Ubuke bw’amasomero bugira ingaruka ku bumenyi bw’abana
Hari ubushakashatsi buherutse kwerekana ko 40% by’amashuri yo mu Rwanda atagira ibyumba byo gusomeramo. Ingaruka zabyo ni uko abana batabona aho bakorera ubushakashatsi, ntibasome ibirenze ibyo abarimu babigishije. Bigira n’ingaruka ku mitegurire y’amasomo agenewe abanyeshuri bityo abarimu ntibatange ubumenyi busesuye. Abashakashatsi baherutse kubwira Kigali Today mu kiganiro bita EdTech ko ari ngombwa ko buri shuri […]
Continue Reading