Huye: Umukozi wo mu Rugo yataye umwana w’imyaka 2 mu musarane

Mu Mudugudu wa Kabeza Akagali ka Cyarwa mu Murenge wa Tumba ho mu Karere ka Huye haravugwa inkuru y’Umukobwa w’imyaka 20 watawe muri yombi n’inzego z’umutekano akekwaho kujugunya umwana we w’imyaka Ibiri mu Musarane. Amakuru agera ku Ijamboryumwana avuga ko byabaye ku wa 09 Gicurasi 2025, aho uwo mukobwa yakoraga akazi ko mu rugo. Uwo […]

Continue Reading

Musanze: Umwana w’imyaka 7 yishwe n’amazi y’imvura

Mu Mudugudu wa Kararo, Akagari ka Mudakama mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze umwana w’imyaka irindwi yishwe n’amazi y’imvura yaguye kuri uyu wa Gatanu tariki 09, Gicurasi, 2025. Uwo mwana yitwa Elia Tumukunde. Ababyeyi be bavuze ko byabaye ubwo yari yagiye kuragira intama, imvura ikamusanga mu gasozi. Se, Sebahizi Fabien yabwiye Imvaho Nshya […]

Continue Reading

Sudani y’Epfo: Imirwano yabujije abagiraneza kugeza imiti n’ibiribwa ku bana bamerewe nabi

Imirwano ikomeye hagati y’ibice bihanganye muri Sudani y’Epfo yatumye ibiribwa n’imiti byari bigenewe abana bo mu Ntara ya Nile River bitabageraho. Ni inkunga bakeneye cyane kuko bashonje, abandi bugarijwe n’uburwayi Abana bo mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba bwa kiriya gihugu nibo bugarijwe cyane n’inzara nk’uko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana n’Iryita ku biribwa bibyemeza. Ibi […]

Continue Reading

Abakobwa nibo bahohoterwa kurusha abahungu-Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bwa Kaminuza ya Washington, bwakorewe mu bihugu 204 ndetse n’ubwakonze n’Ishami rya Loni ryita ku Buzima, OMS, guhera mu 1990 kugera 2023, bugaragaza ko abana b’abakobwa 18.9% aribo bakorerwa ihohotera rishingiye ku gitsina mbere y’uko buzuza imyaka y’ubukure, mu gihe abana abahungu ari 14,8%. Ibi bigaragaza ko umukobwa umwe muri batanu n’umuhungu umwe muri […]

Continue Reading

Depite Uwababyeyi Jeannette yakebuye ababyeyi bacutsa abana imburagihe

Depite Uwababyeyi Jeannette, uri mu bagize komisiyo y’imibereho y’abaturage mu Nteko Ishingamategeko, yibukije ababyeyi konsa neza igihe cyagenwe, bakirinda gucutsa abana imburagiye, kuko amashereka ariyo arimo intungamubiri zose umwana akenera. Ni ubutumwa yagarutseho ubwo yasuraga ababyeyi bo mu Kagari ka Bugaragara mu Murenge wa Rwimiyaga, Akarere ka Nyagatare bafite abana bari mu mirire mibi. Hari […]

Continue Reading

Guverineri Ntibitura yashimye uruhare rw’umushinga SAIP mu kurwanya igwingira

Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba, Ntibitura Jean Bosco, yavuze ko kuba umubare w’abana bagwingiye waragabanutse mu Ntara yose ari ibyo kwishimira, akavuga ko byagizwemo uruhare na benshi barimo n’umushinga SAIP. Leta mu myaka 15 ishize yashyizeho ingamba zo kugabanya cyangwa kurandura ibitera igwingira, muri zo hakabamo n’umushinga ugamije kongera umusaruro w’ubuhinzi, kuwushakira amasoko no kwihaza mu biribwa, […]

Continue Reading

Abana 18 Bari Barashimutiwe Muri DRC Babonetse Muri Uganda

Abana 18 b’ahitwa Muhagi muri Ituri bafatiwe muri Uganda bikozwe na Polisi y’iki gihugu nyuma y’amakuru y’uko bari barashimuswe n’abagore kandi abo nabo barafashwe. Tariki 07, Gicurasi, 2025 nibwo bafashwe binyuze k’ubufatanye bwa Polisi ya DRC n’iya Uganda. Abo muri Sosiyete sivile bo mu gace abo bana babagamo banenga inzego z’umutekano zihakorera kuko nta buryo […]

Continue Reading

Hagaragajwe icyakorwa mu kurwanya ingegabitekerezo ya Jenoside ababyeyi babiba mu babakomokaho

Umuyobozi Mukuru wa Never Again Rwanda, Dr. Joseph Nkurunziza Ryarasa yagaragaje ko ababyeyi bagira uruhare rukomeye mu gutuma ingengabitekerezo idacika mu bakiri bato, cyakora anerekana ko hari icyakorwa cyazana impinduka. Yabigarutseho mu biganiro yagiranye n’Abadepite bagize Komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa muntu no kurwanya Jenoside byagarutse ku ishyirwa mu bikorwa rya Politiki y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge […]

Continue Reading

Abana bugarijwe n’amashusho y’urukozasoni

Mu bihugu hafi ya byose by’Isi hari Mudasobwa, Telefoni n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga byorohereza ufite murandasi kugera mu makuru atandukanye. Ikibabaje ni uko mu bisakazwa, harimo n’amashusho y’urukozasoni kandi arebwa n’abana bikabakururira ibibazo byo mu mutwe no guhohoterwa. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF, rivuga ko ubwinshi bw’ayo mashusho no kuba agera ku bana biteje […]

Continue Reading

NCDA yasabye ababyeyi n’abarimu kwitwararika umutekano w’abana mu bihe by’imvura

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA) cyasabye ababyeyi guherekeza abana ku ishuri igihe babona imvura ikubye cyangwa ihise na Mwalimu akirinda kubarekura ngo batahe batari kumwe n’umuntu mukuru mu bihe nk’ibyo. Ni ubutumwa bugamije kurinda umutekano w’abana igihe bajya cyangwa bava ku ishuri muri ibi bihe by’imvura. Mu butumwa NCDA yanyujije kuri X yasabye […]

Continue Reading