Balenciaga-yasabye-imbabazi-ku-mafoto-yabana-yari-yakoresheje-yamamaza-imibonano-mpuzabitsina

Yasuwe: 237 Inzu y’imideli yo muri Espagne yitwa Balenciaga yakuyeho ndetse isaba imbabazi ku mashusho yari iherutse gushyira hanze yamamaza ibicuruzwa mu gihe cya Noheli, yateje impaka kubera gukoreshamo abana kandi yamamaza ibiganisha ku mibonano mpuzabitsina. Balenciaga yari iherutse gushyira hanze amafoto ariho abana bari hagati y’imyaka itatu n’itanu, bafite ibipupe bari kwamamaza byambitswe imyenda

Continue Reading

Impamvu-ituma-ababyeyi-bagira-umuhangayiko-nyuma-yigihe-gito-bibarutse

Yasuwe: 239 Ubushakashatsi bwagaragaje ko ababyeyi bamwe na bamwe bagira umuhangayiko nyuma y’igihe gito babyaye kuburyo bishobora kubatwara igihe kirenze umwaka kugira ngo bongere kubona ibitotsi nkuko byari bisanzwe mbere yo kubyara. Byagaragajwe n’ubushakashatsi bwa Kaminuza ya Warwick yo mu Bwongereza bwakorewe ku bagore bagera ku 2,541 n’abagabo 2,118 babyaye hagati ya 2008 na 2015.

Continue Reading

Sudani-yepfo-abapolisi-bu-rwanda-bari-mu-butumwa-bwamahoro-batanze-inkunga-ku-bana-bimfubyi

Yasuwe: 394 Itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda rigizwe n’umubare munini w’abapolisikazi (RWAFPU-3) riri mu butumwa bw’umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 25 Ukwakira, ryatanze inkunga y’ibiribwa, imyambaro ndetse n’ibikoresho by’isuku ku kigo cy’abana b’imfubyi  giherereye mu murwa mukuru Juba. Icyo kigo cyitwa St. Clare House for Children, gicumbikiye abana b’imfubyi

Continue Reading

Igitinyiro-cya-messi-ubwo-yinjiraga-mu-ishuri-rya-barcelona-afite-imyaka-13

Yasuwe: 353 Lionel Messi yinjiye mu ishuri ry’umupira w’amaguru rya Barcelona, La Masia, afite imyaka 13. Ni ishuri ryanyuzemo ibindi bihangange mu mupira w’amaguru nka Xavi, Andres Iniesta, Gerard Pique na Cesc Fabregas. Mu kiganiro BBC Sport yagiranye na Fabregas wakinaga hagati muri Barcelona yavuze ko ikintu cya mbere yabonye kuri Messi ari uko yari

Continue Reading

Abana-bafite-imiterere-idasanzwe-ku-isi-barimo-ufite-amenyo-300

Yasuwe: 391 Buri muntu mu batuye Isi afite ibyo yihariye adahuje n’undi, ariko abantu bamwe na bamwe bafite ibyihariye bidasanzwe kurusha abandi. Muri iyi nkuru tugiye kubagezaho abana bafite imiterere idasanzwe ku Isi. Nk’umwana umubyeyi azakubwira ko uri umuntu udasanzwe kandi w’igitangaza. Impamvu rusange yabyo ni ukugira ngo twigirire icyizere igihe tukiri bato. Nubwo buri 

Continue Reading

Urunana-rugeze-aharyoshye-muganga-jackie-yatawe-muri-yombi-azira-cedrick

Yasuwe: 844 Abakunzi b’Ikinamico Urunana bibazaga uko ibya Muganga Jackie n’umwana muto witwa Cedrick bizarangira none ifatwa rye niryo ryashyize akadomo ku mukino wo kuri uyu wa 21 Nyakanga 2022. Mu Ikinamico Urunana Muganga Jackie ni umukobwa ukuze ukora akazi ko kuvura ku Kigonderabuzima cy’i Nyarurembo naho Cedrick ni umwana w’umuhungu w’imyaka 17 y’amavuko

Continue Reading

Impamvu-udakwiye-gucikwa-ni-umutware-filimi-nshya-ivuga-ku-bana-yatangiye-kwigarurira-imitima-ya-benshi

Yasuwe: 561 Mu Rwanda hasohotse filimi y’uruhererekane yiswe ‘Ni Umutware’ ivuga ku bana, ikaba imaze kwigarurira imitima y’abatari bake mu minsi ine gusa imaze isohotse. Ni Umutware ni filimi izajya yibanda ku burenganzira bw’umwana, kurwanya ihohoterwa rimukorerwa, imikurire myiza, uburere buboneye n’imibereho y’umwana mu muryango Nyarwanda. Ku wa 07 Nyakanga 2022 nibwo hasohotse agace kayirarikira

Continue Reading

Sakwe-sakwe-dukine-umukino-winyurabwenge-uryohera-abato-nabakuru

Yasuwe: 948 Ibisakuzo ni umukino wo mu magambo. Ugizwe n’ibibazo n’ibisubizo bihimbaza abakuru n’abato kandi birimo ubuhanga. Amateka y’Ubuvanganzo Nyarwanda agaragaza, ko  ibisakuzo byagiraga abahimbyi b’inzobere muri byo, bahoraga bacukumbura ijoro n’umunsi, kugirango barusheho kunoza no kuryoshya uwo mukino. Ibyo bituma bibamo amagambo akomeye abato badashobora kumva byoroshye. Ni byiza ko niba ukina uyu mukino

Continue Reading