya bapimwa igituntu, hifashishijwe ikizamini cy’umusarane mu rwego rwo kongera umubare w’abagerwaho n’ubuvuzi bw’iyo ndwara hakiri kare. Mu 2014, Isi yihaye intego yo kurandura igituntu bitarenze 2035. Kugira ngo ibi bigerweho hafashwe ingamba zirimo no gupima abantu bose bakekwaho iyi ndwara nibura kugera ku kigero cya 90%, […]
Continue Reading