Nyamasheke: Abanyeshuri barashaka aho gukinira
Abana bo mu Murenge wa Karengera mu Karere ka Nyamasheke biga mu rwunge rw’amashuri rwitwa GS Umucyo Karengera basaba ubuyobozi kubashakira ibibuga bikoze neza bakabikiniraho bikabazamurira impano. Ababyeyi babo nabo bavuga ko kutagira aho bakinira bituma abana babo badasabana cyangwa ngo bazamure impano bifitemo. Umwe muri bo witwa Nyabyenda Siméon yabwiye Imvaho Nshya ko bishimira uburezi […]
Continue Reading