Israel irashinjwa kwica abana n’abasivile muri Gaza

Guhera Tariki 18 Werurwe 2025 ingabo za Israel zasubukuye intambara kuri Hamas nyuma y’uko impande zombi zinaniwe kumvikana ku migendekere y’icyiciro cya kabiri cy’amasezerano y’amahoro ya Doha muri Qatar. Kuva icyo gihe itangazamakuru mpuzamahanga rivuga ko abantu 1,560 ari bo bamaze kugwa muri iyi ntambara kandi barimo abana n’ababyeyi babo. Ibitangazamakuru birimo Aljazeera na BBC […]

Continue Reading

Sudan y’Epfo: Abarimo abana 5 bishwe na Kolera bazira kubura ubuvuzi

Abana batanu n’abandi bantu bakuru batatu bari barwaye Kolera nibo batangajwe ko bapfuye muri Sudani y’Epfo kubera urugendo rurerure bakoze bajya gushaka ubuvuzi, nyuma yuko amavuriro abegereye yafunze imiryango, biturutse ku Ihagarikwa ry’inkunga leta zunze ubumwe za amerika igenera icyo gihugu. Umuryango mpuzamahanga wita ku bana, Save the Children, watangaje ko abo bantu bari bakoze urugendo rw’amasaha […]

Continue Reading

Abarimo umupolisi n’umusirikare bakatiwe gufungwa burundu bazira gusambanya umwana

Urukiko rwo mu murwa mukuru wa Tanzaniya rwakatiye abagabo bane igihano cy’igifungo cya burundu kubera gusambanya umwana w’umukobwa utarageza imyaka y’ubukure. BBC yatangaje ko mu bakatiwe harimo Clinton Damas, umusirikare mu ngabo z’igihugu cya Tanzaniya, na Praygod Mushi, umuyobozi wa gereza. Abandi bakatiwe ni Nickson Jackson na Amin Lema. Usibye igihano cy’igifungo cya burundu, abo […]

Continue Reading

Australia yahagaritse ikoreshwa ry’imbuga nkoranyambaga ku bana

Ibihugu byinshi byagerageje guhagarika ikoreshwa ry’imbugankoranyambaga ku muntu wese utarageza ku myaka 18 ariko birananirana. Ese Australia yo izabigeraho? Mu Cyumweru gishize Minisitiri w’Intebe wa Australia, Anthony Albanese yatangaje ko igihugu giteganya kubuza abari munsi y’imyaka 18 gukoresha imbuga nkoranyambaga, ateguza igerageza mu mezi ari imbere. Yari yavuze ko uwo mwanzuro ufashwe kubera ko imbuga […]

Continue Reading

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zamuritse ibyumba zavugururiye ishuri ribanza rya Nacololo

Ingabo z’u Rwanda ziri mu bikorwa byo kugarura umutekano zibarizwa muri Batayo ya 3 ikorera mu Karere ka Ancuabe, Intara ya Cabo Delgado, muri Mozambique bashyikirije ubuyobozi ibyumba bitanu zavugururiye ishuri ribanza rya Nacololo. Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 4 Nzeri 2024, Ingabo z’u Rwanda zatanze kandi ibikoresho bitandukanye by’ishuri birimo intebe […]

Continue Reading

U Bwongereza: Imyirondoro y’umusore w’Umunyarwanda ushinjwa kwica abana batatu yashyizwe hanze

Ku wa Mbere tariki ya 29 Nyakanga 2024 ni bwo Polisi yo mu Mujyi wa Merseyside mu Bwongereza, yahamagariwe gutanga ubutabazi mu gace ka Southport muri uwo mujyi, aho yageze igasanga abantu benshi biganjemo abana bakomeretse bikomeye. Bivugwa ko muri icyo gitondo, abana bari bitabiriye ibirori ku ishuri ryigisha kubyina muri ako gace, nyuma hakaza […]

Continue Reading

Amashuri yose yategetswe kumanika amategeko 10 y’Imana

Ubuyobozi bwa Leta ya Louisiana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwategetse ko buri cyumba cy’ishuri mu bigo byose, uhereye mu mashuri abanza kugeza kuri Kaminuza kimanikwamo icyapa cyanditseho amategeko 10 y’Imana. Guverineri w’iyi Leta, Jeffy Landry, yashyize umukono ku mwanzuro w’iri tegeko kuri uyu wa 19 Kamena 2024, nk’uko byatangajwe na BBC. Guverineri Landry […]

Continue Reading

Abana batawe n’abasirikare b’u Bwongereza baratakamba

Bamwe mu basirikare b’Abongereza bahoze mu mutwe w’ingabo witwa BATUK (British Army Training Unit Kenya) utanga imyitozo yo kurwanya iterabwoba, bashinjwa n’abagore bo muri Kenya kubatera inda, bagata abana babo. Aba basirikare bafite icyicaro mu karere ka Nanyuki bamaze imyaka myinshi baregwa n’Abanya-Kenya, aho basaba guverinoma ya Kenya n’iy’u Bwongereza kubakurikirana kugira ngo baryozwe ibyaha […]

Continue Reading

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zashyikirije abaturage ikigo cy’amashuri abanza zabubakiye

Inzego z’Umutekano z’u Rwanda ziri muri Mozambique, zashyikirije abaturage bo mu Karere ka Mocimboa Da Praia ikigo cy’amashuri abanza cya Escola Primaria de Ntotwe nyuma yo kongera kugisana no kubaka ibyari byarangijwe n’intambara. Iri shuri riherereye mu bilometero 25 uvuye ku Karere ka Mocimboa Da Praia ryari ryatwitse n’ibyihebe ubwo byagabaga ibitero muri ako gace […]

Continue Reading

COVID-19 yasize ubwiyongere bw’umubyibuho ukabije mu bana b’i Burayi

Raporo nshya y’ Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS), igaragaza ko Icyorezo cya COVID-19 cyasize ingaruka zitandukanye ku buzima bwa muntu, zirimo ubwiyongere bw’umubyibuho ukabije mu bana b’i Burayi bari hagati y’imyaka irindwi n’icyenda. Byavuye mu bushakashatsi bwakorewe ku bana basaga 50,000 bo mu bihugu 17 by’i Burayi. Bwakozwe ku bufatanye n’Ikigo gishinzwe imirire […]

Continue Reading