Barack Obama yatabarije abana bashobora kutabona icyo bashyira mu nda mu minsi mikuru

Barack Obama wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye abari ku butegetsi kudahagarika inkunga igenerwa ab’amikoro make kuko byatuma umwana umwe muri batanu abura ibyo kurya bifite intungamubiri ndestse Abanyamerika barenga miliyoni 47 muri rusange bagasoza umwaka ntacyo kurya bafite. Ukwezi kurashize Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri mu cyitwa “Government Shutdown”. Muri Politiki […]

Continue Reading

Sherrie Silver yakusanyije arenga miliyoni 14 Frw azafasha abana barererwa mu muryango yashinze

Umubyinnyi Sherrie Silver uri mu bakobwa bamaze kubaka izina mu myidagaduro mu Rwanda no mu mahanga, yakusanyije arenga miliyoni 14 Frw azifashishwa mu bikorwa by’uburezi, ubuzima n’imibereho myiza y’abana barererwa mu muryango yashinzwe witwa Sherrie Silver Foundation. Ni amafaranga yakusanyijwe binyuze muri cyamunara yakorewe mu birori bya ‘The Silver Gala’ byateguwe na Sherrie Silver, byabereye […]

Continue Reading

Nyakariro: Umurambo w’umugore n’uw’umwana w’umwaka umwe yasanzwe mu murima

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyakariro uherereye mu Karere ka Rwamagana bwatangaje ko hakiri urujijo ku murambo w’umugore uri mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 25 na 30 ndetse n’uw’umwana uri mu kigero cy’umwaka umwe, yasanzwe mu murima. Yabonywe n’umuturage wari uri guhinga mu Mudugudu wa Rusheshe mu Kagari ka Bihembe mu Murenge wa Nyakariro. Umunyamabanga Nshingwabikorwa […]

Continue Reading

Kigali: Abana basabye gushyigikirwa mu mishinga n’ibikorwa byo kurengera ibidukikije

Abana bahagarariye abandi mu Mujyi wa Kigali bitabiriye ibiganiro n’inama mpuzamahanga zigamije guhangana n’imihindagurikire y’ibihe, basabye inzego za Leta n’abikorera kubashyigikira mu ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga n’ibikorwa bakora bigamije kurengera ibidukikije. Ni abana bitabiriye inama Nyafurika ku mihindagurikire y’ibihe yabereye muri Ethiopia muri Nzeri 2025 yibanze ku gukorera abana ubuvugizi ku bibazo baterwa n’imihindagurikire y’Ikirere […]

Continue Reading

Ibyaha byo gusambanya abana byasumbye kure ibyo gukubita no gukomeretsa mu byakirwa n’Urugereko rwa Musanze

Urugereko rw’urukiko rukuru rwa Musanze rwatangaje ko ibyaha byo gusambanya abana aribyo byiganje mu manza z’inshinjabyaha rwakiriye nyuma y’ibiyobyabwenge biza ku mwanya wa Mbere. Ibi byagaragarijwe mu biganiro Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla yagiranye n’abacamanza, abanditsi b’inkiko n’abandi bakozi bakorera muri urwo Rugereko, byari bigamije kurebera hamwe uko hatangwa ubutabera bunoze kandi bwihuse hagamijwe kugabanya […]

Continue Reading

Minisitiri Mukazayire yasuye abana batoranyijwe muri gahunda yiswe “Isonga”

Mu rwego rwo gukomeza guteza imbere gahunda ya “Isonga Program” igamije gukuza impano z’abanyeshuri mu mikino inyuranye, Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yasuye ibigo by’amashuri byo mu Burasirazuba no mu Majyaruguru, byatoranyijwe nk’indashyikirwa muri iyi gahunda. Nyuma y’uko hatoranyijwe ibigo by’indashyikirwa by’amashuri yisumbuye muri Porogaramu “Isonga”, Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yatangiye gukora uruzinduko rw’akazi […]

Continue Reading

Amagambo ntahagije, dukeneye ibikorwa! Ubutumwa urubyiruko rwa Afurika rwageneye za Guverinoma

Uurubyiruko ruri hagati y’imyaka 12 na 20 rwari ruteraniye mu nama mpuzamahanga yiga ku mibereho y’umwana muri Afurika yaberaga i Addis Ababa muri Etiyopiya rwasabye za Guverinoma n’izindi nzego zifata ibyemezo mu bihugu bya Afurika gushyira mu bikorwa Politiki n’amasezerano mpuzamahanga yo kurengara umwana bikava mu nyandiko no mu magambo bikajya mu bikorwa. Iyi nama […]

Continue Reading

Musanze: Hafunguwe Ikigo kirimo ‘ECD’ yakira abana bafite ubumuga

Mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Gacaca hafunguwe ku mugaragaro, Ikigo “Ubumwe Community Center” gifite umwihariko wo gutanga serivisi z’imbonezamikurire y’abana bato (ECD) ku bana bose, harimo n’abafite ubumuga ndetse kikazajya gitanga ubuvuzi bw’ubugororangingo aho bukenewe kuri abo bana. Ni Ikigo cyubatswe, ku nkunga y’umuryango ‘Hope and Homes For Children’ cyatangiranye abana bari hagati […]

Continue Reading

Haiti: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 25 abana 10 baburirwa irengero

Abatuye ibirwa bya Caraïbes bari mu bihe bikomeye bitigeze bibaho mu mateka yabo, aho inkubi y’umuyaga yiswe Melissa, imaze guhitana abasaga 30 ndetse benshi bavuye mu byabo abandi baburirwa irengero. Uyu muyaga wibasiye cyane, Haiti isanzwe ituwe kurusha ibindi birwa muri Caraïbes, aho imaze guhitana abantu 25 abandi bakava mu byabo ndetse abarimo abana 10 […]

Continue Reading

Minisitiri Utumatwishima yagaragaje ibitiza umurindi igwingira ry’abana mu muryango

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yagaragaje ko ihohoterwa rikorerwa abana n’abagore mu ngo, imibanire itameze neza hagati y’abashakanye no kuba nta mutekano ku buzima bwo mu mutwe bw’umubyeyi, bigira uruhare mu kugwingira kw’abana mu muryango. Bikubiye mu bushakashatsi yakoze yiteguraga gusoza amasomo muri Kaminuza ya Gothenburg yo muri Suède, yakuyemo Impamyabumenyi […]

Continue Reading