Hatowe itegeko ribuza abakobwa bari munsi y’imyaka 14 kwitandira

Inteko Ishinga Amategeko ya Autriche yatoye ku bwiganze burunduye bw’amajwi, itegeko ribuza abana b’abakobwa bo muri Islam bari munsi y’imyaka 14, kwambara ibitambaro mu mutwe (kwitandira), ibintu abaharanira uburenganzira bwa muntu bavuze ko birimo ivangura ndetse bishobora gucamo abaturage ibice. Leta ya Autriche yagaragaje ko kubuza abana b’abakobwa kwitandira, ari “ukubarinda ikandamizwa.” Mu 2019 iki […]

Continue Reading

Abandi Banyarwanda biganjemo abana ku kigero cya 69.4% batahutse bava muri RDC

U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 337 bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC), biganjemo abana ku kigero cya 69.4%. Muri 337 batashye, abana banganaga na 234 bangana na 69.4%, Abagabo 22 bangana na 6.5% mu gihe Abagore bari 81 bangana na 24.1%. Batashye ku uyu wa 11 […]

Continue Reading

Rutsiro: Umwana w’imyaka 15 arakekwaho gusambanya bagenzi be babiri

Umwana uri mu kigero cy’imyaka 15 ubarizwa mu Murenge wa Gihango mu Karere ka Rutsiro, arakekwaho gusambanya abana Babiri b’abakobwa umwe ufite imyaka 7 n’undi w’Itatu. Ibi byabaye kuwa mbere taliki 08 ugushyingo 2025 aho muri aba bana basambanyijwe umwe yiga mu mashuri y’incuke undi akiga mu wa mbere w’sbanza naho uwo bikekwa ko yabasambanyije […]

Continue Reading

Abana bagize ‘Ghetto Kids’ bakomeje kwigarurira imitima ya benshi (Amafoto)

Kuva ku kubyina indirimbo ya Eddy Kenzo bikinira mu 2014, kubyina mu gutangiza imikino y’igikombe cy’Isi mu 2022, kujya i Paris no muri Britain’s Got Talent mu 2023 abana bo mu itsinda rya ‘Ghetto Kids’ ryo muri Uganda bakomeje kwigarurira imitima ya benshi. Kumara umwanya munini abantu bareba video zabo nibyo bibahesha gutungwa n’imbugankoranyambaga zirimo […]

Continue Reading

Abana bashyiriweho urubuga rwo kugaragaza impano mu biruhuko

Abana bari munsi y’imyaka 18 bagiye kongera guhurira mu Irushanwa ryo kugaragaza impano zitandukanye bifitemo, binyuze mu kiganiro “Uburenganzira bw’umwana” cya Televiziyo Isango Star. Iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 8 riteganyijwe muri iki gihe cy’ibiruhuko abiga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bitegura kwinjiramo. Biteganyijwe ko rikazaba ku mataliki ya 20 na 27 Ukuboza 2025 […]

Continue Reading

Rutsiro: Umusore arimo gushakishwa akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 14

Umusore w’imyaka 20 wo mu Karere ka Rutsiro arimo gushakishwa akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 14 amubeshya kuzamugira umugore. Ibi byabereye mu Murenge wa Mukura, Akagari ka Mwendo ho mu Mudugudu wa Nyarubande, kuri uyu wa 10 Ukuboza 2025, ku isaha zishyira saa 11h00’. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mukura, Ndayambaje Emmanuel yahamije aya makuru. Ati “Umwana […]

Continue Reading

Sudan: Ingabo za leta zirashinjwa kurasa ku mashuri

Iperereza ku bitero byo mu kirere mu ntambara yo muri Sudani ryerekanye ko ingabo z’iki gihugu zirwanira mu kirere zarashe ibisasu byishe abasivile bagera ku 1,700 mu bice bituwemo n’abaturage, ku masoko, amashuri ndetse n’inkambi zicumbitsemo abakuwe mu byabo. Ikigo cyakoze ubushakashatsi kuri Sudani (Sudan Witness) kivuga ko cyakusanije amakuru ahagije ku bitero byo mu […]

Continue Reading

Rubavu: Abana basaga 50 bajyanwa kenshi muri ‘Transit Center’ bari kwitabwaho byihariye

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatangaje ko bwahaye umwihariko ikibazo cy’abana 51 bataye ishuri ndetse bagaruka kenshi mu kigo cy’inzererezi kinyurwamo by’igihe gito ‘Transit Center’, mbere yo gusubizwa mu buzima busanzwe, harimo n’umaze kujyanwamo ishuro zirindwi. Ibi ni bimwe mu byagarutsweho ubwo hatangizwaga ubukangurambaga bw’iminsi 16 bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, kuwa kabiri, tariki 25 […]

Continue Reading

Ababyeyi birukanye umwangavu wabyariye iwabo nyuma yo kumvikana n’uwamuteye inda akabatenguha

Ababyeyi bo mu Karere ka Gatsibo, Umurenge wa Kiziguro, Akagali k’Agakomeye, Umudugudu wa Butatu birukanye umwana wabo w’umukowa w’imyaka 17 ufite uruhinja rw’amezi 3 nyuma yo gusambanywa agaterwa Inda uwayimuteye ntiyubahirize ibyo yari yemeye. Ubu abayeho nabi we n’umwana we. Se umubyara avuga ko yamwirukanye kubera ko adashobora gutunga abagore babiri. Mu buhamya yahaye ijamboryumwana, […]

Continue Reading

Ikiguzi cyo kurera gikomeje guhatira imiryango kutarenza umwana umwe, Ibihugu byatangiye gufata ingamba

Ikiguzi cyo kurera kidahwema kwiyongera n’ikibazo cy’ubukungu mu miryango imwe n’imwe, bikomeje gutera imiryango myinshi guhitamo kubyara umwana umwe abandi bagatinya gushinga Ingo. Hari n’ababyara umwe kubera kubura umwanya wo gutwita kandi batariyumva mu ikoranabuhanga. Mu bihugu byinshi mbere yo kubyara batekereza ibijyanye no kurera bigezweho. Ni ukuvuga kuzajya ujyana umwana wawe gutembera, kumufasha mu […]

Continue Reading