Gaza: Inzara Ikomeje Kurembya Abana

Abanyamakuru ba BBC bashoboye kugera muri Gaza bafata amashusho yerekana urwo abana bo muri aka gace k’isi bapfuye bazira inzara. Byose bishyirwa ku mutwe wa Israel kubera kubuza imfashanyo kugera yo. Mu mayeri, aba banyamakuru bakoresheje cameras zabo zihishe bafata amashusho yerekana ukuntu inzara iri gukoreshwa nk’intwaro y’intambara muri Gaza, abana bakabizira. Umwe muri bo, […]

Continue Reading

Ingabo z’Ubwongereza Zirashinjwa Kwica Abana Muri Afghanistan

Hari bamwe mu bahoze ari abasirikare b’Ubwongereza bamennye amabanga y’ubugome ingabo z’iki gihugu zivugwaho gukorera abaturage ba Afghanistan barimo n’abana ubwo zari zihakambitse hagati ya 2000 na 2014. Abo bantu bigeze kandi kurwana mu bitero ingabo z’Ubwongereza zagabaga muri Iraq. Mu gusobanura ibyo bintu, umwe muri bo yavuze ko ingabo z’Ubwongereza zarashe abasivili barimo n’abana […]

Continue Reading

RDC: Abarenga 100 biganjemo abana n’abakuze bishwe n’Umwuzure

Abantu 119 biganjemo abana, abasaza n’abakecuru, bo muri Teritwari ya Fizi mu gace ka Kasaba muri Kivu y’Amajyepfo, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) nibo bamaze kumenyekana ko bishwe n’umwuzure watewe n’imvura yaguye mu Ijoro ryo ku wa Gatanu rishyira ku wa Gatandatu. Iyi mvura yatumye umugezi wa Kasaba wuzura usandarira mu baturage bitera umwuzure […]

Continue Reading

Sudani y’Epfo: Imirwano yabujije abagiraneza kugeza imiti n’ibiribwa ku bana bamerewe nabi

Imirwano ikomeye hagati y’ibice bihanganye muri Sudani y’Epfo yatumye ibiribwa n’imiti byari bigenewe abana bo mu Ntara ya Nile River bitabageraho. Ni inkunga bakeneye cyane kuko bashonje, abandi bugarijwe n’uburwayi Abana bo mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba bwa kiriya gihugu nibo bugarijwe cyane n’inzara nk’uko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana n’Iryita ku biribwa bibyemeza. Ibi […]

Continue Reading

Abakobwa nibo bahohoterwa kurusha abahungu-Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bwa Kaminuza ya Washington, bwakorewe mu bihugu 204 ndetse n’ubwakonze n’Ishami rya Loni ryita ku Buzima, OMS, guhera mu 1990 kugera 2023, bugaragaza ko abana b’abakobwa 18.9% aribo bakorerwa ihohotera rishingiye ku gitsina mbere y’uko buzuza imyaka y’ubukure, mu gihe abana abahungu ari 14,8%. Ibi bigaragaza ko umukobwa umwe muri batanu n’umuhungu umwe muri […]

Continue Reading

Abana 18 Bari Barashimutiwe Muri DRC Babonetse Muri Uganda

Abana 18 b’ahitwa Muhagi muri Ituri bafatiwe muri Uganda bikozwe na Polisi y’iki gihugu nyuma y’amakuru y’uko bari barashimuswe n’abagore kandi abo nabo barafashwe. Tariki 07, Gicurasi, 2025 nibwo bafashwe binyuze k’ubufatanye bwa Polisi ya DRC n’iya Uganda. Abo muri Sosiyete sivile bo mu gace abo bana babagamo banenga inzego z’umutekano zihakorera kuko nta buryo […]

Continue Reading

Abana bugarijwe n’amashusho y’urukozasoni

Mu bihugu hafi ya byose by’Isi hari Mudasobwa, Telefoni n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga byorohereza ufite murandasi kugera mu makuru atandukanye. Ikibabaje ni uko mu bisakazwa, harimo n’amashusho y’urukozasoni kandi arebwa n’abana bikabakururira ibibazo byo mu mutwe no guhohoterwa. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF, rivuga ko ubwinshi bw’ayo mashusho no kuba agera ku bana biteje […]

Continue Reading

Kenya: Abapolisi bashinjwa kwica umwana w’amezi 6 bagejejwe imbere y’urukiko

Abapolisi bane bo muri Kenya bashinjwa kwica umwana w’amezi atandatu mu myaka 8 ishize, bagejejwe imbere y’urukiko, abandi umunani bari muri dosiye imwe bararekurwa nyuma y’uko ubushinjacyaha busanze nta mpamvu zifatika zatuma bakurikiranwa n’inkiko. Ni icyemezo cyateje uburakari kinamaganwa n’abantu batandukanye. Dosiye ijyanye n’urupfu rw’umwana witwa Samatha Pendo, igaragaza ko yishwe mu 2017 ubwo abapolisi […]

Continue Reading

FARDC yatabaye abana bari barashimuswe na ADF

Ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo (FARDC) zashyikirije sosiyete sivile ikorera ahitwa Munyangose abana 18 bari baratwawe bunyago n’abarwanyi ba ADF. Mu gikorwa cyo kubabohoza, FARDC yasanze abo bana bari kumwe n’abandi bantu bakuru 10 bari barashimutanywe. Yahise ibashyikiriza MONUSCO hanyuma ku bufatanye bw’impande zombi bashyikirizwa Sosiyete sivile kugira ngo bitabweho. Abaturage bo mu […]

Continue Reading

Imodoka Papa Francis yagendagamo igiye guhindurwa ivuriro ry’abana

Imwe mu modoka zatwaraga Papa Francis ari i Roma( bazita mu Cyongereza popemobiles) igiye guhindurwamo ahantu abana bo muri Gaza bazajya bavurirwa. Aya makuru yaraye atangajwe na Vatican News yemeza ko biri mu byo Papa Francis yasize asabye ko bizakorerwa abana bo muri Gaza kugira ngo babone ubuvuzi. Imodoka iri buhindurwe ibitaro ni iyo Papa […]

Continue Reading