Intambara Muri Sudani Ikomeje Kwica abana

Abana bo muri Sudani barapfa ari benshi bazize uruhurirane rwa byinshi birimo inzara, indwara n’ibisasu bibasanga kwa muganga aho barembeye. Umunyamabanga mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus niwe ubivuga. Tedros Adhanom Ghebreyesus asaba impande zihanganye muri iyi ntambara ko zakunamura icumu kuko abari kuhagwa benshi ari abana. Kuri X yanditse […]

Continue Reading

Hari umuyobozi umaze kubyara abana 100 mu bihugu 12

Umuyobozi Mukuru w’Urubuga rwa Telegram, Pavel Durov, yatangaje ko amaze kubyara abana 100 hirya no hino ku Isi, bari mu bihugu 12. Uyu mugabo ubarirwa umutungo wa miliyari 13.9$ yatangaje ko abyara abana benshi binyuze mu gutanga intanga. Ati “Hari ivuriro natangiye gutangaho intanga mu myaka 15 ishize kugira ngo mfashe inshuti yanjye, aho yambwiye […]

Continue Reading

Israel: Igisasu Cyaguye Mu Bitaro Gikomeretsa Bikomeye Umwana Na Nyina

Missile yarashwe na Iran yaguye mu bitaro biri Beersheba muri Israel ikomeretaa bikomeye umwana na Nyina yangiza cyane ibyo bitaro biri mu bikomeye muri iki gihugu. Perezida wa Israel Isaac Herzog yagiye kureba uko byagenze, aboneraho kwamagana iki gitero ariko avuga ko abakigabye nabo bazagerwa muri ako kebo. Yagize ati: ” Umwana muto ari mu […]

Continue Reading

Abarimo abana barenga 20 baguye mu ntambara ya Iran na Israel

Nibura abantu 80 barimo abana 20 bo muri Iran na Bane bo muri Israel nibo bamaze gutangazwa ko baguye mu ntambara ikomeye iri guca ibintu hagati y’ibyo bihugu by’ibihangange. Al Jazeera iri gutangaza ibiri kuba kuri iyo ntambara umunota ku wundi, yatangaje ko abandi benshi barimo abato n’abakuru bakomerekeye muri iyo ntambara iri kurangwa no […]

Continue Reading

Umwana yemerewe amafaranga arasa Umunyapolitiki

Kimwe mu byerekana ko abana bo muri iki gihugu kiri muri Amerika y’Epfo kitwa Colombia bakoreshwa ibya kinyamaswa ni uko Umusenateri washakaga kwiyamamaza ngo azabe Perezida witwa Miguel Uribe Turbay aherutswe kuraswa n’umwaka w’imyaka 15. Iraswa rye ryateye benshi ku isi kwikanga, babona ko abanyapolitiki bo muri iki gihugu n’abaturage muri rusange badatekanye. Kuba byarakozwe […]

Continue Reading

Umunsi w’umwana w’Umunyafurika: Uw’u Rwanda amerewe ate? (video)

Abakurikiranira hafi imibereho y’abana n’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwabo mu Rwanda bemeza ko hari byinshi byakozwe mu kumurengera ariko urugendo rukiri rurerure kuko hari ibibazo bikimubangamiye birimo ihohoterwa n’imibereho itari myiza kuri bamwe. Ku italiki 16 Kamena buri mwaka u Rwanda kimwe n’ibindi bihugu bya Afurika rwizihiza umunsi w’Umwana w’Umunyafurika. Ni umunsi watangiye kwizihizwa mu 1991. Ufite […]

Continue Reading

Imodoka Itwaye Abanyeshuri Yaburiwe Irengero

Umuvugizi w’Intara ya Eastern Cape, Khuselwa Rantjie muri Afurika y’Epfo yabwiye BBC ko imodoka yo mu bwoko bwa mini-bisi yari itwaye abanyeshuri yatwawe n’umwuzure, batatu baba ari bo bakurwamo bakiri bazima. Ntawe uramenya irengero ry’abasigaye! Ubutabazi bwo muri iki gihugu buri gukora uko bishoboka kose ngo harebwe niba hari abandi baba bagihumeka cyangwa se n’abapfuye […]

Continue Reading

Autriche: Abana Barindwi Bishwe Barashwe

Abantu 10 barasiwe ku kigo cy’amashuri kiri mu mujyi wa Graz, biganjemo abanyeshuri n’umuntu umwe mukuru ndetse n’uwakigabye nawe arahagwa. Umuyobozi w’uyu mujyi witwa Ele Kahr yabwiye ibiro ntaramakuru bya Autriche byitwa APA ko ikigo cyagabweho kiriya gitero kiri ahitwa Dreierschützengasse, kikaba cyagabwe ahagana saa yine ku isaha y’i Vienna. Polisi ntiratangaza amakuru arambuye kuri […]

Continue Reading

 Abana b’inkurikirane bahiriye mu nzu

Ahitwa Nyeri muri Kenya habereye ibyago byaguyemo abana babiri b’inkurikirane umwe w’imyaka itandatu n’undi w’imyaka itatu bahiriye mu nzu. Inkongi yabasanze mu nzu iwabo ahitwa Gathunuka muri Nyeri irabica. Ikinyamakuru Citizen Digital kivuga ko abaturage bakibwiye ko abo bana bari basigaye iwabo bonyine ubwo bagwirirwaga n’ibyo byago, iwabo bahuruzwa n’abaturanyi ko abana babo ibyabo byarangiye. […]

Continue Reading

Gaza: Umuganga Wiciwe Abana Icyenda Mu Gitero Cya Israel Nawe Yapfuye

Dr Hamdi al-Najjar wari ufite ibitaro muri Gaza ahitwa Khan Younis akaba aherutse gupfusha abana icyenda bazize igisasu cya Israel nawe yapfuye azize ibikomere yavanye muri icyo gitero.Icyo gitero cyabaye Tariki 23, Gicurasi, 2025. Uyu mugabo wari ufite imyaka 40, yahuye n’ako kaga ubwo yari avuye kugeza umugore we nawe w’umuganga witwa Dr Alaa al-Najjar […]

Continue Reading