Umudepite wo muri Tanzania yasabye ko abasambanya abana bajya bashahurwa

Mwantum Dau Haji uri mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Tanzania, yasabye ko hashyirwaho itegeko rigena ko abagabo basambanya abana n’abafite ubumuga bajya bakatwa imyanya ndangagitsina bizwi nko gushahurwa mu Kinyarwanda. Ni ingingo uyu mugore yagarutseho mu mpera z’iki Cyumweru ubwo abagize Inteko Ishinga Amategeko muri Tanzania, baganiraga ku ngengo y’imari igomba guhabwa Minisiteri ifite […]

Continue Reading

Uganda: Umugabo wafatanwe abana 30 yakatiwe gufungwa imyaka 16

Urugereko rw’urukiko rukuru rwa Uganda ruburanisha ibyaha mpuzamahanga rwakatiye umugabo witwa Muhammad Walusansa Muzaaya igifungo cy’imyaka 16 nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gucuruza abana. Muzaaya yatawe muri yombi mu 2013, ubwo ubuyobozi bwamenyeshwaga ko mu rugo rwe ruherereye ku kirwa cya Buvuma hari abana 39 bagaragara mu masambu ye bamuhingira ariko ntibajye ku ishuri. Iperereza […]

Continue Reading

Pologne: Impaka ni zose ku mushinga w’itegeko ryemerera abakobwa gukuramo inda

Abadepite bo muri Pologne batangiye impaka ku itegeko rigamije kwemerera abagore n’abakobwa gukuramo inda ku bushake nkuko bari babisezeranyijwe na Minisitiri w’Intebe Donald Tusk Mu 2021 nibwo Pologne yashyizeho itegeko ribuza abagore n’abakobwa gukuramo inda bigizwemo uruhare n’ishyaka ryari ku butegetsi. Donald Tusk ubwo yazaga ku butegetsi, yijeje ko azashyira imbaraga mu guharanira ko abashaka […]

Continue Reading

Nigeria: Umuti wahabwaga abana barwaye inkorora wakuwe ku isoko

Ikigo cyo muri Nigeria gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’imiti, Nafdac, cyaciye umuti wa Benylin Paediatric uhabwa abana bari mu kigero cy’imyaka iri hagati y’ibiri na 15 barwaye inkorora. Iki kigo cyatangaje ko ubugenzuzi bwakorewe muri laboratwari, bwagaragaje ko uyu muti wagombaga gusaza muri uku kwezi kwa Mata 2024 wangiza. Ubu bugenzuzi bwakozwe nyuma y’aho muri Cameroun […]

Continue Reading

Hamuritswe igitabo gishingiye ku buhamya bwanditswe n’abari abana mu gihe cya Jenoside

Umushakashatsi ku mateka, Dr Helene Dumas wo mu Bufaransa yamuritse igitabo yise ‘Sans Ciel Ni Terre’ bivuga “nta Juru nta n’isi” gishingiye ku buhamya bwanditswe n’abari abana b’imyaka kuva kuri 5 kugera kuri 12 mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi. Impuguke mu kwandika ibitabo kuri Jenoside bahamya ko ubu buhamya butanga amakuru yose akenewe ku […]

Continue Reading

Ghana: Umuvuzi gakondo w’imyaka 63 washatse umwana w’imyaka 12 akomeje kurikoroza

Muri Ghana umuriro ukomeje kwaka kubera inkuru y’umupfumu ufite imyaka 63 washyingiranywe n’umwana w’umukobwa w’imyaka 12, benshi bakaba bari kugaragaza ko bidakwiye abandi bakavuga ko mu muco wabo nta kibazo biteje. Uyu mugabo witwa Nuumo Borketeye Laweh Tsuru XXXIII asanzwe amenyerewe mu migenzo n’ubuvuzi gakondo muri iki gihugu, imigenzo y’ubukwe bwe yabaye ku wa Gatandatu. […]

Continue Reading

RDC-abarimu-mu-mashuri-abanza-banze-kwigisha

Abarimu bigisha mu mashuri abanza muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) baravuga ko bamaze igihe badahabwa agahimbazamusyi none bahisemo guhagarika akazi. Ihuriro ry’amashuri abanza muri RDC ryasohoye itangazo rivuga ko kuri uyu wa 10 Mutarama 2023 nta masomo ahari, ko abarimu birirwa bicaye imbere ya Minisiteri y’imali i Kinshasa. Ni mu gihe kandi basabye […]

Continue Reading

USA umwana-wimyaka-itandatu-yatawe-muri-yombi-nyuma-yo-kurasa-umwarimu-we

mwana w’imyaka itandatu yatawe muri yombi afungwa na Polisi nyuma y’uko arashe umwarimu we muri Leta ya Virginia. Uko kurasana kwabaye ku mugoroba wo ku wa Gatanu ahagana Saa Moya z’Ijoro mu Ishuri ribanza rya Richneck riri mu Mujyi Newport News. Ntabwo biramenyekana uburyo uwo mwana yabonye imbunda, gusa Polisi yavuze ko uko kurasa kutabayeho […]

Continue Reading

Umugabo-yishe-umuryango-we-wose-nyuma-yuko-umugore-amusabye-gatanya

Umugabo w’imyaka 42 yarashe abantu barindwi bo mu muryango we mbere y’uko na we yiyica muri leta ya Utah muri Amerika nyuma y’uko umugore we asabye gatanya. Kuwa gatatu nijoro abashinzwe imibereho myiza barimo gukora igenzura basanze uyu muryango w’abantu umunani bose bapfuye mu rugo rwabo rwo mu cyaro ahitwa Enoch City. Polisi ivuga ko […]

Continue Reading

Urukiko-rwanzuye-kudafunga-dosiye-yabapadiri-basambanyije-abana

Urukiko rwo mu Budage rwemeje ko nubwo Joseph Ratzinger wahawe izina rya Papa Benedigito XVI yitabye Imana, dosiye aregwamo ibyaha byo guhishira abihayimana basambanyije abana b’abahungu, itagiye guhita ifungwa. Umuvugizi w’Urukiko rwa Traunstein muri Bavaria, yavuze ko bisanzwe ko urubanza rushobora guhagarara iyo umwe mu baburanyi apfuye. Yakomeje ati “Kuri iyi nshuro ariko si ko […]

Continue Reading