Kenya: Umwana w’imyaka 9 yatabaye abari bagiye kugwa mu mpanuka

Boniface Njoroge w’imyaka 9 wo mu gake ka Murang’a muri Kenya, yatabaye abantu icyenda bari bagiye gupfira mu mpanuka y’imodoka. Uyu mwana yatabaye aba bantu ubwo imodoka yari arimo na Se na nyina n’abandi bagenzi yagwaga mu mugezi wa Kiama, we akabasha guca mu idirishya akayivamo. Uyu mwana yahise yiruka ajya gushaka ubutabazi hafi aho, […]

Continue Reading

Twaje gusanga ari nyina wahabaraje ntabwo ari ubuyobozi-Meya wa Rulindo avuga ku bana barajwe mu biro by’Umurenge

Umubyeyi ukorera muri Centre y’ubucuruzi ya Tumba iherereye mu Mudugudu wa Murambi, Akagali ka Nyirabirori mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Rulindo, yararanye n’abana be babiri bato ku biro by’Umurenge, nyuma yo gusanga ubwiherero bw’aho acururiza butujuje ibyangombwa. Iyi nkuru yasakaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, abakoresha imbuga nkoranyambaga bakayibara mu buryo […]

Continue Reading

Karongi: Umwana w’imyaka 16 arakekwaho kwica Se amuziza kujujubya nyina

Umwana w’imyaka 16 wo mu Karere ka Karongi ari gushakishwa, akekwaho kwica Se w’imyaka 62 amuziza kujujubya nyina bikamuviramo kwahukana. Byabereye mu Mudugudu wa Nyarubuye, Akagari ka Gacaca, Umurenge wa Rubengera ku wa 26 Ukwakira 2025 Saa Tatu z’Ijoro. Kuri iyo taliki uwo muhungu w’imyaka 16 yaratashye ageze mu rugo ashyamirana na Se bararwana, umubyeyi […]

Continue Reading

Twebwe iby’imikwabu ntabwo tubishyigikira-CLADHO yavuze ku banyerondo bateje urupfu rw’umwana wo mu muhanda

Impuzamiryango Iharanira uburenganzira bwa muntu (Cladho) yatangaje ko itemera uburyo bwo gukura abana mu muhanda hakoreshejwe imikwabu ndetse ko igiye gukurikirana ikibazo cy’abanyerondo birukankanye abana bo mu muhanda mu rukerera rwo ku wa 24 Ukwakira 2025 bigateza urupfu rw’umwe muri bo. Ni nyuma y’uko humvikanye inkuru y’incamugongo y’umwana wo mu muhanda wapfuye aguye muri Ruhurura […]

Continue Reading

Rwamagana: Kwiga kudoda byahinduye imibereho y’abangavu babyaye imburagihe

Abangavu 20 babyariye iwabo bo mu Karere ka Rwamagana basoje amasomo y’amezi atandatu yateguwe na Merry Year International, bishimira ko ibyo bayungukiyemo byatangiye kubahindurira ubuzima. Ibyo bize birimo; kudoda, gucunga umutungo, kuzigama no gushora imari. Kuri ubu bakora ubudozi bw’imyambaro y’ishuri, amoko y’ibikapu atandukanye, n’imyenda byose bagurisha ku isoko ry’imbere mu gihugu ndetse no hanze. […]

Continue Reading

Rutsiro: Umwana w’imyaka 16 yakubiswe n’inkuba agwa igihumure

Umwana witwa Ntawimanayibagiwe Claudine w’imyaka 16 wo mu Karere ka Rutsiro yakubiswe n’inkuba agwa igihumure ahita atwarwa mu bitaro. Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa kane, tariki 23 Ukwezi 2025, mu Murenge wa Gihango, mu Kagari ka Mataba amu masaha ya nyuma ya saa 18h50’ z’umugoroba. Ntawimanayibagiwe Claudine yiga kuri Rwunge rw’amashuri rwa […]

Continue Reading

Nyagatare: Umugabo arakekwaho kwica umugore we wari ‘ukuriwe’ amukubise ifuni

Mu Karere ka Nyagatare, Umurenge wa Katabagemu, haravugwa urupfu rw’umubyeyi uri mu kigero cy’imyaka 28 y’amavuko, wari utwite inda y’imvutsi, wishwe n’umugabo we amukubise ifuni. Abahaye ikinyamakuru igikatv amakuru bavuga ko uwo muryango wari ubanye mu makimbirane. Hari uwagize ati: “Nageze aho byabereye nsanga abayobozi bamaze kumujyana. Amakuru twumvise ni uko bari bafitanye amakimbirane, kandi […]

Continue Reading

MINEDUC yagaragarije Abadepite icyo iteganyiriza abana bafite ubumuga bukomatanyije

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko guhera mu 2026/27 hazubakwa amashuri atanu y’icyitegererezo azigamo abana bafite ubumuga bukomatanyije. Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco, Siporo n’Urubyiruko mu Nteko Ishingamategeko, aho yayigaragarizaga ingamba zo kwita ku bana bafite ubumuga. Yavuze ko ku ngamba zisanzwe zo kwita ku myigire y’abana bafite […]

Continue Reading

Gasabo: Umugabo arakekwaho gutwikisha Lisansi umukecuru yashinjaga kumurogera abana

Abagabo babiri bo mu Karere ka Gasabo barakekwaho kwica umukecuru w’Imyaka 71 bamutwikishije lisansi umwe muri bo w’imyaka 41 akaba yashinjaga uwo mukecuru kumurogera abana. Amakuru ava mu bushinjacyaha bukuru aravuga ko Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwakiriye dosiye iregwamo abagabo babiri bakekwaho kwica umukecuru w’imyaka 71 bamutwikishije lisansi.  Ni icyaha cyakozwe ku wa […]

Continue Reading

u Burusiya bwagabye igitero ku ishuri ry’incuke muri Ukraine

Ubuyobozi bwa Ukraine bwatangaje ko nibura abantu barindwi barimo abana babiri baguye mu bitero bikomeye by’indege zitagira abapilote n’ibisasu by’u Burusiya byagabwe kuri Ukraine. Ishuri ry’incuke ryagabweho igitero mu mujyi wa kabiri wa Ukraine, Kharkiv, naho mu murwa mukuru Kyiv hagaragara ibyangiritse byinshi. Abana kandi bari mu bantu 27 bakomeretse. Ibi byabaye amasaha make nyuma […]

Continue Reading