Amashuri yose yategetswe kumanika amategeko 10 y’Imana

Ubuyobozi bwa Leta ya Louisiana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwategetse ko buri cyumba cy’ishuri mu bigo byose, uhereye mu mashuri abanza kugeza kuri Kaminuza kimanikwamo icyapa cyanditseho amategeko 10 y’Imana. Guverineri w’iyi Leta, Jeffy Landry, yashyize umukono ku mwanzuro w’iri tegeko kuri uyu wa 19 Kamena 2024, nk’uko byatangajwe na BBC. Guverineri Landry […]

Continue Reading

Abana batawe n’abasirikare b’u Bwongereza baratakamba

Bamwe mu basirikare b’Abongereza bahoze mu mutwe w’ingabo witwa BATUK (British Army Training Unit Kenya) utanga imyitozo yo kurwanya iterabwoba, bashinjwa n’abagore bo muri Kenya kubatera inda, bagata abana babo. Aba basirikare bafite icyicaro mu karere ka Nanyuki bamaze imyaka myinshi baregwa n’Abanya-Kenya, aho basaba guverinoma ya Kenya n’iy’u Bwongereza kubakurikirana kugira ngo baryozwe ibyaha […]

Continue Reading

Yapfuye avuze aho azashyingurwa anasaba kudasesagura mu kumuherekeza, Ibiyahariye kuri Dr. Jahn witaga ku bana

Ku wa 12 Kamena 2024, nibwo inkuru y’incamugongo yamenyekanye ko Umuganga w’Umudage w’Inzobere mu Kuvura abana indwara zisaba kubaga, Dr Alfred Paul Jahn wamenyekanye mu bikorwa byo kwita kubana n’abatishoboye, yitabye Imana. Ni inkuru yababaje abo mu rwego rw’ubuzima cyane cyane abavura abana. By’umwihariko yari inkuru mbi cyane ku baturage batuye mu Kagali ka Rwesero […]

Continue Reading

Musanze: Umusore arakekwaho gusambanyiriza umwana mu bwiherero bwa Kiliziya

Umusore w’imyaka 36 wo mu Kagari ka Mpenge Umurenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, afungiye kuri Polisi Sitasiyo ya Muhoza, akekwaho gusambanyiriza umukobwa w’imyaka 15 mu bwiherero bwa Cathedral ya Ruhengeri. Abakirisitu bari baje muri Misa ya mbere kuri Cathedral ya Ruhengeri, bavuga ko mu ma saa kumi n’ebyiri z’igitondo cyo kuri iki cyumweru tariki […]

Continue Reading

Perezida Kagame yahuye n’abana b’amarerero ya PSG na FC Bayern Münich

Umunsi wa Gatandatu, tariki 15 Kamena 2024 wasigaye mu mateka y’abakunzi b’umupira w’amaguru, batashye Stade Amahoro ivuguruye, Perezida Kagame agahura n’abana b’amarerero ya Paris Saint Germain na FC Bayern Münich bari bagiye gukina umukino wo kuganura iyi stade. Perezida Kagame yari yabanje kugirana ikiganiro n’abajyanama b’ubuzima barenga 8000 baturutse hirya no hino mu gihugu ndetse […]

Continue Reading

#Imyaka7: Hongewe amarerero abagore batwite bitabwaho byihariye, ahakubiswe umwotso mu kwita ku mikurire y’umwana

Imyaka irindwi ishize igaragaza impinduka zikomeye muri gahunda zo kwita ku mikurire y’umwana kuva asamwe kugeza agize imyaka itanu. Muri rusange impinduka z’ibyo u Rwanda rwagezeho muri iyo myaka, zigaragarira mu byiciro bine birimo; Ubukungu, Imibereho myiza y’abaturage, Imiyoborere myiza n’Ubutabera. Icyiciro cy’imibereho myiza kibarizwamo, uburezi, ubuzima, kurengera abatishoboye no kurwanya ubukene, nicyo dusangamo imbonezamikurire […]

Continue Reading

Ibyo ukwiye kumenya ku bukangurambaga bwo gutera inkunga gahunda yo kugaburira abana ku ishuri bwiswe ‘dusangire lunch’

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), yatangije ubukangurambaga yise ‘Dusangire Lunch’, aho buri muntu ashobora gutera inkunga gahunda yo kugaburira abana ku ishuri mu bushobozi afite, akoresheje telefone igendanwa. Dusangire Lunch ihuriweho n’abafatanyabikorwa batatu barimo MINEDUC nk’urwego rugomba kugenzura ibikorwa byose bijyanye n’uburezi mu Rwanda, Koperative Umwalimu SACCO izaba irimo konti izajya ibikwaho izo nkunga ndetse na Mobile […]

Continue Reading

Impamvu amashuri arenga 600 atagaburiye abanyeshuri mu 2023

Raporo ya Minisiteri y’Uburezi igaragaza ko amashuri yo mu byiciro by’incuke, abanza n’ay’imyuga n’ubumenyingiro 618 atagaburiye abanyeshuri mu mwaka w’amashuri wa 2022/2023, ibyatumye abana bahawe amafunguro muri uwo mwaka baba 92.8% by’abanyeshuri bose. Ubusanzwe abanyeshuri biga bataha bafatira ifunguro rya saa sita ku ishuri mu gihe ababa mu kigo bo bahafata amafunguro yose y’umunsi. Iyi […]

Continue Reading

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zashyikirije abaturage ikigo cy’amashuri abanza zabubakiye

Inzego z’Umutekano z’u Rwanda ziri muri Mozambique, zashyikirije abaturage bo mu Karere ka Mocimboa Da Praia ikigo cy’amashuri abanza cya Escola Primaria de Ntotwe nyuma yo kongera kugisana no kubaka ibyari byarangijwe n’intambara. Iri shuri riherereye mu bilometero 25 uvuye ku Karere ka Mocimboa Da Praia ryari ryatwitse n’ibyihebe ubwo byagabaga ibitero muri ako gace […]

Continue Reading

COVID-19 yasize ubwiyongere bw’umubyibuho ukabije mu bana b’i Burayi

Raporo nshya y’ Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS), igaragaza ko Icyorezo cya COVID-19 cyasize ingaruka zitandukanye ku buzima bwa muntu, zirimo ubwiyongere bw’umubyibuho ukabije mu bana b’i Burayi bari hagati y’imyaka irindwi n’icyenda. Byavuye mu bushakashatsi bwakorewe ku bana basaga 50,000 bo mu bihugu 17 by’i Burayi. Bwakozwe ku bufatanye n’Ikigo gishinzwe imirire […]

Continue Reading