Barack Obama yatabarije abana bashobora kutabona icyo bashyira mu nda mu minsi mikuru

Barack Obama wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye abari ku butegetsi kudahagarika inkunga igenerwa ab’amikoro make kuko byatuma umwana umwe muri batanu abura ibyo kurya bifite intungamubiri ndestse Abanyamerika barenga miliyoni 47 muri rusange bagasoza umwaka ntacyo kurya bafite. Ukwezi kurashize Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri mu cyitwa “Government Shutdown”. Muri Politiki […]

Continue Reading

Amagambo ntahagije, dukeneye ibikorwa! Ubutumwa urubyiruko rwa Afurika rwageneye za Guverinoma

Uurubyiruko ruri hagati y’imyaka 12 na 20 rwari ruteraniye mu nama mpuzamahanga yiga ku mibereho y’umwana muri Afurika yaberaga i Addis Ababa muri Etiyopiya rwasabye za Guverinoma n’izindi nzego zifata ibyemezo mu bihugu bya Afurika gushyira mu bikorwa Politiki n’amasezerano mpuzamahanga yo kurengara umwana bikava mu nyandiko no mu magambo bikajya mu bikorwa. Iyi nama […]

Continue Reading

Haiti: Inkubi y’umuyaga yishe abantu 25 abana 10 baburirwa irengero

Abatuye ibirwa bya CaraĂŻbes bari mu bihe bikomeye bitigeze bibaho mu mateka yabo, aho inkubi y’umuyaga yiswe Melissa, imaze guhitana abasaga 30 ndetse benshi bavuye mu byabo abandi baburirwa irengero. Uyu muyaga wibasiye cyane, Haiti isanzwe ituwe kurusha ibindi birwa muri CaraĂŻbes, aho imaze guhitana abantu 25 abandi bakava mu byabo ndetse abarimo abana 10 […]

Continue Reading

Kenya: Umwana w’imyaka 9 yatabaye abari bagiye kugwa mu mpanuka

Boniface Njoroge w’imyaka 9 wo mu gake ka Murang’a muri Kenya, yatabaye abantu icyenda bari bagiye gupfira mu mpanuka y’imodoka. Uyu mwana yatabaye aba bantu ubwo imodoka yari arimo na Se na nyina n’abandi bagenzi yagwaga mu mugezi wa Kiama, we akabasha guca mu idirishya akayivamo. Uyu mwana yahise yiruka ajya gushaka ubutabazi hafi aho, […]

Continue Reading

u Burusiya bwagabye igitero ku ishuri ry’incuke muri Ukraine

Ubuyobozi bwa Ukraine bwatangaje ko nibura abantu barindwi barimo abana babiri baguye mu bitero bikomeye by’indege zitagira abapilote n’ibisasu by’u Burusiya byagabwe kuri Ukraine. Ishuri ry’incuke ryagabweho igitero mu mujyi wa kabiri wa Ukraine, Kharkiv, naho mu murwa mukuru Kyiv hagaragara ibyangiritse byinshi. Abana kandi bari mu bantu 27 bakomeretse. Ibi byabaye amasaha make nyuma […]

Continue Reading

Ababyeyi bahoberanye n’abana abandi barabaterura! Ibyishimo by’irekurwa ry’imfungwa hagati ya Israel na Palestine

Ibyishimo byatashye mu bana bari bategereje ababyeyi n’imiryango itandukanye, ubwo Israel yarekuraga imfungwa za Palestine nyuma y’uko Hamas na yo irekuye abanya-Israel 20 mu bo yari yarashimuse. Mu masaha ya saa sita nibwo, imodoka ebyiri za ‘bus’ zitwaye imfungwa z’Abanye-Palestine barekuwe na Israel zageze i Ramallah muri West Bank aho abatari bake bari bategereje kureba […]

Continue Reading

Nepal: Abaturutse imihanda yose bari kujya gusenga umwana w’imyaka 2

Abaturage barenga miliyoni 30 bo muri Nepal bayobotse gusenga umwana w’umukobwa w’imyaka Ibiri n’amezi 8 witwa Aryatara Shakya, uherutse gutoranywa nk’Ikigirwamana cy’Isugi. Ntabwo ari bishya muri iki gihugu kuko bagira Ikigirwamana cy’umwana w’umukobwa ukiri muto ndetse w’Isugi ukomoka mu bwoko butanga Imana yitwa Kumari. Mu idini ryemera Buddha muri Nepal ihora ari umukobwa muto cyane […]

Continue Reading

Abangavu barenga 78% bakoze imibonano mpuzabitsina-Ubushakashatsi

Raporo y’uko ubuzima buhagaze muri Uganda, yagaragaje ko 78% by’abana b’abakobwa bari munsi y’imyaka 19, bakiri mu mashuri bakoze imibonano mpuzabitsina bwa mbere, ibikomeje guteza impungenge ku bijyanye n’inda ziterwa abangavu ziri kwiyongera. Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Uburinganire, Umurimo iterambere ry’Abaturage, Aggrey Kiyingi Kabenge, yavuze ko iki kibazo cyafashe indi ntera mu bihe bya guma […]

Continue Reading

Rihanna yerekanye umwana w’umukobwa aherutse kwibaruka

Rihanna abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yerekanye umwana wa gatatu we n’umukunzi we, ASAP Rocky, baherutse kwibaruka. Uyu mwana Rihanna yibarutse ku wa 13 Nzeri 2025, yamwise Rocki Irish Mayers. Ni uwa gatatu uyu mugore uri mu bakunzwe ku Isi amaze kwibaruka kuva yabana na ASAP Rocky mu 2019. Mu 2022 ni bwo Rihanna yibarutse […]

Continue Reading

#UCI: Isi yose n’iyonka bahanze amaso ibirori by’amagare i Kigali (AMAFOTO)

Shampiyona y’Isi y’Amagare yatangiye gukinirwa i Kigali. Ni amateka yanditswe n’u Rwanda mu ruhando mpuzamahanga, mu mutekano usesuye utuma buri wese akurikirana umukino. Hirya no hino Abaturarwanda bazi aho bazajya barebera uwo mukino ufite abafana batari bake mu Rwanda no mu mahanga. Urubyiruko, abana n’iyonka nabo ntibatanzwe cyane ko amashuri yatanze ikiruhuko muri iki gihe […]

Continue Reading