Trump yemeye gukemura ikibazo cy’abana bari kwicwa n’inzara muri Gaza
Perezida Donald Trump yavuze ko azi ikibazo cy’inzara iri muri Gaza ndetse agiye kugira icyo agikoraho kugira ngo abana n’abantu bakuru iri kugiraho ingaruka batabarwe. Yabivugiye mu Kiganiro yahaye Abanyamakuru i Abu Dhabi, aho yari mu ruzinduko rw’akazi muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu. I Abu Dhabi ninaho yasoreje urugendo rw’iminsi ine yari amazemo iminsi mu […]
Continue Reading