Ruhango: Abana 9 bahembewe igikorwa cyo gukunda igihugu bakoze basigasira ibindera ry’Igihugu

Polisi y’Igihugu n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bavuga ko ibyo abana bagaragaje ubwo bafataga ibendera ry’igihugo ngo ritagwa babifata nk’ibikorwa cyo gutanga ubuzima bwabo kubera gukunda Igihugu. Ibi byagarutsweho na Polisi yigihugu, ubwo habagaho kwitabira umuhango wo guhemba abo abana icyenda, biga ku kigo cyamashuri cya Cyobe mu Murenge wa Mbuye, kubera igikorwa cyo gukunda Igihugu […]

Continue Reading

Polisi yatanze umurongo ku modoka zitwara abanyeshuri, yihanangiriza moto n’amagare

Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda yatangaje ko Imodoka zitwara abanyeshuri zigomba kuba ari Imodoka nzima, mu bigaragarira amaso ndetse no mu rwego rwa tekiniki, yihanangiriza abatwara moto n’amagare batwara abarenze umwe kandi ubundi batanabyemerewe. Umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, S.P Emmanuel Kayigi yavuze ko imodoka itwara abanyeshuri […]

Continue Reading

Ibihano bikarishye sibyo bigira abana abagabo, impanuro z’abakoze ubushakashatsi ku burere ababyeyi batanga mu Rwanda

Impuguke mu bijyanye n’imitekerereze n’imyitwarire ya muntu zigagaragaza ko mu bushakashatsi zakoreye mu miryango itandukanye zasanze hari imbogamizi z’uko hari ababyeyi bataramenya uburyo bwiza bwo kurera abana babo habungabungwa ubuzima bwo mu mutwe. Ubwo bushakashatsi bugaragaza ko hari ibikorwa ababyeyi bagirira abana babo bazi ko babafasha kuba abagabo kandi nyamara bibagiraho ingaruka ku buzima bwo […]

Continue Reading

Gusura abiga bacumbikirwa byahagaritswe, ababyeyi n’amashuri bahabwa umurongo ngenderwaho

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yasabye amashuri kugenzura ko nta mwana winjira mu Kigo afite ibimenyetso bya Marburg, ababyeyi basabwa kutohereza ku ishuri umwana wabigaragaje naho abanyeshuri basabwa kubahiriza amabwiriza yo kwirinda nk’abandi baturarwanda. Ni amabwiriza iyi Minisiteri yashyizeho igendeye kuyashyizweho na Minisiteri y’Ubuzima agomba gukurikizwa mu gihugu hose. Aya mabwiriza akebura abanyeshuri ku Mico imwe n’imwe […]

Continue Reading

Abarimo umupolisi n’umusirikare bakatiwe gufungwa burundu bazira gusambanya umwana

Urukiko rwo mu murwa mukuru wa Tanzaniya rwakatiye abagabo bane igihano cy’igifungo cya burundu kubera gusambanya umwana w’umukobwa utarageza imyaka y’ubukure. BBC yatangaje ko mu bakatiwe harimo Clinton Damas, umusirikare mu ngabo z’igihugu cya Tanzaniya, na Praygod Mushi, umuyobozi wa gereza. Abandi bakatiwe ni Nickson Jackson na Amin Lema. Usibye igihano cy’igifungo cya burundu, abo […]

Continue Reading

Abangavu barenga ibihumbi 10 babyaye bataruzuza imyaka 18 mu mezi atandatu ya mbere ya 2024

Umugenzuzi Mukuru w’Urwego rushinzwe kugenzura Iyubahirizwa ry’Ihame ry’Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagore n’Abagabo mu Iterambere ry’Igihugu (GMO) Ndine Umutoni Gatsinzi, yatangaje ko mu mezi atandatu ya mbere ya 2024 abangavu barenga ibihumbi 10 babyaye batararenza imyaka 18, harimo n’abari munsi y’imyaka 14 bagera kuri 55. Yabigarutseho kuri uyu wa 30 Nzeri 2024 mu nama rusange ya 23 […]

Continue Reading

Icyakumira ubwiyongere bw’abana bo mu muhanda kigafasha gukuramo abasanzwe, mu mboni za Murwanashyaka wa CLADHO

Umuyobozi ushinzwe guhuza ibikorwa mu Mpuzamiryango Iharanira Uburenganzira bwa muntu, CLADHO akaba n’umugenzuzi w’uburenganzira bw’umwana ku rwego rw’igihugu, Murwanashyaka Evariste avuga ko inzego z’ibanze zigomba gufata iya mbere mu kibazo cy’abana bo mu muhanda baharanira ko umwana wagiye ashakishwa akagarurwa mu muryango byihuse. Iki ni igisubizo cyumvikanisha ko abana bashya bajya mu muhanda bagabanyuka hanyuma […]

Continue Reading

Karongi: Umugabo wakekwagaho kwica umwana yibyariye yakatiwe gufungwa burundu

Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwahamije Baraturwango Nathan icyaha cy’ubwicanyi, n’icyo gukubita no gukomeretsa ku bushake, rumukatira igihano cy’igifungo cya burundu. Iki cyaha cyabereye mu Mudugudu wa Kivomo, Akagali ka Gitarama, Umurenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi, ku wa 29 Kamena 2024. Kuri uwo munsi, uwo mugabo yafashe umuhoro atema mu mutwe umwana we bimuviramo […]

Continue Reading

NCDA igiye gukemura burundu ikibazo cy’abana bo mu muhanda igihereye mu mizi

Ikigo cy’igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana, NCDA cyatangaje ko kigiye gukemura burundu ikibazo cy’abana bo mu muhanda gihereye ku mpamvu zituma bava mu miryango yabo. Byagarutseho nyuma yuko inzego zitandukanye zifite aho zihuriye no kurengera umwana, zihurije ku kuba hakiri abana bajya mu muhanda abandi bagasubirayo nyuma yo kuva mu Bigo Ngororamuco, bitewe n’uko […]

Continue Reading

Abana bagwingira bazava kuri 33% bagere munsi ya 15% mu myaka itanu

Mu byo Guverinoma y’u Rwanda yiyemeje kuba yagezeho mu myaka itanu ya manda yayo izageza mu 2029 (NST2), harimo kugabanya igipimo cy’igwingira ry’abana bari munsi y’imyaka itanu kikava kuri 33% kikagera munsi ya 15%. Ni ibintu bizagerwaho hashyirwa mu bikorwa uburyo bukomatanyije bwo gukangurira abaturage gutegura no guha abana indyo yuzuye; hanongerwa kandi hakanozwa imikorere […]

Continue Reading