Kumenyereza Abana Smartphone Ni Ukubahemukira Cyane
Hari ubushakashatsi buherutse kwemeza ko guha abana bafite imyaka 13 no munsi yayo telefoni zikoresha ikoranabuhanga bita smartphones ari ukubashyira mu kaga ko kuzadindiza imikurire y’ubwonko n’imitekerereze yabo. Abana 100,000 bo hirya no hino ku isi nibo bakoreweho ubwo bushakashatsi hagamijwe kureba uko imitekerereze yabo n’imyitwarire byagizweho ingaruka no gukoresha telefoni z’ikoranabuhanga bakiri bato. Abahanga […]
Continue Reading