Perezida wa FERWAFA yasuye Ikipe y’Igihugu ya U17 iri kwitegura CECAFA

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice, ari kumwe n’abandi bayobozi basuye ikipe y’Igihugu y’abahungu batarengeje imyaka 17 yitegura kujya mu mikino ya CECAFA izabera muri Éthiopie, abasaba kuzahagararira Igihugu neza. Izi ngimbi zikomeje imyitozo, aho zitoreza ku kibuga cyunganira Stade Amahoro no kuri Kigali Pelé Stadium i Nyamirambo. Mu rwego rwo […]

Continue Reading

Sherrie Silver yakusanyije arenga miliyoni 14 Frw azafasha abana barererwa mu muryango yashinze

Umubyinnyi Sherrie Silver uri mu bakobwa bamaze kubaka izina mu myidagaduro mu Rwanda no mu mahanga, yakusanyije arenga miliyoni 14 Frw azifashishwa mu bikorwa by’uburezi, ubuzima n’imibereho myiza y’abana barererwa mu muryango yashinzwe witwa Sherrie Silver Foundation. Ni amafaranga yakusanyijwe binyuze muri cyamunara yakorewe mu birori bya ‘The Silver Gala’ byateguwe na Sherrie Silver, byabereye […]

Continue Reading

Minisitiri Mukazayire yasuye abana batoranyijwe muri gahunda yiswe “Isonga”

Mu rwego rwo gukomeza guteza imbere gahunda ya “Isonga Program” igamije gukuza impano z’abanyeshuri mu mikino inyuranye, Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yasuye ibigo by’amashuri byo mu Burasirazuba no mu Majyaruguru, byatoranyijwe nk’indashyikirwa muri iyi gahunda. Nyuma y’uko hatoranyijwe ibigo by’indashyikirwa by’amashuri yisumbuye muri Porogaramu “Isonga”, Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yatangiye gukora uruzinduko rw’akazi […]

Continue Reading

Abanyeshuri basabwe kujyanisha imikino bakunda no gutsinda neza mu ishuri

Minisitiri w’Uburezi Nsengimana Joseph yibukije abanyeshuri biga bakina imikino itandukanye, kuyijyanisha no gutsinda neza amasomo yo mu ishuri. Yabigarutseho kuri uyu wa 20 Ukwakira ubwo ari kumwe na Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire, n’abandi bayobozi ba siporo mu mashuri n’amashyirahamwe y’imikino mu Rwanda batangizaga ku mugaragaro umwaka w’imikino y’amashuri 2025/26. Minisitiri Nsengimana, yabwiye abanyeshuri ko […]

Continue Reading

Nta bato ntibishoboka-Umutoza w’Amavubi yahishuye ukuntu yasabye umukinyi w’imyaka 17 akabura

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Adel Amrouche, yavuze ko niba u Rwanda rushaka kugira aho rugera mu mupira w’amaguru rukwiye kubitegura ruhereye ku gutoza abana bato naho guhindura kenshi abatoza n’abayobozi muri Siporo ntagisubizo cyifuzwa kizavamo. Yabigarutseho nyuma y’uko Amavubi atsinzwe na Bénin igitego 1-0, agatakaza amahirwe yo kubona itike yo kwerekeza mu Gikombe […]

Continue Reading

Uwise umwana we ‘UCI’ yasobanuye impamvu y’iryo zina

Nyuma yuko Shampiyona y’Isi y’Amagare yabereye mu Rwanda Kuva tariki ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri 2025 irangiye, amakuru ayivugaho yakomeje kugarukwaho mu bitangazamakuru no mu biganiro aho abantu bateraniye. Muri ayo makuru harimo Icyangombwa cy’amavuko cyakomeje guhererekanywa n’abatari bake ku mbuga nkoranyambaga hibazwa ku mubyeyi wise umwana we #UCI. UCI (Union Cycliste Internationale) […]

Continue Reading

#UCI: Umutaliyani Finn Lorenzo w’imyaka 18 yegukanye umudali wa Zahabu

Umutaliyani Finn Lorenzo w’imyaka 18, yegukanye umudali wa Zahabu nyuma yo gutsinda isiganwa ry’abahungu batarengeje imyaka 23 muri Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kubera i Kigali, aho yakoresheje amasaha atatu, iminota 57 n’amasegonda 27 ku ntera y’ibilometero 164,6. Umudali wa Feza, w’umwanya wa kabiri, wegukanywe na Huber Jan wo mu Busuwisi asizwe amasegonda 31. Umudali w’Umuringa […]

Continue Reading

Ni inshingano za buri wese kubaka no guharanira amahoro-RYCLUPO

Umuryango Rwanda Youth Clubs For Peace Organization (RYCLUPO) ugamije kwimakaza umuco w’amahoro mu bana n’urubyiruko wibukije abaturarwanda ko kubaka no guharanira amahoro ari inshingano z’abatuye Isi bose. Ni ubutumwa uyu muryango wagarutseho ku Cyumweru taliki ya 21 Nzeri 2025, ubwo hizihizwaga Umunsi mpuzamahanga w’Amahoro wizihirijwe mu Murenge wa Jenda wo mu Karere ka Nyabihu. Mu […]

Continue Reading

Umuholandi w’imyaka 18 yegukanye Shampiyona y’Isi y’Amagare 2025 mu ngimbi

Umuholandi Mouris Michiel w’imyaka 18 y’amavuko ni we wegukanye Shampiyona y’Isi y’amagare 2025 mu cyiciro cy’ingimbi n’abangavu basiganwa n’ibihe buri wese ku giti cye, akoresheje iminota 29 n’amasegonda arindwi. Mouris Michiel wahagurutse kuri BK Arena saa cyenda n’iminota 49 n’amasegonda 30 ari mu ba nyuma, yegukanye umudali wa zahabu n’umwenda w’umukororombya arushije Umunyamerika Barry Ashlin […]

Continue Reading

#UCI: Isi yose n’iyonka bahanze amaso ibirori by’amagare i Kigali (AMAFOTO)

Shampiyona y’Isi y’Amagare yatangiye gukinirwa i Kigali. Ni amateka yanditswe n’u Rwanda mu ruhando mpuzamahanga, mu mutekano usesuye utuma buri wese akurikirana umukino. Hirya no hino Abaturarwanda bazi aho bazajya barebera uwo mukino ufite abafana batari bake mu Rwanda no mu mahanga. Urubyiruko, abana n’iyonka nabo ntibatanzwe cyane ko amashuri yatanze ikiruhuko muri iki gihe […]

Continue Reading