Huye: Mukansanga yaganirije abangavu bahisemo gukina umupira w’amaguru by’umwuga
Umusifuzi mpuzamahanga Mukansanga Salima, yaganirije abana b’abakobwa bacumbitse ahatorezwa gukina umupira w’amaguru mu Karere ka Huye ababwira ko kuwukina neza bawushyizeho umutima, kurangwa n’ubupfura no kwita ku masomo asanzwe yo mu ishuri uko bikwiye bizabageza ku nzozi zabo. Abo bana bafite hagati y’imyaka 15 na 17 baturutse mu bigo by’amashuri bitandatu (Centre d’Excellence), byatoranyije ku […]
Continue Reading