Kwibuka30: Uko gahunda yo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi iteganyijwe mu bigo by’amashuri
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, yatangaje ko Ibigo by’amashuri bizateganya umunsi wihariye wo Kwibuka no guhabwa ikiganiro mu gihe abanyeshuri bazaba bavuye mu biruhuko. Ni imwe mu ngingo zigize inyoborabikorwa yo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi yashyizwe ahagaragara n’iyo Minisiteri. Uyu mwaka, insanganyamatsiko izakomeza kuba “Kwibuka twiyubaka”. Iby’ingenzi bikwiriye kuzirikanwa birimo […]
Continue Reading