Gicumbi: Barishimira ko igwingira ryagabanyutse mu bana bari munsi y’imyaka itanu
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi burishimira ko igwingira ryagabanyutse ku buryo bufatika mu bana bari munsi y’imyaka itanu, aho ryavuye kuri 42% mu 2019 ubu rikaba rigeze kuri 19.2%. Ni umusaruro w’imbaraga zashyizwe mu bijyanye n’Ingo Mbonezamirire y’abana bato, gushishikariza ababyeyi kugira isuku mu gutegura amafunguro, gutegura imfashabere, n’uruhare rw’abajyanama b’ubuzima mu guurikirana abana bari bafite […]
Continue Reading