Abarimu 1000 bigisha mu mashuri abanza barangije Kaminuza
Raporo ya Minisiteri y’Uburezi yagaragaje ko abarimu igihumbi bigisha mu cyiciro cy’amashuri abanza mu Rwanda, basoje icyiciro cya kabiri cya kaminuza . Umwuga wo kwigisha usaba abawukora guhora biyungura ubumenyi, bakanahabwa amahirwe yo gukomeza amashuri mu byiciro byisumbuyeho. Raporo ya Minisiteri y’Uburezi igaragaza uko ibikorwa by’uburezi byari bihagaze mu mwaka w’amashuri wa 2022/2023 igaragaza ko […]
Continue Reading