Nigeria: Abanyeshuri bose bari barashimuswe babohowe

Ubutegetsi bwa Nigeria bwatangaje ko abanyeshuri 130 n’abarimu babo bari basigaye barashimuswe bakuwe mu biganza by’amabandi yari yarabashimuse. Aba banyeshuri bari mu barenga 250 bashimuswe muri Papiri mu ishuri ryitwa St Mary. Ku wa 21 Ugushyingo ni bwo bashimuswe. Leta ya Nigeria yaherukaga gutangaza ko abana 100 babashije gutabarwa. Kuri ubu ubuyobozi bwatangaje ko abandi […]

Continue Reading

Hatowe itegeko ribuza abakobwa bari munsi y’imyaka 14 kwitandira

Inteko Ishinga Amategeko ya Autriche yatoye ku bwiganze burunduye bw’amajwi, itegeko ribuza abana b’abakobwa bo muri Islam bari munsi y’imyaka 14, kwambara ibitambaro mu mutwe (kwitandira), ibintu abaharanira uburenganzira bwa muntu bavuze ko birimo ivangura ndetse bishobora gucamo abaturage ibice. Leta ya Autriche yagaragaje ko kubuza abana b’abakobwa kwitandira, ari “ukubarinda ikandamizwa.” Mu 2019 iki […]

Continue Reading

Abana bagize ‘Ghetto Kids’ bakomeje kwigarurira imitima ya benshi (Amafoto)

Kuva ku kubyina indirimbo ya Eddy Kenzo bikinira mu 2014, kubyina mu gutangiza imikino y’igikombe cy’Isi mu 2022, kujya i Paris no muri Britain’s Got Talent mu 2023 abana bo mu itsinda rya ‘Ghetto Kids’ ryo muri Uganda bakomeje kwigarurira imitima ya benshi. Kumara umwanya munini abantu bareba video zabo nibyo bibahesha gutungwa n’imbugankoranyambaga zirimo […]

Continue Reading

Sudan: Ingabo za leta zirashinjwa kurasa ku mashuri

Iperereza ku bitero byo mu kirere mu ntambara yo muri Sudani ryerekanye ko ingabo z’iki gihugu zirwanira mu kirere zarashe ibisasu byishe abasivile bagera ku 1,700 mu bice bituwemo n’abaturage, ku masoko, amashuri ndetse n’inkambi zicumbitsemo abakuwe mu byabo. Ikigo cyakoze ubushakashatsi kuri Sudani (Sudan Witness) kivuga ko cyakusanije amakuru ahagije ku bitero byo mu […]

Continue Reading

Ikiguzi cyo kurera gikomeje guhatira imiryango kutarenza umwana umwe, Ibihugu byatangiye gufata ingamba

Ikiguzi cyo kurera kidahwema kwiyongera n’ikibazo cy’ubukungu mu miryango imwe n’imwe, bikomeje gutera imiryango myinshi guhitamo kubyara umwana umwe abandi bagatinya gushinga Ingo. Hari n’ababyara umwe kubera kubura umwanya wo gutwita kandi batariyumva mu ikoranabuhanga. Mu bihugu byinshi mbere yo kubyara batekereza ibijyanye no kurera bigezweho. Ni ukuvuga kuzajya ujyana umwana wawe gutembera, kumufasha mu […]

Continue Reading

Kopi y’igitabo cy’inkuru ya Superman yagurishijwe miliyoni $9.12

Kopi y’umwimerere y’Igitabo cy’inkuru ishushanyije ya Superman yakunzwe cyane n’abana, yaciye agahigo ko kugurishwa akayabo ka miliyoni 9.12 z’amadorali ya America, asaga miliyari 13.2 mu mafaranga y’u Rwanda. Ni kopi ya mbere ya Superman yasohotse yitwa ‘Superman #1’ mu 1939 abavandimwe batatu baherutse kuvumbura mu nzu y’umubyeyi wabo ubwo bayikoragamo isuku amaze kwitaba Imana. Niyo […]

Continue Reading

U Rwanda rwakiriye abarwanyi ba FDLR batahanye n’abana batanu

U Rwanda rwakiriye abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR batahanye n’abaturage b’abasivili bafitanye isano n’imitwe yitwaje intwaro n’abana batanu. Aba Banyarwanda bacyuwe n’abakozi bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), babashyikiriza u Rwanda kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2025. Perezida wa Komisiyo y’Igihugu ishinzwe gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe […]

Continue Reading

Nigeria: Abanyeshuri bagera ku 100 bashimuswe

Abanyeshuri bivugwa ko bagera ku 100 biga mu kigo cya Kiliziya Gatolika giherereye mu Ntara ya Niger muri Nigeria bongeye gushimutwa n’imitwe y’abagizi ba nabi. Bashimuswe ku wa 21 Ugushyingo 2025, nyuma y’uko ubuyobozi bwo muri iki gihugu bufashe umwanzuro wo gufunga amashuri kubera ikibazo cy’umutekano muke gikunze kugaragara muri aka gace. Ubuyobozi ntabwo buratangaza […]

Continue Reading

Nestlé yashinjwe kohereza muri Afurika ’Cerelac’ zongewemo isukari nyinshi

Imiryango yita ku burenganzira bw’abana irashinja ikigo cyo mu Busuwisi, Nestlé, gikomeye mu bucuruzi bw’ibiribwa, kunyuranya n’amabwiriza mpuzamahanga agenga imirire, kigurisha ibiryo by’abana birimo isukari nyinshi ku masoko ya Afurika. Muri raporo yasohowe n’Umuryango ‘Public Eye’, ku wa 18 Ugushyingo 2025, igaragaza ibipimo byafashwe ku bicuruzwa bya ‘Cerelac’. Ivuga ko hejuru ya 90% by’ibipimo byafashwe […]

Continue Reading

Umubyeyi umwe muri batanu ahura n’iki kibazo

Mu gihe umubyeyi witwa Rebecca Middleton yasamaga, ntiyatekerezaga ko ashobora kuzagera igihe akagenda mu kagare k’abafite ubumuga nkuko byamugendekeye mu mezi atatu mbere yo kubyara. Uyu mubyeyi avuga ko yagize igihembwe cya mbere cyo gutwita kigoye, ahangana n’isesemi n’imbaraga nke, ndetse atangira kugira uburibwe mu nda mu gihe inda yari ifite amezi ane. Ati: “Sinabashaga […]

Continue Reading