Nta bato ntibishoboka-Umutoza w’Amavubi yahishuye ukuntu yasabye umukinyi w’imyaka 17 akabura

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Adel Amrouche, yavuze ko niba u Rwanda rushaka kugira aho rugera mu mupira w’amaguru rukwiye kubitegura ruhereye ku gutoza abana bato naho guhindura kenshi abatoza n’abayobozi muri Siporo ntagisubizo cyifuzwa kizavamo. Yabigarutseho nyuma y’uko Amavubi atsinzwe na Bénin igitego 1-0, agatakaza amahirwe yo kubona itike yo kwerekeza mu Gikombe […]

Continue Reading

Gicumbi: Umuntu utaramenyekana yagerageje gutwikira umubyeyi n’umwana mu Nzu

Inzego z’umutekano, n’iz’ibanze mu Karere ka Gicumbi zatangiye guhiga bukware umugizi wa nabi washatse gutwikira mu Nzu umubyeyi n’umwana we, akoresheje Peteroli, Imana igakinga ukuboko. Byabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Ukwakira 2025, mu Murenge wa Mutete ho mu Karere ka Gicumbi. Amakuru avuga ko umuntu utaramenyekana yaje agakomangira umubyeyi […]

Continue Reading

Guteza imbere uburere bw’abana ni umusingi w’iterambere – Imbuto Foundation

Ubuyobozi bw’Umuryango Imbuto Foundation busanga guteza imbere uburere bw’abana bakiri bato ari umusingi ukomeye w’iterambere, kuko iyo umwana yitaweho hakiri kare, akurana urukundo n’ubupfura bimufasha mu buzima bwe bwose. Ubu ni bumwe mu butumwa bwatangiwe mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro kuri uyu wa Kane tariki 9 Ukwakira 2025, mu gikorwa cyo gutaha […]

Continue Reading

Nyamagabe: Ikigonderabuzina cyahawe inzu y’ababyeyi ifite ibikoresho bigezweho

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe bwatashye inzu y’ababyeyi igezweho yubatswe ku Kigo Nderabuzima cya Nyamagabe, mu rwego rwo kuzamura serivisi nziza ku bayigana no kwita by’umwihariko ku buzima bw’umubyeyi n’umwana. Iyi nzu yatashywe ku mugaragaro kuri uyu wa 7 Ukwakira 2025. Umuyobozi w’Inama Njyanama y’Akarere ka Nyamagabe, Uwamahoro Clotilde yavuze ko iyi nyubako yubatswe muri gahunda […]

Continue Reading

Kamonyi: Imvura yasambuye ibyumba by’amashuri n’ububiko bw’ibiribwa

Imvura ivanze n’umuyaga yaguye ku wa 7 Ukwakira mu masaha ya nyuma ya saa Sita, yasambuye ibyumba bibiri by’amashuri, ububiko bw’ibiribwa, n’Igikoni by’ikigo cy’amashuri cya G.S Kiyonza giherereye mu Kagari ka Jenda, Umurenge wa Mugina mu Karere ka Kamonyi. Umuyobozi w’iryo shuri, Nzariturande Evariste, yabwiye intyoza.com ko mbere y’uko imvura igwa habanje Umuyaga mwishi cyane […]

Continue Reading

RFI yateguje kwihutisha ubutabera buhabwa abangavu batewe inda

Ikigo cy’u Rwanda cy’ibimenyetso bya gihanga bikoreshwa mu butabera, RFI cyateguje ko guhera muri Mutarama umwaka utaha kizatangira gupima uturemangingo ndangasano (ADN) ku mugore umaze ibyumweru 6-8 asamye bikazafasha kwihutisha ubutabera buhabwa abangavu baterwa inda. Ni icyemezo cyasamiwe hejuru n’abatari bake biganjemo abaharanira uburenganzira bw’umwana ndetse cyitezweho kuzahindura cyane ibijyanye n’ubutabera buhabwa abangavu baterwa inda. […]

Continue Reading

29% by’abana biga mu mashuri abanza bayasibiramo

Magingo aya 29% by’abiga mu mashuri abanza mu Rwanda bayasibiramo hakiyongeraho abarenga ibihumbi 350 by’abashya binjira mu mashuri buri mwaka bituma ibyumba by’amashuri biba bike, n’abarimu bakaba bake. Mu 2021/22 hari ibyumba by’amashuri 77.629 byigirwagamo bigera mu mwaka w’amashuri wa 2023/24 bigeze kuri 86.780. Impuzandengo y’abanyeshuri bicara mu cyumba cy’amashuri ni 52, mu gihe ibwiriza […]

Continue Reading

Nepal: Abaturutse imihanda yose bari kujya gusenga umwana w’imyaka 2

Abaturage barenga miliyoni 30 bo muri Nepal bayobotse gusenga umwana w’umukobwa w’imyaka Ibiri n’amezi 8 witwa Aryatara Shakya, uherutse gutoranywa nk’Ikigirwamana cy’Isugi. Ntabwo ari bishya muri iki gihugu kuko bagira Ikigirwamana cy’umwana w’umukobwa ukiri muto ndetse w’Isugi ukomoka mu bwoko butanga Imana yitwa Kumari. Mu idini ryemera Buddha muri Nepal ihora ari umukobwa muto cyane […]

Continue Reading

MINEDUC yashimye uruhare rwa Mwalimu mu kubaka igihugu isezeranya ibirori byo kwizihiza umunsi wabo

Kuri uyu munsi hizizwaho umunsi Mpuzamahanga wa Mwalimu, Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yashimye uruhare rwe mu burezi bw’abana b’u Rwanda, isezeranya ko mu minsi ya vuba bazamenyeshwa umunsi wo kuwizigiza. Ubutumwa MINEDUC yanyujije kuri X bumenyesha abarimu ko igihugu kizirikana uruhare rwabo mu kubaka ejo hazaza h’u Rwanda. Bugira buti: “Uyu munsi turizihiza umurava, urukundo n’uruhare […]

Continue Reading

RFI igiye gutangira gupima DNA z’abana bataravuka

Guhera mu ntangiriro z’umwaka wa 2026, Leta y’u Rwanda irateganya gutangiza  ibizamini bishya byo kumenya uturemangingo ndangasano (DNA) tw’umwana ukiri mu nda.  Ni  gahunda igiye gutangizwa mu rwego rwo gukomeza kurwanya ihohotera rishingishiye ku gitsina no kwihutisha ubutabera ku bahohotewe.  Ibyo bizamini bizajya bikorwa kuva inda imaze kugira ibyumweru bitandatu kugeza ku byumweru umunani, kandi hatabayeho kubagwa […]

Continue Reading